{"id":768,"date":"2016-02-24T08:25:34","date_gmt":"2016-02-24T08:25:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/24\/ruhango-haribazwa-impamvu-imodoka-yagenewe-gutwara-abarwayi-imara-imyaka-2\/"},"modified":"2025-02-12T22:23:22","modified_gmt":"2025-02-12T20:23:22","slug":"ruhango-haribazwa-impamvu-imodoka-yagenewe-gutwara-abarwayi-imara-imyaka-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768","title":{"rendered":"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo"},"content":{"rendered":"<p>Mu Karere ka Ruhango hari ikibazo cy&#8217;imodoka itwara abarwayi (Imbangukiragutabara)imaze imyaka ibiri mu igaraje ry\u2019amamodoka riherereye i Kabgayi  ihahishe ntacyo ikora hakibazwa impamvu idakora akazi ishinzwe kandi kugeza ubu ababishinzwe bakaba bananiwe gutanga ibisobanuro.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25189\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297-300x297.jpg\" alt=\"DSC05809-300x297\" width=\"823\" height=\"815\" \/><\/a><\/p>\n<p>Ikinyamakuru cya hano mu Rwanda dukesha iyi nkuru kivuga ko bamwe mu bayobozi b\u2019akarere barimo Meya ndetse n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Akarere iki kibazo bari bakizi ariko bakaryumaho, ndetse ngo kuri iki kibazo hakiyongeraho ikindi cy\u2019umushoferi watwaraga iyo modoka uvukana n\u2019uwari umuyobozi w\u2019ibitaro bya Gitwe akaba yarapangiraga mwenese akazi ariko babikora nabi ngo biramenyekana.<\/p>\n<p>Ibyo byose Akarere karabimenyaga ariko kubera ya mpamvu na wa mugambi wo kuyihisha mu i Garage uwari umushoferi wayo akajya ahembwa kandi adakora nibyo bikwiye gukurikiranwa bakamenyekana kuko ntabwo umuyobozi w\u2019ibitaro yajya asohora urutonde rw\u2019abakozi atazi ngo bahembwe amafaranga ya Leta atabazi nk\u2019uko ikinyamakuru dukesha iyi nkuru gikomeza kivuga.<\/p>\n<p>Ngo ibi bishatse kuvuga ko mwenese w\u2019uwo mushoferi ari we wayoboraga ibyo bitaro uwo mushoferi yahemberwagaho ariko bikaba bivugwa ko nyuma yo kubona ko imigambi ye yatahuwe yeguye ku kazi ubu akaba yikorera akaba afite Pharmacy ye .<\/p>\n<p>Iki kinyamakuru kivuga ko cyabashije n\u2019uyu wayoboraga ibi bitaro kuri telephone, maze n\u2019ubwoba bwinshi nk\u2019uko kivuga, agira ati: \u201cicyo mugamije n\u2019icyo mushaka kugeraho ndabizi mwandike ibyo mushaka niyo haba kuri radio nta kibazo mfite ariko mujye mwandika ibyubaka igihugu\u201d.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05811-1-300x225.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25190\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05811-1-300x225-300x225.jpg\" alt=\"DSC05811-1-300x225\" width=\"823\" height=\"617\" \/><\/a><\/p>\n<p>Iki kinyamakuru cyamubajije niba ibyubaka igihugu ari ukujya guhisha imodoka yakabaye ijyana abarwayi kwa muganga bakajya kuyihisha mu i Garage aho igiye kumara imyaka hafi 2 yose .<\/p>\n<p>Ubusanzwe izo modoka zihabwa Uturere na Minisante ,Uturere nitwo tuba tuzi ibitaro bikeneye Ambulance bukazitanga niyo mpamvu Ikinyamakuru kivuga ko cyagiye no muri Minisante kikabaza uwitwa Mugume Nathan umuvugizi wa Minisante maze agira ati \u201cAmbulance imara ite umwaka urenga mu i Garage? Ibitaro se byabuze amafaranga akoresha iyo modoka ?Akarere se ko kabuze amafaranga yo kuyikoresha kuko hari akazi yagenewe gukora birashoboka ko harimo ikibazo hagati yabo bireba ibitaro n\u2019Akarere bakwiye gukurikiranwa hakiri kare\u201d.<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri iki kinyamakuru kigikurikirana, ngo ni uko hari ikirego ubugenzacyaha bwashyikirije ubushinjacyaha , aho bivugwa ko ikirego kivuga ko ari ukwangiza imitungo ya Leta ndetse no kuyikoresha nabi no guteza igihombo Leta .<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05814-300x225.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25191\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05814-300x225-300x225.jpg\" alt=\"DSC05814-300x225\" width=\"823\" height=\"617\" \/><\/a><\/p>\n<p>Ubu iyo modoka yakabaye itwara abarwayi nkuko yabigenewe ndetse yateje igihombo kuko umushoferi wa baringa yahembwe Miliyoni 7 zose hejuru yibyo byose hiyongeraho amafaranga ibarirwa ku munsi ibihumbi bitatu (3000 Rfw) byaho iparitse mu I Garage kuko harishyurwa amafaranga naho hazishyurwa agera kuri Miliyoni ebyiri (2.000.000Rwf).<\/p>\n<p>Inkuru ikomeza ivuga ko abatahuye iki kibazo bashatse kwirukanwa ku kazi na Meya birananirana, ashaka bamwe bahindurirwa akazi ariho bamwe bavuga ko Akarere kabaye akarima kabo aho bakora ibyo bashatse ntangaruka .