{"id":7701,"date":"2017-10-07T14:00:39","date_gmt":"2017-10-07T14:00:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/07\/perezida-yaravuze-ngo-nta-mwana-ashaka-mu-muhanda-nimudushyire-mu-mashuri\/"},"modified":"2025-02-12T15:27:27","modified_gmt":"2025-02-12T13:27:27","slug":"perezida-yaravuze-ngo-nta-mwana-ashaka-mu-muhanda-nimudushyire-mu-mashuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701","title":{"rendered":"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Iyi ni imvugo y\u2019abana bari mu kigero cy\u2019imyaka 15, bavuga ko baba ku muhanda, bawuzamo ahanini bitewe n\u2019ubukene bavuga bw\u2019ababyeyo babo ndetse n\u2019amakimbirane yo mu miryango, ngo bajyanwe mu mashuri nk\u2019abandi bana ntibawugarukamo ukundi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Aba bana barya ibyo bibye cyangwa batoraguye [mu mvugo yabo babyita gusyaga], kuryama barara mu myobo no mu miyoboro y\u2019amazi, ari byo bita kurara ingangi.<\/p>\n<p>Baganira na Flash Tv dukesha iyi nkuru, ubwo aba bana yari ibasanze mu dusozi duto duto tw\u2019ahazwi ku izina ry\u2019Ikinyamerika, mu kagari ka Kagugu, umurenge Kinyinya akarere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, bayitangarije ko bashyizwe mu mashuri bawuvamo.<br \/>\n<figure id=\"attachment_79409\" aria-describedby=\"caption-attachment-79409\" style=\"width: 671px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-79409\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg\" alt=\"\" width=\"671\" height=\"395\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79409\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Uyu mwana arasaba ko bashyirwa mu mashuri bakava mu muhanda<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Umwe muri aba bana, uvuga ubona ko ababaye, ubuzima abayemo atabwishimiye na gato, agira ati \u201cPerezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, niba rero nta mwana ashaka mu muhanda, kandi akaba yarabivuze, nimudushyire mu mashuri murebe ko mutubona mu muhanda\u201d.<\/p>\n<p>Abenshi muri aba bana bafite uducupa turimo ibisindisha bya kore na tineri, ibiryo byo bavuga ko ari ibyo baba bavuye gusyaga mu gasanteri kari hafi aho [Batsinda], abariye ni bake ariko abasinze ni hafi ya bose.<\/p>\n<p>Uyu ati \u201cNyine tujya gucukura ibijumba by\u2019abaturage tukaza tugahekenya cyangwa se\u2026. badufata bakaduca ukuguru nyine nta kundi, hari wo bafashe bamuvuna ukuboko\u201d.<\/p>\n<p>Mugenzi wa bo ubona ko we anakuze, avuga ko iwabo ari ku Gikongoro, ni mu karere ka Nyamagabe, Intara y\u2019Amajyepfo, ahamya ko barara mu myobo iri kuri ako gasozi.<\/p>\n<p>Ati \u201cHano turaharara, n\u2019imyobo dore iri hariya [atungira agatoki umunyamakuru] irimo, ariko twebwe ukuntu tubayeho, ni ukuvuga ngo buri wese arimenya hano, nta we umenya undi\u201d.<\/p>\n<p>Undi na we ati \u201chari abanywa amakore n\u2019amatineri, aho dukura amafaranga ni mu gasanteri ka Batsinda niho hantu dusyagira ibirayi, bakaba banagufata bakanagukubita\u201d.<\/p>\n<p>Umwana uri mu kigero cy\u2019imyaka 12, afite umusatsi wamwereyeho, mu maso aragaragara nk\u2019ufite ibitotsi, imvugo ye yumvikana nk\u2019iy\u2019uwasinze.<\/p>\n<p>Ati \u201cubuzima bwa hano\u2026, dore nk\u2019ubungubu abasirikare baraye batwirukankanye , abasirikare bashaka kutujyana i Gikondo, turabacika, twaraye dusimbuka iriya misozi\u201d.<br \/>\n<figure id=\"attachment_79407\" aria-describedby=\"caption-attachment-79407\" style=\"width: 700px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/W2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-79407 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/W2.jpg\" alt=\"\" width=\"700\" height=\"460\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79407\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Buri mwana aba afite agacupa karimo kore cyangwa tineri, akurura umwuka wabyo bikamusindisha<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Undi na we ufite agacupa karimo kore, n\u2019agafuka mu ntoki karimo ibyo yasyaze, ururimi ntiruva mu kanwa, yasinze, avuga ko bari bakoze aho bazajya barara,<\/p>\n<p>Ati \u201c twari twakoze agahema, noneho turyamye, turabyuka mu gitondo tujya guhiga [gushakisha ibyo barya] dutetse twumva inyuma yacu ngo noneho nihagire uwirukanka, noneho inkono yacu turayita turirukanka.<\/p>\n<p> <strong>Barasaba ubuvugizi:<\/strong> <\/p>\n<p>Babajijwe icyakorwa ngo bave muri ubwo buzima, umwe yasubije agira ati \u201ckeretse tugize nk\u2019ubuvugizi, bakatuvuganira, tukajya nko mu bigo tukamera nk\u2019abandi bana, tukava mu burara\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ababyeyi bavuga ko byabarenze, ko uruhare ari urwa Leta, umugabo uri mu kigero cy\u2019imyaka 35, ati \u201curuhare ni urwa Leta, nk\u2019ubu baje bakabafata umwe bakamubaza bati \u2018wowe iwanyu ni he\u2019 babasha kubashyikiriza ababyeyi babo\u201d.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Kinyinya, bwo buvuga ko kugirango ikibazo cy\u2019aba bana gikemuke, bisaba ubufatanye bw\u2019ababyeyi n\u2019ubuyobozi.