{"id":7732,"date":"2017-10-10T21:44:50","date_gmt":"2017-10-10T21:44:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/10\/musanze-abaturage-ntibishimiye-imiterere-y-ubwiherero-butondetse-ahanyura-ba\/"},"modified":"2025-02-12T15:27:06","modified_gmt":"2025-02-12T13:27:06","slug":"musanze-abaturage-ntibishimiye-imiterere-y-ubwiherero-butondetse-ahanyura-ba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732","title":{"rendered":"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abagera muri Musanze bemeza ko ari umujyi wa Kabiri ufite ibikorwaremezo byinshi nyuma y\u2019uwa Kigali, nyamara ariko hari abibaza ku isura bamukerarugendo b\u2019abanyamahanga basigarana ku Rwanda iyo barebye imiterere y\u2019ubwiherero n\u2019inzu bigaragara mu nzira bacamo hafi ya pariki y\u2019igihugu y\u2019Ibirunga n&#8217;abaturage ubwabo bavuga ko bitabashimishije.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Uwo mujyi ugizwe n\u2019inzu ziri ku buso bunini n\u2019imihanda ikoze neza ugereranyije n\u2019ahandi mu Rwanda. Aha ni mu mujyi hagati, ariko hirya gato mu mirenge ya Kinigi, Musanze na Shingiro usanga hari ubwiherero bwubatse n\u2019inturusu, imifuka n\u2019ibindi ba nyirabwo bajyamo baseseramo, ku buryo uri mu muhanda abona uburimo, cyane ko bunari ku mihanda.<\/p>\n<p>Abatuye umurenge wa Kinigi na Shingiro bavuga ko babuze amikoro yo kubaka ubugezweho busakaye, kuko ngo ubwo bafite mu gihe cy\u2019imvura babwinjiramo banyagiwe, kandi ngo muri rusange babona butabahesheje ishema.<\/p>\n<p> Umwe mu bahatuye agira ati \u201c Ntabwo  buduhesha ishema , ariko natwe ntabwo twanze kujya mu bwiza, turasaba ko badufasha kubona ubukwiye.\u201d<\/p>\n<p>Uretse ubwiherero kandi usanga n\u2019inzu zo muri ako gace ka Kinigi kajya kwegera ibirunga zubatse n\u2019ibiti bidahomye, mu gihe abazubaka batita ku ngano yazo n\u2019isura zahesha u Rwanda, kuko bavuga ko nta mikoro bafite.<\/p>\n<p>Ibyo babishingira ku kuba inzu ikwiye umuryango iringaniye yubatse n\u2019ibiti ishobora kubakwa ku mafaranga y\u2019u Rwanda, miliyoni 2 mu gihe iyubatse n\u2019amatafari ahiye ishobora kugera kuri miliyoni 10.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ayo mafaranga bavuga ko badashobora kuyabona, kuko ngo n\u2019ibirayi byakabafashije kuvugura izo batuyemo, ngo ntabwo bikera. Ikindi nuko ngo bahendwa n\u2019ibikoresho, kugera ku itaka aho usanga ikamyo bayigura ibihumbi 45.<\/p>\n<p> Uwitwa Ntirenganya Emmanuel, umufundi wo mu kagari ka Kaguhu avuga ko bubakisha ibiti ku buryo babona ntaho bitandukaniye na nyakatsi k\u2019utayihomye.<\/p>\n<p> Ati \u201cUrebye uretse iterambere riri hejuru ry\u2019amabati, hasi aba ari ibiti, n&#8217; izi rero ni nyakatsi hagati.\u201d<br \/>\n<figure id=\"attachment_79660\" aria-describedby=\"caption-attachment-79660\" style=\"width: 996px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-79660 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg\" alt=\"\" width=\"996\" height=\"747\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79660\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Bamwe bavuga ko izi nzu ziri ku mihanda zihesha isura mbi aka karere n&#8217;igihugu muri rusange<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Akomeza avuga ko abatishoboye baturiye pariki y\u2019ibirunga bafashwa mu kubakirwa ibikorwa by\u2019ibanze, birimo ubwiherero n\u2019inzu bimeze neza.<\/p>\n<p> Ati \u201cTwegereye ibirunga kandi ntabwo byari bikwiye kugirira akamaro abo hanze, ntibikwiye ko abanyamahanga baza ngo batange amafaranga nyuma bagaruka bagasanga turi  mu nzu zimeze gutya n\u2019ubu bwiherero.Nk\u2019abaturage bahegereye batishoboye bubakiwe inzu zijyanye n\u2019igihe bavuga ko izi ngagi zifitiye akamaro u Rwanda. Abafite ubushobozi ni bake. Abubaka gutya ni abadafite ubushobozi buhagije bwo kubaka inzu zijyanye n\u2019igihe.\u201d<\/p>\n<p>Hari bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shingiro bavuga ko bakoresha ubwiherero bw\u2019abo baturanye, mu gihe basanze ba nyirabwo baburimo ngo bajya kwihezurira ku gasozi (mu bisambu).<\/p>\n<p>Abaturage bo muri ako gace kandi bataka ko abana babo bakunze kurwara indwara ziterwa  n\u2019umwanda.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Musanze buvuga ko icyo kibazo bushaka kugikemura mu gihe kitarenze uyu mwaka.<\/p>\n<p>Umuyobozi wako wungirije ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu, Ndabereye Augustin, avuga ko hari icyakozwe kandi kigikomeza.<\/p>\n<p>Hagati ya Gicurasi na Kamena uyu mwaka ngo bari babaruye ubwiherero butameze neza muri ako karere. Icyo gihe ngo babonye ubusaga 2,400, ariko ngo hamwe n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda ngo baje gukora ubusaga 1000, ku buryo ngo hasigaye gutunganywa ubugera1,198.<\/p>\n<p>Ati \u201cubungubu  twavuga ko mu karere kose ka Musanze dufite inshingano  zo kugirango  dushaka uburyo icyo kibazo cy\u2019ubwiherero gikemuka.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko bwazakorwa muri uyu mwaka ngo muri ako karere hagasigara nta kibazo cyabwo gihari.<\/p>\n<p>Ku baturage bavuga ko kutabugira ari ubukene, avuga ko akarere kadakennye ku buryo ngo Babura ubushobozi bwo kutubaka ubwiherero. Aha agaragaza imbogamizi z\u2019uko ngo kuba aka karere ari ak\u2019amikoro atuma badacukura ubwiherero burebure, bishobora kubagora bigatuma batihutira kugira ubujyanye n\u2019igihe.<\/p>\n<p>Kigaragara mu mirenge ya Kinigi Musanze na Shingiro ngo irimo amokoro, nubwo ngo asanga harimo n\u2019ubunebwe.<\/p>\n<p> Ku bavuga ko ari igisebo kuri aka karere, ntiyemeranya nabo, ati \u201c Ntabwo byaba ari igisebo kuri Musanze gusa, ahubwo ni kuri buri Munyarwanda wese,,,,\u201d<\/p>\n<p>Yongeraho ati \u201cMusanze ni iwabo  w\u2019ubukerarugendo, ni ikibazo rwose kiri mu nshingano z\u2019akarere kandi  kizihutirwa mu gukemura muri aka karere.