<\/p>\n<p>Umwe mu bakorera muri ako Karere ka Ruhango uzi amakuru yose hatatangajwe amazina ye kubera impamvu z\u2019umutekano we yagize ati \u201cikibabaje n\u2019uburyo ayo makuru yose avugwa akagera no mu nzego zo hejuru ariko ntibagire icyo bakora kandi bagakwiye guha agaciro abarwayi babura uko bagera ku bitaro kandi imodoka yakabaye ibikora iparitse mu i Garage. Ubuse nabyo bizategereza igihe Perezida wa Repubulika ko aza akaba ariwe ugikemura ?ahubwo barimo bararwanira gusubira ku buyobozi kandi abaturage bafite ibibazo\u201d.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>Amafoto: Umusingi<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p> <strong>Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Karere ka Ruhango hari ikibazo cy&#8217;imodoka itwara abarwayi (Imbangukiragutabara)imaze imyaka ibiri mu igaraje ry\u2019amamodoka riherereye i Kabgayi ihahishe ntacyo ikora hakibazwa impamvu idakora akazi ishinzwe kandi kugeza ubu ababishinzwe bakaba bananiwe gutanga ibisobanuro. Ikinyamakuru cya hano mu Rwanda dukesha iyi nkuru kivuga ko bamwe mu bayobozi b\u2019akarere barimo Meya ndetse n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Akarere iki [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-768","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=768\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Karere ka Ruhango hari ikibazo cy&#8217;imodoka itwara abarwayi (Imbangukiragutabara)imaze imyaka ibiri mu igaraje ry\u2019amamodoka riherereye i Kabgayi ihahishe ntacyo ikora hakibazwa impamvu idakora akazi ishinzwe kandi kugeza ubu ababishinzwe bakaba bananiwe gutanga ibisobanuro. Ikinyamakuru cya hano mu Rwanda dukesha iyi nkuru kivuga ko bamwe mu bayobozi b\u2019akarere barimo Meya ndetse n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Akarere iki [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=768\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-24T08:25:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T20:23:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297-300x297.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo\",\"datePublished\":\"2016-02-24T08:25:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:23:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768\"},\"wordCount\":547,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/DSC05809-300x297-300x297.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768\",\"name\":\"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/DSC05809-300x297-300x297.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-24T08:25:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:23:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/DSC05809-300x297-300x297.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/DSC05809-300x297-300x297.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=768#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo - BWIZA","og_description":"Mu Karere ka Ruhango hari ikibazo cy&#8217;imodoka itwara abarwayi (Imbangukiragutabara)imaze imyaka ibiri mu igaraje ry\u2019amamodoka riherereye i Kabgayi ihahishe ntacyo ikora hakibazwa impamvu idakora akazi ishinzwe kandi kugeza ubu ababishinzwe bakaba bananiwe gutanga ibisobanuro. Ikinyamakuru cya hano mu Rwanda dukesha iyi nkuru kivuga ko bamwe mu bayobozi b\u2019akarere barimo Meya ndetse n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Akarere iki [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-24T08:25:34+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T20:23:22+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297-300x297.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo","datePublished":"2016-02-24T08:25:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:23:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768"},"wordCount":547,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297-300x297.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=768#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768","name":"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297-300x297.jpg","datePublished":"2016-02-24T08:25:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:23:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=768"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297-300x297.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/DSC05809-300x297-300x297.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=768#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/768","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=768"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/768\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=768"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=768"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=768"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}