{"id":7672,"date":"2017-10-05T12:20:53","date_gmt":"2017-10-05T12:20:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/05\/gicumbi-bamwe-bavuga-ko-batazi-ibijyanye-na-gahunda-ya-guverinoma-y-imyaka-7\/"},"modified":"2025-02-12T15:38:33","modified_gmt":"2025-02-12T13:38:33","slug":"gicumbi-bamwe-bavuga-ko-batazi-ibijyanye-na-gahunda-ya-guverinoma-y-imyaka-7","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672","title":{"rendered":"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi mu Ntara y\u2019Amajyaruguru bemeza ko biteguye ndetse ko banakomeje gutanga umusanzu wabo mu iterambere ry\u2019igihugu, ariko ngo babigeraho neza mu gihe basobanukiwe gahunda y\u2019imyaka 7 ya Guverinoma.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bamwe iyo ugerageje kubabwira ko yatambutse kuri radio no mu bindi binyamakuru ubwo Minisitiri w\u2019Intebe yayigezaga ku bagize Inteko Ishinga Amategeko mu mpera z\u2019ukwezi gushize, usanga bavuga ko batazi ibijyanye n\u2019iyi gahundaBamwe<\/p>\n<p>Umwe ati \u201c Sinyizi ariko ni imyaka irindwi perezida azatuyobora?, undi ati \u201c ni ukongera amazi n\u2019amashanyarazi.\u201d<\/p>\n<p>Uwitwa Rucamihigo Jean Marie w\u2019imyaka 54 avuga ko iyi gahunda bayitangaje arwaye.<\/p>\n<p> Ati \u201cGahunda y\u2019imyaka irindwi, babitangaza nari ndwaye ntabwo nabikurikiranye neza.\u201d<\/p>\n<p>Undi uti \u201cNjyewe numva amazi n\u2019amashanyarazi. Mu kagari ka Rusekera mu mudugudu wa Kiyovu, amashayanyarazi twarayabonye n\u2019abandi azaboneka. N\u2019amazi kandi arahari muri metero 10 hari amazi, ubu ijerekani ni 20.\u201d<\/p>\n<p>Uwitwa Havugimana Jean Pierre Celestin utuye mu kagari ka Remera, Umurenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi, ni we wasubije mu buryo bwumvikanisha ko yumvise iyi gahunda mu bantu basaga 50 muri utwo turere bavuganye n\u2019abanyamakuru bari gufashwa n\u2019Inama Nkuru y\u2019Itangazamakuru mu kunoza umwuga wabo.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Minisitiri w\u2019Intebe yabisobanuye neza. Narabyumvise yavuze ko kugaruza imitungo ya Leta yanyerejwe, izagaruzwa ku kigero cya 90%.\u201d<\/p>\n<p>Ubwo ngo Minisitiri w\u2019Intebe yatangazaga iyi gahunda ngo yabyumviraga kuri radiyo mu gace atuyemo, akoreramo ubucuruzi.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ibyo yavuze bijyanye n\u2019ibyatangajwe na Minisitiri w\u2019Intebe Dr Ngirente Edouard, imwe mu ngingo zidakunze gukurikiranwa n\u2019abaturage, aho yagize ati \u201cHazongerwa imbaraga nyinshi mu kugaruza umutungo w\u2019abahamwe n\u2019ibyaha byo kunyereza no kwangiza umutungo wa Leta ku buryo igipimo cy\u2019umutungo uzagaruzwa kizagera kuri 90% kivuye 44,3%. Bumwe mu buryo buzifashishwa ni ukurushaho gukoresha abahesha b\u2019Inkiko b\u2019umwuga.\u201d<\/p>\n<p>Nubwo aba baturage badasobanukiwe n\u2019iyi gahunda, ariko bazi ko manda y\u2019umukuru w\u2019igihugu ari imyaka irindwi izamara, ndetse ko hari n\u2019uruhare rwabo mu gutuma igihugu gitera imbere.<\/p>\n<p>Havugimana ati \u201cUruhare rwanjye ni ukwitabira gahunda za leta. Ni ukuvuga kwitabira umuganda n\u2019ibindi bikorwa byose umuturage asabwa kugiramo uruhare. Harimo kwishyura mituweli ku gihe ndetse nkanjye w\u2019umucuruzi ngasorera ku gihe.\u201d<\/p>\n<p>N\u2019ubwo abaturage benshi bavuga ko batazi iby\u2019iyi gahunda y\u2019imyaka 7 ya Guverinoma, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019uyu murenge wa Manyagiro, Kamuhire Dieudonne, yavuze ko ibijyanye na yo, abaturage bagiye bayisobanurirwa.<\/p>\n<p>Ati \u201cImyumvire y\u2019abaturage igeze ahantu hashimishije mu nzego zitandukanye,  twagerageje kugenda tubiganiraho nabo, ubona bose bashyigikiye nyakubahwa Perezida wa Repubulika. Tuzafasha umukuru w\u2019igihugu mu kwesa imihigo. Abaturage biteguye gukora ku bikorwa biganisha ku iterambere. Urugero nko muri mituweli twiyemeje ko ntawe uzasigara  atayishyuye.