{"id":7818,"date":"2017-10-27T10:05:05","date_gmt":"2017-10-27T10:05:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/27\/nyaruguru-ubushinjacyaha-bwifashishije-video-n-amajwi-gusobanura-ibirego\/"},"modified":"2025-02-12T15:26:26","modified_gmt":"2025-02-12T13:26:26","slug":"nyaruguru-ubushinjacyaha-bwifashishije-video-n-amajwi-gusobanura-ibirego","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818","title":{"rendered":"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa"},"content":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwarangije gusobanura ikirego cyabwo mu rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa ibyaha bya Jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa kane, bukaba bwaragaragaje amajwi n\u2019amashusho bwafatiye aho bikekwa ko ushinjwa yakoreye ibyaha.<\/p>\n<p>Kuri uyu munsi wa nyuma ubushinjacyaha bwari bufite ngo busobanure ikirego cyabwo, muri uru rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa, wahoze ari burugumesiteri wa Komini Nyakizu, kugira uruhare mu byaha bya jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu byakozwe mu 1994, ubushinjacyaha bwasoreje ku majwi n\u2019amashusho bugaragaza uduce dutandukanye bikekwa ko uregwa yakoreyemo ibyaha ashinjwa.<\/p>\n<p>Muri ayo majwi n\u2019amashusho ubushinjacyaha bweretse urukiko, ubushinjacyaha bugaragaza ko bwahereye I Butare buyafata kugera mu karere ka Nyaruguru, ahahoze ari muri Komini Nyakizu Ladislas Ntaganzwa yayoboraga mu gihe cya jenoside.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Nk\u2019uko byumvikana kandi bigaragara ahantu hatandukanye hafatiwe aya mashusho n\u2019amajwi uhereye I Butare kugera muri Nyaruguru no mu nkengero, hamwe abashinjacyaha bumvikanye basobanura ibintu nk\u2019abatangabuhamya, ahandi bakavuga ko ari uko abatangabuhamya babo babivuga mu buhamya bukubiye mu kirego cyabo.<\/p>\n<p>Basobanuye ko ku itariki 16 Mata 1994, Abatutsi bahungiraga I Burundi Ntaganzwa yategetse ko babakura ku mupaka w\u2019Akanyaru uhuza u Burundi n\u2019u Rwanda, babajyana I Nkomero aho biciwe kuwa 17 Mata 1994.<\/p>\n<p>Muri ayo mashusho y\u2019ubushinjacyaha kandi Umushinjacyaha Faustin Nkusi yumvikanamo anagaragaza icyobo yemeza ko cyanazwemo Abatutsi bagera mu 1000 nyuma yo kubica.<\/p>\n<p>Naho mu duce nka Kibanda, Gitandara no Ku Mugano ubushinjacyaha bwaheretse urukiko mu majwi no mu mashusho busobanura ko ari hamwe mu hari harashyizwe za bariyeri zicirwagaho Abatutsi bitegetswe na Ladislas Ntaganzwa.<\/p>\n<p>Uregwa n\u2019umwunganizi we mu mategeko, Me Bugabo bakurikiranaga iby\u2019aya majwi n\u2019amashusho bitonze ari ko bandika.<\/p>\n<p>Umushinjacyaha Dushimimana yagaragaye muri video ashinja Ntaganzwa aho agaragara ahagaze kuri Paruwasi ya Cyahinda yegeranye n\u2019ikigo cy\u2019amashuri avuga ko muri Jenoside ushinjwa yategetse kuhicira Abatutsi bagera mu 30,000 byari byahahungiye.<\/p>\n<p>Avuga ko aho kuri Paruwasi ya Cyahinda ari ho Ntaganzwa yatangirije byeruye ubwicanyi muri Komini Nyakizu yayoboraga.<\/p>\n<p>Usibye ayo majwi n\u2019amashusho ubushinjacyaha bwasorejeho busobanura ikirego cyabwo, bwanagaragaje ikarita yakozwe n\u2019umukozi w\u2019ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ubutaka, buvuga ko igaragaza intera iri hagati y\u2019ahantu n\u2019ahandi bukeka ko Ntaganzwa yakoreye ibyaha bumushinja.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwavuze ko ibi byose bwabikusanyije mu rwego rwo kugirango ibintu birusheho gusobanuka kuko ngo ubusobanuro bwatangaga mu magambo bwashoboraga gutera urujijo mu kumva uburyo uregwa yashoboraga kujya ahantu henshi hatandukanye umunsi umwe.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ibisobanuro by\u2019ubushinjacyaha, Umucamanza Antoine Muhima yahaye ijambo Me Laurent Bugabo wunganira uregwa, avuga ko nta byinshi yarenza kuri ayo majwi n\u2019amashusho uretse kuzafata umwanya uhagije bakayasesengura bakazabona kugira icyo bayavugaho nk\u2019ibindi bimenyetso.<\/p>\n<p>Mbere yo kuzatangira kwiregura, uruhande rw\u2019uregwa rwasabye ko abatangabuhamya b\u2019ubushinjacyaha bazabanza kuza mu rukiko bakemeza ko inyandiko mvugo zirega ari umwimerere kandi bakemera ko ari izabo.