{"id":7736,"date":"2017-10-11T11:09:32","date_gmt":"2017-10-11T11:09:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/11\/rwamagana-abaturage-biyemeje-kugera-ku-isuku-nk-iyo-babona-i-kigali\/"},"modified":"2025-02-12T15:27:04","modified_gmt":"2025-02-12T13:27:04","slug":"rwamagana-abaturage-biyemeje-kugera-ku-isuku-nk-iyo-babona-i-kigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736","title":{"rendered":"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga bifuza kugira isuku idatandukanye  nk&#8217;iyo basanga mu mujyi wa Kigali.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Akagari ka Cyanya kari mu  mujyi wa Rwamagana abahatuye biyemeje kuba mu mujyi usukuye ku buryo bazawugeza ku isuku nk\u2019iyo babona iyo bageze mu mujyi wa Kigali, ngo bikazabafasha no gukomeza kwesa imihigo.<\/p>\n<p>Kayitesi Saidath ni umwe mu baturage bavuga ko biteguye gufatanya n\u2019ubuyobozi gushyira mu bikorwa ibyo bemereye ubuyobozi.<\/p>\n<p>Agira ati \u201ctwiyemeje gufatanya n\u2019ubuyobozi  kugira isuku aho dukorera , aho dutuye kandi tukagira uruhare mu kugirango umujyi wacu ube intangarugero mu kugira isuku ku buryo ibyo tubona i Kigali twiteguye no kubibona iwacu\u201d.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo gutura mu mujyi usukuye, abaturage biyemeje kurwanya abakwirakwiza umwanda, uzongera guta imyanda aho itagenewe ngo ntabyo kumwihanganire.<\/p>\n<p>Ndagijimana Theogene, ati \u201cni ishema ku muturage kumva ko akarere atuyemo ari akarere karushije utundi kugera ku byo bahize, ntabwo byagerwaho umuturage atabigizemo uruhare, ubuyobozi bwagerageje gukora uko bushoboye,&#8230; umuntu uzongera guta imyanda aho itagenewe tuzajya tubimenyesha ubuyobozi ahanwe kuko yaba adusubiza inyuma kandi tudashaka kuva ku mwanya wa mbere twabonye\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019akagari ka Cyanya kari mu mujyi wa Rwamagana, buravuga ko buzafatanya n&#8217;abaturage kugirango umujyi wa Rwamagana ube icyitegererezo ku isuku.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshigwabikorwa w\u2019akagari ka Cyanya, Butare Gilbert, yemeza ko bafashe ingamba zo kugira umujyi urangwamo isuku.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cabaturage twaganiriye na bo twiyemeza kugira umujyi urangwamo isuku, mu ngo z\u2019abaturage ndetse naho bakorera, niyo mpamvu twashyizeho \u2018 <strong>Imboni<\/strong> \u2019 zishinzwe kuduha amakuru kubijyanye n\u2019isuku n\u2019uburyo ingamba twiyemeje zishyirwa mu bikorwa,  tubasaba abafite amazu ku muhanda gusiga amarangi bagatera indabo ndetse n\u2019ibiti by\u2019umurimbo bizatuma umujyi wacu urushaho gusa neza\u201d.<\/p>\n<p>Butare akomeza avuga abazagaragaza kutubahiriza amabwiriza y\u2019isuku batazihanganirwa.<\/p>\n<p>Ati \u201chari amabwiriza yashyizweho, ubu turimo kwigisha abaturage, abatazabikora n\u2019ibihano birateganyijwe, nta muntu wemerewe kujugunya imyanda aho abonye kandi bireba buri wese, nta muturage ugomba kurebera kandi uzabirengaho bizoroha kumumenya,&#8230;\u201d.<\/p>\n<p>Ubwo Govereneri w\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba, Fred Mufurukye yifatanyaga n\u2019abatuye umurenge wa Kigabiro ku wa 26 Nzeri 2017, yabasabye kugira isuku aho batuye.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cturabasaba kugira isuku aho mutuye  kuko umuturage agomba gutura heza , mu mbuga zanyu muhatere pasiparumu kuko turifuza ko abaturage bacu batura ahanu heza\u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko nk\u2019ubuyobozi ibyo badafitiye ubushobozi buzabikora ariko ibyo bashoboye na bo bagomba kubyubahiriza.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Ngabonziza Justin\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga bifuza kugira isuku idatandukanye nk&#8217;iyo basanga mu mujyi wa Kigali. Akagari ka Cyanya kari mu mujyi wa Rwamagana abahatuye biyemeje kuba mu mujyi usukuye ku buryo bazawugeza ku isuku nk\u2019iyo babona iyo bageze mu mujyi wa Kigali, ngo bikazabafasha no [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7736","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga bifuza kugira isuku idatandukanye nk&#8217;iyo basanga mu mujyi wa Kigali. Akagari ka Cyanya kari mu mujyi wa Rwamagana abahatuye biyemeje kuba mu mujyi usukuye ku buryo bazawugeza ku isuku nk\u2019iyo babona iyo bageze mu mujyi wa Kigali, ngo bikazabafasha no [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-11T11:09:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:27:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali\",\"datePublished\":\"2017-10-11T11:09:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736\"},\"wordCount\":412,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736\",\"name\":\"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-11T11:09:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:27:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7736#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga bifuza kugira isuku idatandukanye nk&#8217;iyo basanga mu mujyi wa Kigali. Akagari ka Cyanya kari mu mujyi wa Rwamagana abahatuye biyemeje kuba mu mujyi usukuye ku buryo bazawugeza ku isuku nk\u2019iyo babona iyo bageze mu mujyi wa Kigali, ngo bikazabafasha no [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-11T11:09:32+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:27:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali","datePublished":"2017-10-11T11:09:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736"},"wordCount":412,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7736#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736","name":"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-11T11:09:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:27:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7736"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7736#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Abaturage biyemeje kugera ku isuku nk\u2019iyo babona i Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7736","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7736"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7736\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7736"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7736"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7736"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}