{"id":770,"date":"2016-02-24T09:28:09","date_gmt":"2016-02-24T09:28:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/24\/bomboribombori-muri-adepr-imishahara-ihabwa-abitwa-abakozi-b-imana-ishobora\/"},"modified":"2025-02-25T14:30:04","modified_gmt":"2025-02-25T12:30:04","slug":"bomboribombori-muri-adepr-imishahara-ihabwa-abitwa-abakozi-b-imana-ishobora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770","title":{"rendered":"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe n\u2019ubundi hari hamaze iminsi havugwa ibibazo bya hato na hato mu itorero ry\u2019abapantekote mu Rwanda (ADEPR), ibibazo bishingiye ku kutumvikana hagati ya bamwe mu bayobozi baryo bikagera n\u2019aho bandikira umukuru w\u2019igihugu bamusaba kubafasha gukemura ibibazo, kuri ubu bamwe mu bashumba binubiye ishyirwaho ry\u2019imishahara benshi basesenguramo ko ishobora kuzabyara umwiryane ko kugwa kwa bamwe.<\/em> <\/strong>  <em> <\/em><br \/>\nN\u2019ubwo ubuyobozi bwa ADEPR buvuga ko bwashyizeho imishahara ingana ku bayobozi bari ku rwego rumwe, bamwe bavuga ko ibyo bidakwiye ndetse ko amafaranga bagenewe adahagije bitewe n\u2019aho bayobora, n\u2019imibereho yaho.<br \/>\nUmushumba wabaga ari muri paruwasi ikennye yahembwaga make naho uri mu iyinjiza menshi nawe agahembwa agatubutse, aho hashyiriweho imishahara imwe yatangiranye na Mutarama uyu mwaka, benshi barayinubira. Ibyo ku bakiristo bakabifata nk\u2019aho bishobora guteza umwiryane ndetse bikanagusha benshi. <em> <\/em><br \/>\nBamwe mu bakiristo biri torero baganiriye na Bwiza.com, bavuga ko ibi bishobora kuberera imbuto mbi, ati:\u201dicyo dusenga ni Imana ariko ikibazo mfite ni iki, pasiteri azaba yijujuta akwerere mbuto ki? Babyishe mbere\u2026gusa impungege zacu ni uko bishobora kugusha benshi\u201d. <em> <\/em><br \/>\nUbuyobozi bw\u2019iri torero butangaza ko iyi mishahara yashyizweho ije gukemura ibibazo, gusa ku rundi ruhande rw\u2019abayoboke b\u2019iri torero bagahamya ko ahubwo iyo mishahara izateza ibibazo birimo no kugwa kwabo n\u2019abashumba babo nk\u2019uko byatangajwe haruguru, ati: \u201cBabyishe mbere\u201d; bivugwa ko hari abahembwaga akayabo ubu bakaba bahembwa mbarwa.<br \/>\n<figure id=\"attachment_25201\" aria-describedby=\"caption-attachment-25201\" style=\"width: 615px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-25201 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg\" alt=\"Tom\" width=\"615\" height=\"410\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-25201\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Rev. Pasiteri Rwagasana Tom<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nUmuvugizi w\u2019iri torero wungirije ushinzwe ubuzima bw\u2019itorero, Rev. Pasiteri Rwagasana Tom, yagize ati: \u201c <em>byunguye byinshi n\u2019ubwo hari bamwe batabyishimiye, byaciye ingeso ya ruswa no guhakwa,\u2026\u201d.<\/em><br \/>\nIbi ni ibyo yatangaje ubwo yari mu muhango wo kwimika abakozi b\u2019Imana muri Paruwasi ya Muraza mu karere ka Nyamasheke, avuga ko uku kuringaniza imishahara byateguwe igihe kirekire, ko bizagabanya imvugo yitwa \u201cAgaparuwasi keza\u201d, ushyizwe muri paruwasi ikize cyane ntashake kuyivamo, ushyizwe mu ikennye cyane agahorana ishyari ridashira, nk\u2019uko byatangajwe na Imvaho nshya.<br \/>\nUmwe mu bashumba (umukozi w\u2019Imana) utarifuje ko amazina ye ashyirwa ahagaragara arijujutira imishahara muri aya magambo:\u201cTwe tumaze igihe baratubangamiye rwose.Nkanjye nahembwaga arenze 200.000 none banshyize ku mafaranga 101.000. Ubwo se azantunga n\u2019umuryango wanjye, nzarivamo se, nzaka pansiyo y\u2019imburagihe cyangwa?\u201d<br \/>\nIyi nkubiri y\u2019imishahara itavugwaho rumwe n\u2019abo yagenewe ije mu gihe hari amakuru yari amaze iminsi atangajwe ko hari abapasitoro 11 bo mu ntara y\u2019Uburengerazuba mu turere twa Rusizi na Nyamasheke bahagaritse akazi kabo k\u2019ubupasiteri bavuga ko bahunze Umuvugizi wungirije w\u2019itorero ADEPR, Tom Rwagasana bavuga ko abatoteza. <em> <\/em><br \/>\nAba bapasiteri bakaba bavuga ko batazatanga imisanzu basabwa na Past Tom Rwagasana kuko icyo ijya gukoreshwa kidasobanutse bagakeka ko amafaranga yabo yaba anyerezwa.<br \/>\nNk\u2019uko byatangajwe n\u2019ikinyamakuru Ingenzi, ngo Nyuma y\u2019aho bafatiye icyemezo ngo batangiye kubwirwa n\u2019abantu batandukanye bavugaga ko Past Tom Rwagasana azabagirira nabi.<br \/>\nMu gushaka kunyomoza aya makuru, ubuyobozi bwa ADEPR bwatangaje ko abo bapasiteri 11 batahunze Tom Rwagasana nk\u2019uko byatangazwaga ahubwo ko basabye kujya mu kiruhuko cy\u2019izabukuru.