{"id":7762,"date":"2017-10-13T11:46:08","date_gmt":"2017-10-13T11:46:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/13\/u-bufaransa-bukomeje-umugambi-mubisha-wo-guhakana-no-gupfobya-jenoside-dr\/"},"modified":"2017-10-13T11:46:08","modified_gmt":"2017-10-13T11:46:08","slug":"u-bufaransa-bukomeje-umugambi-mubisha-wo-guhakana-no-gupfobya-jenoside-dr","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762","title":{"rendered":"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG iramagana  ibirego bya Leta y\u2019u Bufaransa ku ihanurwa ry\u2019indege y\u2019uwahoze ari perezida w\u2019u Rwanda  Habyarimana Juvenal kuko ngo nta kindi bigamije uretse guhakana no gupfobya Jenoside  yakorewe Abatutsi mu mwaka w\u20191994.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ni nyuma yuko mu ntangiro z\u2019uku kwezi ibitangazamakuru byanditse ko hari umutangabuhamya wagiye i Paris mu Bufaransa agatanga ubuhamya bw\u2019uko yagize uruhare mu gutwara ibisasu bya missile byahanuye indege y\u2019uwari Perezida w\u2019u Rwanda Juvenal Habyarimana mu ijoro ryo kuwa 6 Mata 1994.  Uyu ngo yahoze ari umusirikare wirukanywe mu ngabo z\u2019u Rwanda nyuma akaza guhungira mu Bwongereza.<\/p>\n<p>Bidateye kabiri ibiro ntaramakuru by\u2019u Bufaransa, AFP byongeye kwandika ko uyu mutangabuhamya yanagarutse ku mazina abiri y\u2019abari mu ngabo z\u2019u Rwanda avuga ko babigizemo uruhare.<\/p>\n<p>Mu buhamya bwe avuga ko ngo yari ku cyicaro cy\u2019aho FPR Inkotanyi yakoreraga ku Mulindi wa Byumba, aho yari ashinzwe kurinda misile 2 zo mu bwiko bwa SA-16. Mbere gato y\u2019ihanurwa ry\u2019iyo ndege ngo yaje kuzijyana i Kigali hifashishijwe ikamyo. Akomeza avuga ko abaziteye ari abasirikare babiri bari i Masaka ahitegeye neza ikibuga cy\u2019indege cya Kigali i Kanombe.<\/p>\n<p>Ibikomeje gukorwa n\u2019iki gihugu ngo ni ugukomeza umugambi mubisha wacyo wo guhakana no gupfobya Jenoside nkuko byemejwe n\u2019 umunyamabanga mukuru wa Komisiyo y\u2019Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene.<\/p>\n<p>Aragira ati \u201cUko tubibona twebwe dusanga biri mu mugambi  wo gukomeza gupfobya jenoside  no kuyihakana kuko , kimwe mu  bikoresho abapfobya jenoside n\u2019abayihakan bitwaza ni ukuyobya uburari ku mugambi wo gutegura jenoside , bashingira ko ngo jenoside yatewe n\u2019indege ya Habyarimana  bakirengagiza ko ibimenyetso byinshi  by\u2019itegurwa rya jenoside bihari, hari kugura intwaro zakoreshejwe, harimo gutoza  interahamwe zigahabwa imyitozo yo kwica abatutsi, harimo  gukoresha ubukangurambaga n\u2019icengezamatwara(propogande) muri radio, mu binyamakuru ibyo byose. Ni ibyakozwe rero  mbere cyane y\u20191994. Mu 1994 byaje ari ugusoza uwo mugambi muremure.\u201d<\/p>\n<p>Yongeraho ati \u201cKugerageza rero kuzana ibyo bimenyetso bindi  ni uburyo bwo gutesha agaciro umugambi  wa jenoside wateguwe  mu gihe kigera ku myaka nk\u2019ibiri itatu, ugashyirwa mu bikorwa mu 1994 baramaze kwitegura ku buryo buhagije.\u201d<\/p>\n<p>Kuva  mu mwaka  w\u20192010 hari abacamanza b\u2019Abafaransa baje gukora iperereza mu Rwanda ku ihanurwa ry\u2019iyo ndege, ariko ngo babikora nk\u2019iturufu ya politiki yo kugoreka amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo.<\/p>\n<p>Ati \u201c Hanyuma  2014 batangaza ko bagiye kuyisoza, iyo bayisoje icyo bivuga nuko ishyikirizwa pariki, ikaba ariyo ifata umwanzuro. Ubwo icyo byagaragazaga mu by\u2019ukuri ni uko iyo raporo yagombaga kuza itesha agaciro ibyari byarakozwe na bruguiere muri 2005-6. Igitangaje rero ni uko  bakomeza kuyibyutsa  kandi impuguke mu by\u2019ukuri zarerekanye ibijyanye n\u2019iraswa ryayo.  