{"id":7689,"date":"2017-10-06T12:32:22","date_gmt":"2017-10-06T12:32:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/06\/barasaba-leta-kubitaho-kuko-bakumirwa-bageze-mu-zabukuru\/"},"modified":"2025-02-12T15:27:36","modified_gmt":"2025-02-12T13:27:36","slug":"barasaba-leta-kubitaho-kuko-bakumirwa-bageze-mu-zabukuru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689","title":{"rendered":"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abageze mu zabukuru mu Rwanda barasaba Leta n\u2019inzego zitandukanye kubitaho mu buryo bwihariye, kubera ko mu kigero cyabo ngo usanga bahura n\u2019ibibazo byinshi bakabura icyo bakora bitewe n\u2019imbaraga zabo nke.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Abageze muri iki cyiciro, gihuza abafite imyaka y\u2019amavuko guhera kuri 60 kuzamura [nkuko igisobanuro cya Loni  bavuga ko nta gahunda yihariye bagenerwa mu bigo bitandukanye bya leta n\u2019abikorera, bakirwa nk\u2019abandi bose, ntibahabwe serivisi zihariye z\u2019icyiciro cyabo kandi ngo akenshi usanga bafite imbaraga nke z\u2019umubiri.<\/p>\n<p>Icyifuzo cyabo ni uko muri politiki zose za leta  hajya hagenwa uburyo busobanutse ku bijyanye n\u2019abageze mu zabukuru n\u2019uko bitabwaho.<\/p>\n<p>Perezida w\u2019Umuryango Nsindagiza, ufasha abageze mu zabukuru ngo bave mu bwigunge, Elie Mugabowishema, avuga ko mu gutwara abantu mu modoka usanga hari aho bateganyirijwe imyanya mu modoka nini zitwara abagenzi muri Kigali, ariko ngo hari ubwo abageze mu zabukuru basanga abato kuri bo bayicayemo ntibabimukire. Bamwe usanga bavuga ko bishyuye amafaranga angana n&#8217;ayabo bakuze. Akomeza avuga ko mu gihe umusaza cyangwa umukecuru ugiye ahagaze mu modoka bishobora kumugiraho ingaruka zikomeye z&#8217;uburwayi kuko ngo n&#8217;ubundi usanga  ubuzima bwabo butaba bukomeye, kandi bafite n&#8217;imbaraga nke.<\/p>\n<p>Abo mu Murenge wa Manyagiro mu Karere ka Gicumbi, barimo Mukakayumba Consilie w\u2019imyaka 61,  na Havugimana Jean Pierre Celestin uri muri icyo kigero, bavuga ko hari aho bajya ntibahabwe serivisi zihariye. Batanga urugero rwo kwa muganga no muri za banki, aho bagenda bagatonda umurongo, rimwe na rimwe bisaba guhagarara. Icyo gihe iyo bananiwe ngo bashaka aho bicara ku buryo hari ababacaho ntibaherwe izo serivisi ku gihe.<\/p>\n<p> <strong>Bashwishurizwa kwishingirwa bageze mu zabukuru <\/strong> <\/p>\n<p>Mugabowishema avuga ko mu bijyanye n\u2019ubuzima bahahuriramo n\u2019ibibazo avuga ko bikomeye. Ati \u201cHari igikomeye mu bijyanye n\u2019ubuzima, nta mibare twashatse, ariko usanga ikigo cy\u2019ubwiteganyirize(RSSB) usanga hari  indwara zimwe yemera kwishingira kuvura ku muntu ukiri muto , ariko yagera nko ku myaka 45 kuzamura akaba atemerewe kuzishingirwa.\u201d<\/p>\n<p>Atanga urugero nk\u2019igihe  umuntu aba yagize ikibazo mu bwonko akwiye kubagwa, ariko umuto akaba yabagwa ugeze ku myaka nka 45 ngo akaba atemerewe kwishingirwa. Sosiyete z\u2019ubwishingizi nazo ngo hari igihe usanga zitoranya uburyo bwo kwishingira abantu haherewe ku myaka, abakuze bagahabwa nkeya ugereranyije n\u2019izemerewe abakiri bato.<\/p>\n<p>Ibyo ngo asanga ari ikibazo kiganisha gufata umuntu nk\u2019aho atari umuntu. Ati \u00ab Ni ikibazo ni nko kuvuga ko atakiri umuntu. Ugeze mu zabukuru ufite imyaka 60, akajya kuri banki ashaka kubaka inzu ashaka inguzanyo, agahabwa nke, bakagena imyaka mike azishyuriramo.  