\u201d<\/p>\n<p> Abaturiye iyi pariki bagerwaho n\u2019umusaruro uyiturukaho biciye mu kubakirwa ibikorwa remezo rusange, biva mu madevize yatanzwe na ba mukerarugendo.<br \/>\n <strong>AMAFOTO:<\/strong><br \/>\n<figure id=\"attachment_79656\" aria-describedby=\"caption-attachment-79656\" style=\"width: 996px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-79656 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m1.jpg\" alt=\"\" width=\"996\" height=\"747\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79656\" class=\"wp-caption-text\"><em>Ubu bwiherero bugaragara mu murenge wa Shingiro<\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_79657\" aria-describedby=\"caption-attachment-79657\" style=\"width: 996px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-79657 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m2.jpg\" alt=\"\" width=\"996\" height=\"747\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79657\" class=\"wp-caption-text\"><em>Aha ni mu murenge wa Kinigi, abaturage bavuga ko aha ariho ubushobozi bafite bugarukira<\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_79659\" aria-describedby=\"caption-attachment-79659\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m4.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-79659 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m4-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79659\" class=\"wp-caption-text\"><em>Nyiri ubu bwiherero atangiye kubutinda, uburebure bufite ntiburenze 1,5m hasi ni amakoro ntabwo yabasha gucukura harehare<\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_79661\" aria-describedby=\"caption-attachment-79661\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m6.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-79661 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m6-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79661\" class=\"wp-caption-text\"><em>Hari abavuga ko batagira ubwiherero, ni ugutira abaturanyi cyangwa kwikinga mu gihuru<\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-79658 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m3-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><\/a><\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com <\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abagera muri Musanze bemeza ko ari umujyi wa Kabiri ufite ibikorwaremezo byinshi nyuma y\u2019uwa Kigali, nyamara ariko hari abibaza ku isura bamukerarugendo b\u2019abanyamahanga basigarana ku Rwanda iyo barebye imiterere y\u2019ubwiherero n\u2019inzu bigaragara mu nzira bacamo hafi ya pariki y\u2019igihugu y\u2019Ibirunga n&#8217;abaturage ubwabo bavuga ko bitabashimishije. Uwo mujyi ugizwe n\u2019inzu ziri ku buso bunini n\u2019imihanda ikoze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7732","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abagera muri Musanze bemeza ko ari umujyi wa Kabiri ufite ibikorwaremezo byinshi nyuma y\u2019uwa Kigali, nyamara ariko hari abibaza ku isura bamukerarugendo b\u2019abanyamahanga basigarana ku Rwanda iyo barebye imiterere y\u2019ubwiherero n\u2019inzu bigaragara mu nzira bacamo hafi ya pariki y\u2019igihugu y\u2019Ibirunga n&#8217;abaturage ubwabo bavuga ko bitabashimishije. Uwo mujyi ugizwe n\u2019inzu ziri ku buso bunini n\u2019imihanda ikoze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-10T21:44:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:27:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo\",\"datePublished\":\"2017-10-10T21:44:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732\"},\"wordCount\":789,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/m5.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732\",\"name\":\"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/m5.jpg\",\"datePublished\":\"2017-10-10T21:44:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/m5.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/m5.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7732#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo - BWIZA","og_description":"Abagera muri Musanze bemeza ko ari umujyi wa Kabiri ufite ibikorwaremezo byinshi nyuma y\u2019uwa Kigali, nyamara ariko hari abibaza ku isura bamukerarugendo b\u2019abanyamahanga basigarana ku Rwanda iyo barebye imiterere y\u2019ubwiherero n\u2019inzu bigaragara mu nzira bacamo hafi ya pariki y\u2019igihugu y\u2019Ibirunga n&#8217;abaturage ubwabo bavuga ko bitabashimishije. Uwo mujyi ugizwe n\u2019inzu ziri ku buso bunini n\u2019imihanda ikoze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-10T21:44:50+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:27:06+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo","datePublished":"2017-10-10T21:44:50+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732"},"wordCount":789,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732","name":"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg","datePublished":"2017-10-10T21:44:50+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7732"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/m5.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7732#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y\u2019ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7732","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7732"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7732\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7732"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7732"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7732"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}