<\/p>\n<p>Ushinze imibereho myiza y\u2019abaturage mu murenge wa kinyinya, Kanyandekwe Dieudonn\u00e9, agira ati \u201chagomba kubaho ubufatanye bw\u2019ababyeyi n\u2019ubuyobozi, noneho umubyeyi agakora uruhare rwe n\u2019ubuyobozi bugakora urwabwo, bukaba ubufatanye budasanzwe, ndumva ari icyo ngicyo\u201d.<\/p>\n<p>Mu mwiherero wa 13 w\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihugu bateraniye i Gabiro mu Karere ka Gatsibo, muri Werurwe 2016, Perezida Kagame yavuze ko bibabaje kuba hari abana bacyandagaye ku mihanda batagira kirengera.<\/p>\n<p>Yavuze ko atiyumvisha impamvu inzego zishinzwe gufasha abana zitabikora, kandi hari inama nyinshi zagiye zifatirwamo imyanzuro y\u2019uko bafashwa mu buryo burambye.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cKo umuntu atambwira ngo twabuze amikoro, ko atari cyo kivugwa, habaye iki? Ababishinzwe ndibaza ko mwabidusubiza na byo, habaye iki ku buryo umuntu ahora abona ku muhanda abana badafite uko babayeho?\u201d<\/p>\n<p>Minisiteri y\u2019Uburinganire n\u2019Iterambere ry\u2019Umuryango (MIGEPROF) ifite mu nshingano aba bana, yahise itangaza ko icyo kibazo cy\u2019abana bo mu mihanda igomba kugikemura bitarenze ibyumweru 2, hari mu kwezi kwa 3 umwaka ushize, ubu turi mu kwezi kwa 10, umwaka n\u2019igice birihiritse ikibazo kikigaragara hose, ese kizakemurwa na nde? Hakozwe iki?<br \/>\n<figure id=\"attachment_79412\" aria-describedby=\"caption-attachment-79412\" style=\"width: 678px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-79412\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-2.jpg\" alt=\"\" width=\"678\" height=\"390\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79412\" class=\"wp-caption-text\"><em>Utu nitwo dusozi aba bana birirwamo bakanaturaramo<\/em><\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Itangishatse Theoneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyi ni imvugo y\u2019abana bari mu kigero cy\u2019imyaka 15, bavuga ko baba ku muhanda, bawuzamo ahanini bitewe n\u2019ubukene bavuga bw\u2019ababyeyo babo ndetse n\u2019amakimbirane yo mu miryango, ngo bajyanwe mu mashuri nk\u2019abandi bana ntibawugarukamo ukundi. Aba bana barya ibyo bibye cyangwa batoraguye [mu mvugo yabo babyita gusyaga], kuryama barara mu myobo no mu miyoboro y\u2019amazi, ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7701","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyi ni imvugo y\u2019abana bari mu kigero cy\u2019imyaka 15, bavuga ko baba ku muhanda, bawuzamo ahanini bitewe n\u2019ubukene bavuga bw\u2019ababyeyo babo ndetse n\u2019amakimbirane yo mu miryango, ngo bajyanwe mu mashuri nk\u2019abandi bana ntibawugarukamo ukundi. Aba bana barya ibyo bibye cyangwa batoraguye [mu mvugo yabo babyita gusyaga], kuryama barara mu myobo no mu miyoboro y\u2019amazi, ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-07T14:00:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:27:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo\",\"datePublished\":\"2017-10-07T14:00:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701\"},\"wordCount\":721,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/New-Picture-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701\",\"name\":\"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/New-Picture-1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-10-07T14:00:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:27+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/New-Picture-1.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/New-Picture-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7701#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo - BWIZA","og_description":"Iyi ni imvugo y\u2019abana bari mu kigero cy\u2019imyaka 15, bavuga ko baba ku muhanda, bawuzamo ahanini bitewe n\u2019ubukene bavuga bw\u2019ababyeyo babo ndetse n\u2019amakimbirane yo mu miryango, ngo bajyanwe mu mashuri nk\u2019abandi bana ntibawugarukamo ukundi. Aba bana barya ibyo bibye cyangwa batoraguye [mu mvugo yabo babyita gusyaga], kuryama barara mu myobo no mu miyoboro y\u2019amazi, ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-07T14:00:39+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:27:27+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo","datePublished":"2017-10-07T14:00:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701"},"wordCount":721,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701","name":"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg","datePublished":"2017-10-07T14:00:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:27+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7701"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/New-Picture-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7701#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7701","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7701"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7701\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7701"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7701"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7701"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}