Niyo mpamvu nababwiye ko bishobora kuba bituruka ku mpamvu za politiki ubufaransa bufite bushaka guhishira nabo uruhare bagize mu gufasha ingabo zateguye jenoside zikanayishyira  mu bikorwa. Si ingabo gusa na guverinoma ya Habyarimana ndetse n\u2019iyayisimbuye y\u2019Abatabazi bakomeje kuyifasha.\u201d<\/p>\n<p>Bizimana akomeza avuga ko leta y\u2019u Rwanda izakomeza kugaragaza ukuri kandi  ikanamagana ibyo bikorwa.<\/p>\n<p> Ati \u201c Icyo  dukora ni ukubagaragariza ukuri.  Kubibutsa ko abacamanza ba mbere bakoze iperereza rihagije bakagaragaraza aho ukuri kuri. Mu by\u2019ukuri icyo abo bacamanza  bandi bagombye  gukora ni ukwemeza iyo myanzuro kuko  yagaragajwe n\u2019impunguke kandi zifashishijwe n\u2019abacamanza b\u2019Abafaransa ubwabo.  Ni ukwemeza rero iyo myanzuro ibyo bintu bigahagarara, kuko gukomeza ibimenyetso bidafite n\u2019ishingiro ntabwo ubuhamya butangwa n\u2019umuntu bushobora  gusimbura inyigo yakozwe n\u2019impuguke muri  baristique, accoustique muri aeronautique zibifitemo ubumenyi kandi zakoresheje ibikoresho bihagije byerekanye  aho amasasu yavuye ndetse n\u2019ababigizemo uruhare abo ari bo. \u00bb<\/p>\n<p>CNLG ivuga  ko Abanyarwanda bakwiye kwirinda abahakana bakanapfobya amateka ya Jenoside  bakoresheje inzira zitandukanye.<\/p>\n<p>Dr Bizimana yunze mu rya Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga w\u2019u Rwanda, Madamu Louise Mushikiwabo uherutse kuvuga ko u Rwanda rurambiwe gukomeza kugaraguzwa agati n\u2019u Bufaransa bukomeje kwiyambika umwambaro w\u2019ubutabera, bugahimba ibinyoma ndetse bugaha umwanya abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi ngo bashinje bamwe mu bayobozi bakuru b\u2019igihugu ko ari bo bahanuye indege ya Habyarimana.<\/p>\n<p>Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati \u201cU Rwanda rutangiye kurambirwa ibirego bitarangira bidafite ishingiro, bihimbwa n\u2019abacamanza b\u2019Abafaransa, ni politiki ariko iri kwambikwa isura y\u2019ubutabera.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko ibyo kwaduka kw\u2019 abatangabuhamya ndetse n\u2019ingingo nshya mu rwego rwo guhisha uruhare rw\u2019iki gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi bitazashira.<\/p>\n<p>Insiriri y\u2019ibi byose ni raporo yakozwe n\u2019umucamanza w\u2019Umufaransa Jean-Louis Brugui\u00e8re utarigeze ishinja bamwe mu ngabo zari iza FPR-Inkotanyi kuba mu barashe indege ya Habyarimana, ashyiraho n\u2019impapuro zo guta muri yombi abagera ku icyenda.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Bidateye kabiri mu 2012 iyo raporo yakozwe na Brugui\u00e8re utarageze mu Rwanda yaje kuvuguruzwa n\u2019abacamanza b\u2019Abafaransa babiri. Abo ni Marc Tr\u00e9vidic na Nathalie Poux, bigereye mu Rwanda bagakora iperereza.<\/p>\n<p>Nyuma batangaje ko ibisasu byarashe indege ya Habyarimana byaturutse mu kigo cya gisirikare cya Kanombe cyacungwaga n\u2019abamurindaga[ Habyarimana] byerekanaga ko ntaho bihuriye n\u2019ibyaangajwe na Brugui\u00e8re  ko iyo ndege yahanuwe n\u2019ingabo za FPR ngo zari i Masaka.<\/p>\n<p>Iyi raporo nayo ntiyanyuze iki gihugu kuko mu mwaka ushize bwasubukuye iperereza mu isura nshya yo kwifashisha abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda, ngo babushinje ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana.<\/p>\n<p>Ku ikubitiro bwakoresheje Kayumba Nyamwasa wigeze kuba Umugaba w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda kuva mu 1994 &#8211; 2002, uri mu buhungiro muri Afurika y\u2019Epfo. Uyu yakatiwe n\u2019inkiko za gisirikare mu Rwanda igifungo cy\u2019imyaka 24 ndetse anamburwa impeta zose za gisirikare.