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha ariko bwahise buvuga ko ibyo Me Bugabo asaba atari byo, buvuga ko amategeko ateganya ko ubushinjacyaha bubanza gusobanura ibirego byabwo hanyuma uruhande bahanganye rukiregura abatangabuhamya bakazaza nyuma.<\/p>\n<p>Ladslas Ntaganzwa ni umugabo w\u2019imyaka 55 wavukiye Gasharu mu cyahoze ari Komini Nyakizu muri Perefegitura ya Butare, ubu ni mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y\u2019Amajyepfo, akaba akurikiranweho ibyaha bya jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu kugeza ubu uregwa yirinze kugira icyo abivugaho.<\/p>\n<p>Ntaganzwa wari warashyiriweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika igihembo ku muntu uzamufata, yafatiwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu mpera za 2015, mbere yo koherezwa mu Rwanda muri Werurwe 2016 azanywe n\u2019urugereko MICT rwashyiriweho kurangiza imanza zitarangijwe na TPIR.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko iburanisha rizasubukurwa kuwa 14 Ugushyingo 2017 nihatagira igihinduka.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwarangije gusobanura ikirego cyabwo mu rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa ibyaha bya Jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa kane, bukaba bwaragaragaje amajwi n\u2019amashusho bwafatiye aho bikekwa ko ushinjwa yakoreye ibyaha. Kuri uyu munsi wa nyuma ubushinjacyaha bwari bufite ngo busobanure ikirego cyabwo, muri uru rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa, wahoze ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7818","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwarangije gusobanura ikirego cyabwo mu rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa ibyaha bya Jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa kane, bukaba bwaragaragaje amajwi n\u2019amashusho bwafatiye aho bikekwa ko ushinjwa yakoreye ibyaha. Kuri uyu munsi wa nyuma ubushinjacyaha bwari bufite ngo busobanure ikirego cyabwo, muri uru rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa, wahoze ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-27T10:05:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:26:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa\",\"datePublished\":\"2017-10-27T10:05:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:26:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818\"},\"wordCount\":594,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818\",\"name\":\"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-27T10:05:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:26:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7818#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa - BWIZA","og_description":"Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwarangije gusobanura ikirego cyabwo mu rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa ibyaha bya Jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa kane, bukaba bwaragaragaje amajwi n\u2019amashusho bwafatiye aho bikekwa ko ushinjwa yakoreye ibyaha. Kuri uyu munsi wa nyuma ubushinjacyaha bwari bufite ngo busobanure ikirego cyabwo, muri uru rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa, wahoze ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-27T10:05:05+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:26:26+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa","datePublished":"2017-10-27T10:05:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:26:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818"},"wordCount":594,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7818#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818","name":"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-27T10:05:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:26:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7818"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7818#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n\u2019amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7818","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7818"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7818\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7818"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7818"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7818"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}