Hari ihezwa muri serivisi z\u2019ubuzima n\u2019iz\u2019imari. \u00bb<\/p>\n<p>Ku bijyanye no kwa muganga nabwo ngo hari igihe abageze mu zabukuru batitabwaho bijyanye n\u2019ubushobozi n\u2019ubwenge bwabo. Atanga urugero nk\u2019aho ashobora kugera imbere ya muganga aho guhita amubwira ibimenyetso by\u2019uburwayi afite ngo asuzumwe, ahubwo usanga atangira kuvuga uko yavutse, uko yarongowe. Icyo gihe ngo hari abaganga batabasha kubaganiriza uko bikwiye ngo bagere ku rwego rwo kubasuzuma bakaba babakira mu buryo bubabangamiye. Agira ati \u00ab Uba ukeneye kumwumva, ukamutega amatwi, hari uvuga ngo simvura abakecuru, Yego wenda ashobora kuba afite abarwayi benshi agomba gusuzuma&#8221;.<\/p>\n<p>Mugabowishema avuga ko bikwiye ko abaganga bahugurirwa kwakira abageze mu zabukuru nk\u2019uko haba hari abaganga b\u2019abana n\u2019ab\u2019abagore, ndetse nk\u2019uko umwana urwaye hahita humvikana ko avurirwa muri pediatrie, umugore utwite akajyanwa muri  maternit\u00e9. Ibyo ngo byafasha ko abo baganga bakwita ku ndwara zihariye zifata abageze mu zabukuru.Muri za hoteli na resitora naho  ngo abahakora bari bakwiye gutekereza ku mafunguro adakize ku mavuta n\u2019ibinyobwa ku isukari, nkuko hatekerezwa ku babyeyi(abagore) n\u2019abana.<\/p>\n<p> <strong>Hamwe bashima uburyo bitabwaho<\/strong> <\/p>\n<p>Mugabowishema avuga ko mu nzego z&#8217;ibanze bahabwa serivisi nziza bagereranyije n&#8217;ahandi. Mu modoka zitwara abagenzi muri Kigali ngo hari aho bagenewe imyanya nk\u2019abakuze n&#8217;abagore batwite.Muri gahunda za leta bashima uburyo abageze mu zabukuru bitabwaho. Avuga ko usanga bahabwa inkunga z&#8217;abatishoboye, gahunda ya girinka barazibahwa n\u2019izindi zigenewe abatishoboye.Semana Claver, utuye mu Karere ka Nyarugenge avuga ko ku kagari no ku murenge usanga abayobozi babaheraho.<\/p>\n<p>Umuryango nyarwanda nawo ngo ukwiye  kwita ku buryo wita ku bageze mu zabukuru.Abo mu karere ka Gicumbi na Burera bavuga ko abana babo bajya mu mijyi bagakirirayo, bakazagaruka bazanye imodoka nyinshi mu ishyingurwa ry\u2019ababyeyi babo nyamara ngo mbere batabitagaho.<\/p>\n<p>Mugawobishema avuga ko abo bana nabo baba bagomba gushaka ubuzima bwo kwibeshaho no gutunga imiryango yabo, ku buryo umuryango nyarwanda ubari hafi ukwiye kumwitaho. Ubuyobozi bugomba guhuza abageze mu zabukuru bakabarinda kwigunga, bategurirwa ibiganiro n\u2019ibitaramo bibasusurutsa. Urugero ni ibikorwa na TV1, aho yabageneye urubuga rwa \u2018Muzehe Quiz\u2019 aho babazwa ibibazo bitandukanye mu rwego rwo kutirengagiza ubumenyi bwabo no kubasusurutsa kuko umusaza utabarutse aba ari nk\u2019nzu y\u2019ibitabo ihiye.<\/p>\n<p>Muri rusange ngo leta ikwiye kwitabira gutanga raporo z&#8217;uko yita ku bageze muri iki cyiciro, kuko ngo basanga ibitaho ariko ikaba itazitanga, ku buryo iri mu bihugu 5 bya nyuma ngo bitabitaho. Ikwiye kandi kubyaza umusaruro ubuhanga bafite.<\/p>\n<p>Mugawobishema avuga ko nka Midimar yagombye kuba igagaraza uko ibitaho mu gihe bahuye n\u2019ibiza. Ndetse no mu gihe habaye ibibazo by\u2019umutekano muke aho bibukwa abandi bakijije amagara yabo.  Minisiteri ifite umuryango mu nshingano ngo usanga ishyira imbere kwita ku mwana, umukobwa numugore, akibaza impamvu itabikora no kubageze mu zabukuru.