<\/p>\n<p>Uruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi rwakunze kugarukwaho n\u2019imiryango mpuzamahanga itandukanye. Abakurikiranira ibintu hafi bari biteze ko iki gihugu gishobora kwemera uruhare rwacyo rugasaba imbabazi kuri urwo ruhare. Ibyo babihera ku kuba iki gihugu kiyoborwa na Emmanuel Macron, inshuti ya hafi ya Nicolas Sarkozy wayoboye iki gihugu, ku gihe cye nibwo umubano w\u2019u Rwanda n\u2019u Bufaransa wabaye nk\u2019uzahurwa ndetse akanasura u Rwanda.<br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG iramagana ibirego bya Leta y\u2019u Bufaransa ku ihanurwa ry\u2019indege y\u2019uwahoze ari perezida w\u2019u Rwanda Habyarimana Juvenal kuko ngo nta kindi bigamije uretse guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w\u20191994. Ni nyuma yuko mu ntangiro z\u2019uku kwezi ibitangazamakuru byanditse ko hari umutangabuhamya wagiye i Paris mu Bufaransa agatanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7762","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG iramagana ibirego bya Leta y\u2019u Bufaransa ku ihanurwa ry\u2019indege y\u2019uwahoze ari perezida w\u2019u Rwanda Habyarimana Juvenal kuko ngo nta kindi bigamije uretse guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w\u20191994. Ni nyuma yuko mu ntangiro z\u2019uku kwezi ibitangazamakuru byanditse ko hari umutangabuhamya wagiye i Paris mu Bufaransa agatanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-13T11:46:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana\",\"datePublished\":\"2017-10-13T11:46:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762\"},\"wordCount\":979,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762\",\"name\":\"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-13T11:46:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7762#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana - BWIZA","og_description":"Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, CNLG iramagana ibirego bya Leta y\u2019u Bufaransa ku ihanurwa ry\u2019indege y\u2019uwahoze ari perezida w\u2019u Rwanda Habyarimana Juvenal kuko ngo nta kindi bigamije uretse guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w\u20191994. Ni nyuma yuko mu ntangiro z\u2019uku kwezi ibitangazamakuru byanditse ko hari umutangabuhamya wagiye i Paris mu Bufaransa agatanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-13T11:46:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana","datePublished":"2017-10-13T11:46:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762"},"wordCount":979,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7762#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762","name":"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-13T11:46:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7762"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7762#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bufaransa bukomeje umugambi mubisha wo guhakana no gupfobya Jenoside- Dr Bizimana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7762","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7762"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7762\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7762"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7762"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7762"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}