{"id":7840,"date":"2017-10-28T11:05:24","date_gmt":"2017-10-28T11:05:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/28\/perezida-kagame-yakuriye-inzira-ku-murima-hrw-umuyobozi-wayo-n-abiharaje\/"},"modified":"2017-10-28T11:05:24","modified_gmt":"2017-10-28T11:05:24","slug":"perezida-kagame-yakuriye-inzira-ku-murima-hrw-umuyobozi-wayo-n-abiharaje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840","title":{"rendered":"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019"},"content":{"rendered":"<ul>\n<li>\n <strong>Ndashaka kubwira uyu mugabo wa Human Right Watch uhora ansebya, asebya u Rwanda, ndi mu mwanya mwiza wo guharanira uburenganzira bwa muntu kurusha uko ubikora.  <\/strong> <\/li>\n<li>\n <strong>Human Right Watch tuzi uburenganzira bwa muntu kubarusha. Twashyize ubuzima bwacu mu kaga duharanira uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda.<\/strong> <\/li>\n<li>\n <strong>Mwacyuye ingabo zanyu mu gihe abantu bicwaga. Twe twarimo turwana. Ese uburenganzira bwa muntu muba muvuga ni ubuhe?<\/strong> <\/li>\n<\/ul>\n<p>Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagarutse kuri raporo z\u2019Umuryango uharanira uburenganzira bwa Muntu ku Isi, Human Right Watch(HRW) uherutse gutangaza, raporo zagiye zinengwa n\u2019abantu batandukanye barimo n\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda ko zibogamye, ndetse zinagamije gushotora u Rwanda.<\/p>\n<p>Izo raporo zakozwe na Human Right Watch zirimo iyavugaga ko abagize inzego z\u2019umutekano bagiye bakorera iyicarubozo abantu batandukanye  bafungwa, kuburirwa irengero no kwicwa. Hari ndetse n\u2019ivuga ku mugambi wo kwica abajura kugeza k\u2019ukekwaho ibyaha bito, bise \u2018Thieves must be killed\u2019y\u2019amapaji 92.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yabigarutseho mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 27 Ukwakira 2017,ubwo yari yitabiriye ibirori by\u2019isangira ryo kwizihiza isabukuru y&#8217;imyaka 21 y\u2019Umuryango Unity Club Intwararumuri imaze ishinzwe.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cTuzi uburenganzira bwa muntu kubarusha(Human Right Watch). Twashyize ubuzima bwacu mu kaga duharanira uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda.\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko yamaze imyaka itanu muri Uganda arwanira uburenganzira bwe buri munsi atazi ko ari buramuke, ndetse ngo nyuma yaje kongeraho indi ine mu Rwanda atazi ko azabaho undi munsi.<\/p>\n<p>Uretse uyu muryango yanagarutse no ku muyobozi wawo kuri Kenneth Roth, ati \u201c Ndashaka kubwira uyu mugabo wa Human Right Watch uhora ansebya, asebya u Rwanda, ndi mu mwanya mwiza wo guharanira uburenganzira bwa muntu kurusha uko ubikora.\u201d<\/p>\n<p>Yongeyeho ati \u201cKuri njye nemeye guhara ubuzima bwanjye, nashyize ubuzima bwanjye mu kaga kubera ubwisanzure bwanjye nagombaga guharanira, twese hamwe nk\u2019abanyarwanda kubera ubwisanzure bwacu n\u2019ubw\u2019abaturage bacu.\u201d<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019Igihugu yavuze ko abantu bashobora kuvuga u Rwanda mu buryo bubiri ariko hari u Rwanda rumwe ruharanira ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko \u201cKubura ubwigenge kwacu akenshi si uko baba babutwimye, ahubwo natwe ubwacu usanga ntabwo twiha. Twakomeje kuba abacakara, ugasanga imitekerereze ya gikoloni niyo ikigenga imyumvire yacu.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza kuri iyo myifatire idakwiriye Abanyarwanda n\u2019abanyafurika muri rusange, yasabye guhindura imyumvire.<\/p>\n<p> Ati \u201c Uko twitekereza nuko tubaho usanga biva kenshi ku buryo abandi batubona ugasanga natwe turabyemeye. Iyo umunyaburayi avuze ngo &#8216;uyu munyafurika ameze gutya na gutya&#8217;, wowe ukabyanga witwa ko ngo utemera abakurwanya. Ntabwo abanyaburayi baba batekereza inyungu z&#8217;abaturage, baba bishakira uko bakungukira mu gukoresha abayobozi ba Afurika.<\/p>\n<p>Aha yakomoje ku bihugu bitandukanye binenga u Rwanda kimwe n\u2019Umuryango mpuzamahanga wacyuye ingabo zawo mu gihe hakorwaga Jenoside, abatutsi bicwa. Ati \u201cMwacyuye ingabo zanyu mu gihe abantu bicwaga. Twe twarimo turwana. Ese uburenganzira bwa muntu muba muvuga ni ubuhe?<\/p>\n<p>Muri ya myumvire y\u2019abanyamahanga no gushaka kugira abantu ibikoresho, yatanze urugero aho u Rwanda rwigeze kujya rugaburirwa imfashanyo z&#8217;ibiribwa. Ariko ngo havugwaga politiki yo guteza imbere ubuhinzi, bakakwita umunyagitugu, nyamara ubwo iyo politiki yo guteza imbere ubuhinzi yatangiraga mu mwaka wa 2007 yaratumye  butera imbere.