{"id":7697,"date":"2017-10-07T09:23:26","date_gmt":"2017-10-07T09:23:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/07\/muhanga-abaturage-basabwa-kwishyura-imisoro-y-ubutaka-leta-yacishijemo-imihanda\/"},"modified":"2025-02-12T15:27:31","modified_gmt":"2025-02-12T13:27:31","slug":"muhanga-abaturage-basabwa-kwishyura-imisoro-y-ubutaka-leta-yacishijemo-imihanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697","title":{"rendered":"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturiye igice cy\u2019umujyi mu karere ka Muhanga, barinubira uburyo basabwa gusorera ubutaka bwari ubwabo nyuma Leta ikabucishamo imihanda.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Hategekimana Eugene, utuye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe, avuga ko ubwo yari agiye kugurisha ikibanza mu isambu ye, yasabwe kubanza gusorera ubutaka bwe bwose bwanditse ku cyangombwa cy\u2019ubutaka, kandi ngo isambu ye yaranyujijwemo umuhanda, akaba asabwa gusorera ubutaka bwose kandi bwaragabanutse, avuga ko byamuteye igihombo cyo gusorera ahantu atabyaza umusaruro.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cnari ngiye gukuraho akantu gatoya, ngo ngurishe, bansaba gusorera isambu yose, nyamara iyo sambu yaciwemo imihanda na Leta, ubu butaka bwaciwemo umuhanda kuki nagombye kubusorera kandi nta bubyaza umusaruro\u201d.<\/p>\n<p>Iki kibazo cyo gusorera ubutaka bwose kandi bwaranyujijwemo imihanda kandi gifitwe n\u2019abandi baturage bo mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Remera, umurenge wa Nyamabuye, nabo bavuga ko amasambu yabo yaciwemo imihanda y\u2019imigenderano, ntibagire n\u2019icyo bahabwa none bakaba basabwa kuhishyurira imisoro kandi ntacyo bakorera mu muhanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Munyankumburwa Gregoire ni umwwe mu bahatuye, avuga ko yaciriwe umuhanda mu isambu ye, bitewe nuko ari imihanda y\u2019imigenderano yo mu mudugudu wabo, ntibahawe ingurane, none yibaza uburyo asoreshwa isambu yose kandi hari icyagabanutseho.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Muhanga, Uwamariya B\u00e9atrice avuga ko iki kibazo atari ikibazo kiri muri Muhanga gusa, gusa ngo bagikorera ubuvugizi kugira ngo inzego zibishinzwe zizagitekerezeho.<\/p>\n<p>Ati \u201chari ingero zifatirwaho iyo ubutaka bwaciweho umuhanda butarengeje 5%, ntacyo umuturage ahabwa kuko nawe uwo muhanda aba yakorewe aba ari igikorwa cy\u2019iterambere kandi uyu muhanda uba uje no kongerera agaciro ubutaka bwe buhakorerwa. ntabwo twebwe twagifatira umwanzuro ariko tuzakomeza kugikorera ubuvugizi ku nzego zibishinzwe\u201d.<\/p>\n<p>Muyombano Sylvain umuyobozi w\u2019impapurompamo mu ntara y\u2019Amajyepfo, avuga ko itegeko rivuga ko igihe hari impinduka zakozwe n\u2019ubuyobozi, umuturage atagombye kuharenganira, ahubwo ubuyobozi nibwo bugomba kubyirengera hakurikijwe icyo itegeko rivuga, gusa na we avuga ko bisaba gukorera ubuvugizi aba baturage.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cdukurikije icyo amategeko ateganya, iyo hari impinduka zakorewe ku isambu y\u2019umuturage, haba hanyujijwemo imihanda, ahaciwe imidugudu se icyo gihe ubuyobozi icyo bukora bugomba guhindurira umuturage cya cyangombwa cy\u2019ubutaka ku buntu, nta kiguzi atanze, noneho umuturage agasigarana icyanditseho ubutaka asigaranye nyuma y\u2019uko hakoreweho cya gikorwa runaka.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>Uwambayinema M.Jeanne<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturiye igice cy\u2019umujyi mu karere ka Muhanga, barinubira uburyo basabwa gusorera ubutaka bwari ubwabo nyuma Leta ikabucishamo imihanda. Hategekimana Eugene, utuye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe, avuga ko ubwo yari agiye kugurisha ikibanza mu isambu ye, yasabwe kubanza gusorera ubutaka bwe bwose bwanditse ku cyangombwa cy\u2019ubutaka, kandi ngo isambu ye yaranyujijwemo umuhanda, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7697","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturiye igice cy\u2019umujyi mu karere ka Muhanga, barinubira uburyo basabwa gusorera ubutaka bwari ubwabo nyuma Leta ikabucishamo imihanda. Hategekimana Eugene, utuye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe, avuga ko ubwo yari agiye kugurisha ikibanza mu isambu ye, yasabwe kubanza gusorera ubutaka bwe bwose bwanditse ku cyangombwa cy\u2019ubutaka, kandi ngo isambu ye yaranyujijwemo umuhanda, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-07T09:23:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:27:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda\",\"datePublished\":\"2017-10-07T09:23:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697\"},\"wordCount\":379,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697\",\"name\":\"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-07T09:23:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7697#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda - BWIZA","og_description":"Abaturiye igice cy\u2019umujyi mu karere ka Muhanga, barinubira uburyo basabwa gusorera ubutaka bwari ubwabo nyuma Leta ikabucishamo imihanda. Hategekimana Eugene, utuye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe, avuga ko ubwo yari agiye kugurisha ikibanza mu isambu ye, yasabwe kubanza gusorera ubutaka bwe bwose bwanditse ku cyangombwa cy\u2019ubutaka, kandi ngo isambu ye yaranyujijwemo umuhanda, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-07T09:23:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:27:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda","datePublished":"2017-10-07T09:23:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697"},"wordCount":379,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7697#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697","name":"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-07T09:23:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7697"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7697#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y\u2019ubutaka Leta yacishijemo imihanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7697","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7697"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7697\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7697"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7697"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7697"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}