{"id":7733,"date":"2017-10-11T09:03:38","date_gmt":"2017-10-11T09:03:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/11\/rubavu-ku-nyundo-hagaragara-abantu-bavuga-ururimi-rw-igishobyo\/"},"modified":"2017-10-11T09:03:38","modified_gmt":"2017-10-11T09:03:38","slug":"rubavu-ku-nyundo-hagaragara-abantu-bavuga-ururimi-rw-igishobyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733","title":{"rendered":"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nubwo mu Rwanda ururimi rukoreshwa ari Ikinyarwanda nk\u2019ururimi Mbonera, usanga hamwe na hamwe hagikoreshwa indimi zijya gusa n\u2019Ikinyarwanda \u2018indimi shami z\u2019Ikinyarwanda cyangwa indimi z&#8217;uturere\u2019 ariko mu by\u2019ukuri hakumvikanamo amagambo menshi utapfa kubona mu kinyarwanda, ni na ko ku Nyundo mu karere ka Rubavu hari abaturage bavuga ururimi rw&#8217;Igishobyo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi biterwa ahanini nuko izo ndimi zifitanye isano n\u2019amateka y\u2019ahantu abaruvuga baherereyemo cyangwa isano biba bifitanye n\u2019izindi ndimi zivugwa mu bihugu bihana imbibi n\u2019u Rwanda. Akaba ariyo mpamvu Bwiza.com yahisemo kuva imuzi amwe mu mateka n\u2019inkomoko y\u2019ururimi rw\u2019Igishobyo kivugwa gusa mu karere ka Rubavu.<\/p>\n<p>Mu karere ka Rubavu bimenyerewe ko hakoreshwa ururimi rw\u2019ikigoyi, ariko byagaragaye ko hari n\u2019ururimi rw\u2019 Igishobyo usanga ruvugwa n\u2019abaturage bake bo mu murenge wa Nyundo, Rubavu na Nyamyumba, rukaba rufitanye isano n\u2019amateka y\u2019inzara ya Ruzagayura yigeze gutera mu Rwanda.<\/p>\n<p>Nkuko twabitangarijwe na bamwe mu bakuze bo mu murenge wa Nyundo mu kagari ka Terimbere hafi ya Paruwasi Cathedrale diyosezi Gaturika ya Nyundo, bavuze ko ahagana mu mwaka wa 1880 hateye amapfa mu Rwanda, igice kimwe cy\u2019abaturage bari batuye ku Nyundo n\u2019ahandi cyari gifite umutware witwaga Gashobyo, bahungiye mu Burasirazuba bw\u2019igihugu cya Republika Iharanira Demokara ya Congo, ahitwa Bwisha ubu ni Rutchuru.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019imyaka itari mike bamazeyo bagarutse bavuga urwo rurimi basanganye abaturanyi. Barishakiye Michel, umugabo uri mu kigero cy\u2019imyaka 70 wavuze ko ari umwuzukuru wa Gashobyo yagize ati \u201cnubwo icyo gihe nari ntaravuka ariko ababyeyi bansobanuriye ko Umukurambere wacu Gashobyo yasuhukiye I Bwisha aho basanze havugwa Igihunde ndetse n\u2019Ikinande, bituma ururimi rw\u2019Ikinyarwanda twagiye tuvuga ruta umwimerere warwo, ubwo twahungutse ahagana mu mwaka wa 1900, ku mwaduko w\u2019Abakoloni b\u2019abazungu bera twabanje gutura Ibusigari ubu ni Mubyahi mu murenge wa Rubavu hahana imbibi n\u2019Umujyi wa Goma, twakomeje kuvuga urwo rurimi tukanagira umutware wacu, ariko twaje gutandukana bamwe bajya i Nyamyumba, natwe tuza hano ku Nyundo abandi barasigara.\u201d<\/p>\n<p>Dore amwe mu magambo batubwiye utapfa kumva mu Kinyarwanda gisanzwe. Inzu bayita Inyumba. Mwaramutse ni Mwaramukireho. Wiriweho ni Washibireho. Waje ryari ni Wayijire kiheki. Mbese urasubirayo ni Urashubyayo,\u2026<\/p>\n<p>Usibye kuvuga urwo rurimi, usanga n\u2019imwe mu mico n\u2019imigenzo yabo hari aho igifite itandukaniro niyo mu Rwanda n\u2019ubwo bo bahamya ko guturana na Kiriziya Gaturika byatumye bava kuri byinsi.<\/p>\n<p>Dore imwe mu mico ukibasangana: Ni uko bakijya guterekera umukurambere wa bo Gashyobyo, baracyatsimbaraye ku mico ya bo.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Magarambe Theodore\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nubwo mu Rwanda ururimi rukoreshwa ari Ikinyarwanda nk\u2019ururimi Mbonera, usanga hamwe na hamwe hagikoreshwa indimi zijya gusa n\u2019Ikinyarwanda \u2018indimi shami z\u2019Ikinyarwanda cyangwa indimi z&#8217;uturere\u2019 ariko mu by\u2019ukuri hakumvikanamo amagambo menshi utapfa kubona mu kinyarwanda, ni na ko ku Nyundo mu karere ka Rubavu hari abaturage bavuga ururimi rw&#8217;Igishobyo. Ibi biterwa ahanini nuko izo ndimi zifitanye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-7733","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amateka-numuco"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nubwo mu Rwanda ururimi rukoreshwa ari Ikinyarwanda nk\u2019ururimi Mbonera, usanga hamwe na hamwe hagikoreshwa indimi zijya gusa n\u2019Ikinyarwanda \u2018indimi shami z\u2019Ikinyarwanda cyangwa indimi z&#8217;uturere\u2019 ariko mu by\u2019ukuri hakumvikanamo amagambo menshi utapfa kubona mu kinyarwanda, ni na ko ku Nyundo mu karere ka Rubavu hari abaturage bavuga ururimi rw&#8217;Igishobyo. Ibi biterwa ahanini nuko izo ndimi zifitanye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-11T09:03:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo\",\"datePublished\":\"2017-10-11T09:03:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733\"},\"wordCount\":430,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amateka-numuco\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733\",\"name\":\"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-11T09:03:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7733#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo - BWIZA","og_description":"Nubwo mu Rwanda ururimi rukoreshwa ari Ikinyarwanda nk\u2019ururimi Mbonera, usanga hamwe na hamwe hagikoreshwa indimi zijya gusa n\u2019Ikinyarwanda \u2018indimi shami z\u2019Ikinyarwanda cyangwa indimi z&#8217;uturere\u2019 ariko mu by\u2019ukuri hakumvikanamo amagambo menshi utapfa kubona mu kinyarwanda, ni na ko ku Nyundo mu karere ka Rubavu hari abaturage bavuga ururimi rw&#8217;Igishobyo. Ibi biterwa ahanini nuko izo ndimi zifitanye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-11T09:03:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo","datePublished":"2017-10-11T09:03:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733"},"wordCount":430,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amateka-numuco"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7733#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733","name":"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-11T09:03:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7733"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7733#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Ku Nyundo hagaragara abantu bavuga ururimi rw\u2019Igishobyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7733","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7733"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7733\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7733"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7733"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7733"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}