{"id":7676,"date":"2017-10-05T16:30:42","date_gmt":"2017-10-05T16:30:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/05\/dore-ibimenyetso-bizakubwira-ko-umukobwa-umugore-yaryoshya-imibonano\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:22","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:22","slug":"dore-ibimenyetso-bizakubwira-ko-umukobwa-umugore-yaryoshya-imibonano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676","title":{"rendered":"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p>Abantu benshi batinya kugira ibiganiro bagira ku ikorwa ry\u2019imibonano mpuzabitsina ariko kandi ugasanga iyi ngingo isenyera benshi kubera kutamenya byinshi kuri yo cyangwa gutinya kubivugaho ngo ni ibishitani cyangwa ni ingeso mbi.<br \/>\nAha, turagaruka ku uburyo umukobwa cga umugore ashobora kunezeza umugabo mu gitanda, cyangwa se umugabo akumva amwishimiye, bwiza.com yakubwira ko bitandukanye na babandi kera bitaga ba Mukag.\u2026. hari uburyo abahanga barebamo umugore\/kobwa bakamenya ko yashimisha mu buriri.<br \/>\nGusa na none ntitwakwirengagiza ko ubumenyi n\u2019uburambe umukobwa\/umugore abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe n\u2019ibyo banyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye n\u2019abakuze.<br \/>\nImiterere y\u2019umubiri w\u2019umukobwa ishobora kubimufashamo, hari uburyo bwo kumenya umukobwa\/umugore waryoshya imibonano umurebye ku maso. Ibi bikurikira nubibona ku mukobwa uzamenye ko ashobora kuryoshya imibonano mpuzabitsina mu buryo butangaje.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmukobwa ubasha kwiterura si unanutse gusa, kuko hari umukobwa uzasanga ananutse ariko nta gatege yigirira kimwe nuko uzabona umukobwa ubyibushye cyane kandi ahorana ingufu n\u2019imibaduko.<br \/>\nUmukobwa ugenda asodoka uwo nta kigenda, ahubwo wa mukobwa ubona yiterura akava hasi, akihuta mbese ukabona yiyoroshya nk\u2019ibaba kabone nubwo abyibushye, uwo aba yaryoshya imibonano mpuzabitsina.<br \/>\nUmukobwa ufite umubiri worohereye nk\u2019isashi irimo amazi, ufite hagati y\u2019amaguru hegeranye, ufite ku kiziba cy\u2019inda hasa nk\u2019ahabyimbye uwo aba aroshya imibonano.<br \/>\nUmukobwa ugira ubukirigitwa, kandi akagira amarangamutima menshi (sentiments and emotions). Wa mukobwa urizwa n\u2019ubusa, yababara akarira yakwishima akarira.<br \/>\nNtitwabura kongeraho ko buri musore ashobora kugira ibye byatuma aryoherwa. Ku basore bamwe na bamwe uzasanga bemeza ko umukobwa uryoshya imibonano ari ufite amabuno manini, amatako abyibushye cyangwa y\u2019inzobe, amaguru meza manini, amaribori mu ntege, amabere mato cyangwa manini. Ibi byose ni ibitangwa mu bitekerezo by\u2019abasomyi ba bwiza.com ku nkuru ziba zatambutse.<br \/>\nNB: Inkuru nk\u2019izi zigenewe abashakanye, cyangwa abari mu nzira yabyo, rubyiruko mwirinde ubusambanyi kuko bushobora gutuma mwiyicira ejo hanyu heza, mukandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nka VIH\/SIDA cyangwa gutwara inda zitateguwe.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Kamikazi Gentille\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi batinya kugira ibiganiro bagira ku ikorwa ry\u2019imibonano mpuzabitsina ariko kandi ugasanga iyi ngingo isenyera benshi kubera kutamenya byinshi kuri yo cyangwa gutinya kubivugaho ngo ni ibishitani cyangwa ni ingeso mbi. Aha, turagaruka ku uburyo umukobwa cga umugore ashobora kunezeza umugabo mu gitanda, cyangwa se umugabo akumva amwishimiye, bwiza.com yakubwira ko bitandukanye na babandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-7676","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi batinya kugira ibiganiro bagira ku ikorwa ry\u2019imibonano mpuzabitsina ariko kandi ugasanga iyi ngingo isenyera benshi kubera kutamenya byinshi kuri yo cyangwa gutinya kubivugaho ngo ni ibishitani cyangwa ni ingeso mbi. Aha, turagaruka ku uburyo umukobwa cga umugore ashobora kunezeza umugabo mu gitanda, cyangwa se umugabo akumva amwishimiye, bwiza.com yakubwira ko bitandukanye na babandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-05T16:30:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\\\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2017-10-05T16:30:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676\"},\"wordCount\":346,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676\",\"name\":\"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\\\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-05T16:30:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7676#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\\\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Abantu benshi batinya kugira ibiganiro bagira ku ikorwa ry\u2019imibonano mpuzabitsina ariko kandi ugasanga iyi ngingo isenyera benshi kubera kutamenya byinshi kuri yo cyangwa gutinya kubivugaho ngo ni ibishitani cyangwa ni ingeso mbi. Aha, turagaruka ku uburyo umukobwa cga umugore ashobora kunezeza umugabo mu gitanda, cyangwa se umugabo akumva amwishimiye, bwiza.com yakubwira ko bitandukanye na babandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-05T16:30:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:22+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina","datePublished":"2017-10-05T16:30:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676"},"wordCount":346,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7676#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676","name":"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-05T16:30:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7676"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7676#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore ibimenyetso bizakubwira ko umukobwa\/umugore yaryoshya imibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7676","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7676"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7676\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7676"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7676"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7676"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}