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko Manyagiro yo muri iyi manda izaba itandukanye n\u2019iyo mu ishize. Ati \u201cManyagiro yo muri 2024 izaba yarahinduye isura, ifite imibereho myiza ifatika, buri wese agira icyo yinJiza, harimo ibikorwa remezo, amazi amashanyarazi azaba yageze kuri bose, abaturage bafite imyumvire iri hejuru. Izaba yahinduye isura izaba isobanutse.\u201d<\/p>\n<p> Yasabye abaturage guhagurukira urwo rugamba ati \u201cNibahaguruke dukenyere, dukomeze  dufashe Perezida Kagame kugera ku byo yaduteganyirije kuko ni byinshi.\u201d<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi mu Ntara y\u2019Amajyaruguru bemeza ko biteguye ndetse ko banakomeje gutanga umusanzu wabo mu iterambere ry\u2019igihugu, ariko ngo babigeraho neza mu gihe basobanukiwe gahunda y\u2019imyaka 7 ya Guverinoma. Bamwe iyo ugerageje kubabwira ko yatambutse kuri radio no mu bindi binyamakuru ubwo Minisitiri w\u2019Intebe yayigezaga ku bagize [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7672","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi mu Ntara y\u2019Amajyaruguru bemeza ko biteguye ndetse ko banakomeje gutanga umusanzu wabo mu iterambere ry\u2019igihugu, ariko ngo babigeraho neza mu gihe basobanukiwe gahunda y\u2019imyaka 7 ya Guverinoma. Bamwe iyo ugerageje kubabwira ko yatambutse kuri radio no mu bindi binyamakuru ubwo Minisitiri w\u2019Intebe yayigezaga ku bagize [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-05T12:20:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:38:33+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7\",\"datePublished\":\"2017-10-05T12:20:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:38:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672\"},\"wordCount\":526,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672\",\"name\":\"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-05T12:20:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:38:33+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7672#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7 - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi mu Ntara y\u2019Amajyaruguru bemeza ko biteguye ndetse ko banakomeje gutanga umusanzu wabo mu iterambere ry\u2019igihugu, ariko ngo babigeraho neza mu gihe basobanukiwe gahunda y\u2019imyaka 7 ya Guverinoma. Bamwe iyo ugerageje kubabwira ko yatambutse kuri radio no mu bindi binyamakuru ubwo Minisitiri w\u2019Intebe yayigezaga ku bagize [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-05T12:20:53+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:38:33+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7","datePublished":"2017-10-05T12:20:53+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:38:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672"},"wordCount":526,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7672#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672","name":"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-05T12:20:53+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:38:33+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7672"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7672#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gicumbi: Bamwe bavuga ko batazi ibijyanye na gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka 7"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7672","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7672"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7672\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7672"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7672"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7672"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}