<\/p>\n<p>Akangurira Abanyarwanda gukomeza kwihesha agaciro, dore ko ngo Imana yaremye abantu bangana imbere yabo.<\/p>\n<p>Ati \u201cTwese twaremwe n&#8217;Imana. Hagati yacu n&#8217;Imana, ntawundi uhari. Nta muntu waza kuduhagarara hejuru. Turashaka gukomeza gusigasira ubumwe bwacu, tukubakira abana bacu ahazaza heza. Uburyo bwiza bwo gutekereza ku buzima nyuma y&#8217;urupfu, ni ukubaho uko bigomba tukiri hano ku Isi.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uretse Perezida Kagame, Perezida wa Komisiyo y\u2019Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda, Madamu Nirere Madeleine  aherutse kuvuga ko ibyakozwe n\u2019uyu muryango ari agahomamunwa n\u2019ubushotoranyi ku Rwanda, kuko ngo bagiye babika ko abantu bapfuye kandi bakiriho.<\/p>\n<p>Abayobozi batandukanye bavuze ko izi raporo zikomeje gukorwa n\u2019uyu muryango ndetse \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda.\u2019<\/p>\n<p>Abagize inteko Ishinga Amategeko mu Rwanda bo basabye ko Guverinoma yafatira ibyemezo bitandukanye HRW birimo gusesa amasezerano nayo ndetse no kuyirukana mu Rwanda, muri urwo rwego, bakaba bategereje igisubizo cya guverinoma mu kwezi kumwe.<\/p>\n<p>Leta y\u2019u Rwanda yigeze gusaba HRW gukorera mu mucyo, ndetse raporo igiye gutangaza zikabanza kuyerekwa ikagira icyo izivugaho, ariko ngo nti byakozwe. Minisitiri w\u2019Ubutabera Busingye Johnston akaba n\u2019intumwa nkuru ya leta yigeze kubwira uyu muryango  ko n\u2019utubahiriza ibyo bemeranyijwe mu masezerano y\u2019ubufatanye(MoU), azaseswa.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ndashaka kubwira uyu mugabo wa Human Right Watch uhora ansebya, asebya u Rwanda, ndi mu mwanya mwiza wo guharanira uburenganzira bwa muntu kurusha uko ubikora. Human Right Watch tuzi uburenganzira bwa muntu kubarusha. Twashyize ubuzima bwacu mu kaga duharanira uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda. Mwacyuye ingabo zanyu mu gihe abantu bicwaga. Twe twarimo turwana. Ese uburenganzira bwa muntu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7840","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ndashaka kubwira uyu mugabo wa Human Right Watch uhora ansebya, asebya u Rwanda, ndi mu mwanya mwiza wo guharanira uburenganzira bwa muntu kurusha uko ubikora. Human Right Watch tuzi uburenganzira bwa muntu kubarusha. Twashyize ubuzima bwacu mu kaga duharanira uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda. Mwacyuye ingabo zanyu mu gihe abantu bicwaga. Twe twarimo turwana. Ese uburenganzira bwa muntu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-28T11:05:24+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019\",\"datePublished\":\"2017-10-28T11:05:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840\"},\"wordCount\":717,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840\",\"name\":\"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-28T11:05:24+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7840#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019 - BWIZA","og_description":"Ndashaka kubwira uyu mugabo wa Human Right Watch uhora ansebya, asebya u Rwanda, ndi mu mwanya mwiza wo guharanira uburenganzira bwa muntu kurusha uko ubikora. Human Right Watch tuzi uburenganzira bwa muntu kubarusha. Twashyize ubuzima bwacu mu kaga duharanira uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda. Mwacyuye ingabo zanyu mu gihe abantu bicwaga. Twe twarimo turwana. Ese uburenganzira bwa muntu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-28T11:05:24+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019","datePublished":"2017-10-28T11:05:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840"},"wordCount":717,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7840#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840","name":"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-28T11:05:24+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7840"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7840#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima, HRW, umuyobozi wayo \u2018n\u2019abiharaje gusebya u Rwanda\u2019"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7840","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7840"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7840\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7840"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7840"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7840"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}