<br \/>\nUbwo umunyamakuru wa Bwiza.com yakurikiranaga iyi nkuru, yabasabye (abayobozi muri ADEPR) kuzana byibura ibaruwa imwe y\u2019umupasiteri wanditse asaba kujya mu kiruhuko cy\u2019izabukuru muri aba 11 bivugwa ko bahunze Tom, umunyamakuru yategereje iyo baruwa amaso yaheze mu kirere mu gihe bavugaga ko bayimugezaho mu gihe gito. <em> <\/em><br \/>\nIbi bibazo byose kandi bikomeje kugaragara muri ADEPR biza bisanga ibivugwa n <em>\u2019<\/em> Itorero EPEMR rigizwe ahanini n\u2019abakristo bahoze basengera muri ADEPR nyuma bakayivamo nyuma y\u2019aho Rev Usabwimana Samuel aviriye ku buyobozi, kugeza ubu rikomeje gushinja ubuyobozi bwa ADEPR ubugambanyi mu kuyibuza gusenga. EPEMR ikaba yarandikiye Perezida Kagame kugirango ayirenganure.<br \/>\nMu gihe inkuru nyinshi zitandukanye zikomeje gucicikana mu binyamakuru rimwe na rimwe zivuga amafuti ya bamwe mu bayobozi ba ADEPR bo banyomoza bavuga ko ari ibinyoma, benshi bakomeje kwibaza aho iri torero ryaba rigana nk\u2019itorero ry\u2019Imana, ese bwaba ari ubuyobozi bubi?<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Philipe Nsengiyumva\/ Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe n\u2019ubundi hari hamaze iminsi havugwa ibibazo bya hato na hato mu itorero ry\u2019abapantekote mu Rwanda (ADEPR), ibibazo bishingiye ku kutumvikana hagati ya bamwe mu bayobozi baryo bikagera n\u2019aho bandikira umukuru w\u2019igihugu bamusaba kubafasha gukemura ibibazo, kuri ubu bamwe mu bashumba binubiye ishyirwaho ry\u2019imishahara benshi basesenguramo ko ishobora kuzabyara umwiryane ko kugwa kwa bamwe. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-770","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=770\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe n\u2019ubundi hari hamaze iminsi havugwa ibibazo bya hato na hato mu itorero ry\u2019abapantekote mu Rwanda (ADEPR), ibibazo bishingiye ku kutumvikana hagati ya bamwe mu bayobozi baryo bikagera n\u2019aho bandikira umukuru w\u2019igihugu bamusaba kubafasha gukemura ibibazo, kuri ubu bamwe mu bashumba binubiye ishyirwaho ry\u2019imishahara benshi basesenguramo ko ishobora kuzabyara umwiryane ko kugwa kwa bamwe. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=770\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-24T09:28:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:30:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane\",\"datePublished\":\"2016-02-24T09:28:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770\"},\"wordCount\":655,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Tom.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770\",\"name\":\"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Tom.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-24T09:28:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Tom.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Tom.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=770#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane - BWIZA","og_description":"Mu gihe n\u2019ubundi hari hamaze iminsi havugwa ibibazo bya hato na hato mu itorero ry\u2019abapantekote mu Rwanda (ADEPR), ibibazo bishingiye ku kutumvikana hagati ya bamwe mu bayobozi baryo bikagera n\u2019aho bandikira umukuru w\u2019igihugu bamusaba kubafasha gukemura ibibazo, kuri ubu bamwe mu bashumba binubiye ishyirwaho ry\u2019imishahara benshi basesenguramo ko ishobora kuzabyara umwiryane ko kugwa kwa bamwe. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-24T09:28:09+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:30:04+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane","datePublished":"2016-02-24T09:28:09+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770"},"wordCount":655,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=770#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770","name":"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg","datePublished":"2016-02-24T09:28:09+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=770"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tom.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=770#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b\u2019Imana ishobora guteza umwiryane"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/770","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=770"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/770\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=770"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=770"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=770"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}