<\/p>\n<p>Intego 17 z\u2019iterambere rirambye (SDGs) zigaragara ko nta numwe ugomba gusigara inyuma, nyamara ngo ku bakuze haracyari icyuho.<\/p>\n<p>Asoza avuga ko umusanzu w\u2019itangazamakuru muri uru rugamba ngo utuma ibibazo by\u2019abageze mu zabukuru byumvikana.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abageze mu zabukuru mu Rwanda barasaba Leta n\u2019inzego zitandukanye kubitaho mu buryo bwihariye, kubera ko mu kigero cyabo ngo usanga bahura n\u2019ibibazo byinshi bakabura icyo bakora bitewe n\u2019imbaraga zabo nke. Abageze muri iki cyiciro, gihuza abafite imyaka y\u2019amavuko guhera kuri 60 kuzamura [nkuko igisobanuro cya Loni bavuga ko nta gahunda yihariye bagenerwa mu bigo bitandukanye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7689","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abageze mu zabukuru mu Rwanda barasaba Leta n\u2019inzego zitandukanye kubitaho mu buryo bwihariye, kubera ko mu kigero cyabo ngo usanga bahura n\u2019ibibazo byinshi bakabura icyo bakora bitewe n\u2019imbaraga zabo nke. Abageze muri iki cyiciro, gihuza abafite imyaka y\u2019amavuko guhera kuri 60 kuzamura [nkuko igisobanuro cya Loni bavuga ko nta gahunda yihariye bagenerwa mu bigo bitandukanye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-06T12:32:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:27:36+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru\",\"datePublished\":\"2017-10-06T12:32:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689\"},\"wordCount\":907,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689\",\"name\":\"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-06T12:32:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7689#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru - BWIZA","og_description":"Abageze mu zabukuru mu Rwanda barasaba Leta n\u2019inzego zitandukanye kubitaho mu buryo bwihariye, kubera ko mu kigero cyabo ngo usanga bahura n\u2019ibibazo byinshi bakabura icyo bakora bitewe n\u2019imbaraga zabo nke. Abageze muri iki cyiciro, gihuza abafite imyaka y\u2019amavuko guhera kuri 60 kuzamura [nkuko igisobanuro cya Loni bavuga ko nta gahunda yihariye bagenerwa mu bigo bitandukanye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-06T12:32:22+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:27:36+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru","datePublished":"2017-10-06T12:32:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689"},"wordCount":907,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7689#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689","name":"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-06T12:32:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7689"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7689#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Barasaba Leta kubitaho kuko bakumirwa bageze mu zabukuru"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7689","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7689"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7689\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7689"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7689"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7689"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}