{"id":7848,"date":"2017-10-28T15:34:25","date_gmt":"2017-10-28T15:34:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/28\/ntuzambure-imyenda-umugabo-wawe-impano-umubyeyi-yahaye-umukobwa-we-washyingiwe\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:21","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:21","slug":"ntuzambure-imyenda-umugabo-wawe-impano-umubyeyi-yahaye-umukobwa-we-washyingiwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848","title":{"rendered":"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nyina yamupfunyikiye impano iri mu gikarito kinini , gisumbya ubunini izindi mpano zose yahawe ku munsi w&#8217;ubukwe bwe, mbere yo kumuha imbuto umubyeyi agenera umwana.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Nubwo, cyari igikarito kinini, harimo agapapuro gato, kanditseho ngo  &#8220;Ntuzambure imyenda umugabo wawe&#8221;<\/p>\n<p>Ubwo yahamburaga impano yari yahawe n&#8217;abantu benshi mu bukwe bwe, yafashe igikarito kinini atangira kugifungura vuba vuba yihuta n&#8217;amatsiko menshi kuko yibukaga neza ko yayihawe na nyina mu bukwe bwe.<\/p>\n<p>Yashakaga kumenya ni iki nyina yamuhaye!<\/p>\n<p>Igikarito cyari cyoroshye cyane , aragifungura, asangamo agapapuro gato kanditseho,Ngo &#8220;Ntuzambure imyenda umugabo wawe&#8221;. Nta yandi magambo yari yanditseho !<\/p>\n<p>Byaramutangaje cyane kuko yari yamaze kurongorwa kandi icyo gikorwa cyo gukuramo imyenda umugabo we yaragikoze, ubwo bari bari mu kwezi kwa buki  (honey moon) !<\/p>\n<p>Umunsi wakurikiyeho yabonanye na nyina nyina , amubaza icyo yashakaga kuvuga. Nibwo atangiye  kumusobanurira amubwira ati &#8220;Kamwe mu kazi gakomeye mu rugo (Mu rushako) ni -Uguhishira umugabo wawe, ako ni akazi kawe ugomba kumufashamo nk&#8217;umugore we!&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza amusobanurira agira ati &#8220;Nta muntu wuzuye udakosa , birashoboka ko uzamusangana inenge yaba ku mubiri we cyangwa se mu mico ye, gerageza kumuhishira inenge ze!&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza amubwira ati &#8221; Iyo utangiye kuzibwira inshuti zawe uba uri  <strong>kwambura imyenda<\/strong>  no gutesha agaciro umugabo wawe imbere yabo ubibwira!&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati &#8220;Umenye ko uruhererekane rutazagarukira ku wo wabibwiye gusa, kuko nk&#8217;uko byakunaniye kwifata ukabwira inshuti zawe ko umugabo wawe ameze gutya na gutya , ni nako nabo bazananirwa kwifata , bazagenda nabo babibwire inshuti zabo , babibwire abagabo babo , nabo babiganire usange inkuru ze ahantu hose zahageze n&#8217;aho akorera ku kazi ke bizabageraho!&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza amuha impanuro agira ati&#8221;Aho azajya aca , abantu bazajya bamureba bamurebere mu ndorerwamo ya za nenge ze , kabone n&#8217;ubwo yakora ikintu cyiza , abantu bazibonera za nenge ze , maze  bamusuzugure!&#8221;<\/p>\n<p>Wa mukobwa abaza nyina n&#8217;ubwoba bwinshi ati  &#8221; None se Mama nzakore iki umunsi nananiwe kwihanganira inenge ze?&#8221;<\/p>\n<p>Nyina aramusubiza ati  &#8220;Niba afite imico mibi gerageza kuganira na we , nimba hari inenge afite ku mubiri we , imenyereze kubana nazo , uramenye ntuzamuhoze ku nkeke ku kintu adashoboye guhindura , kuko si we wiremye , nawe ubwawe nturi shyashya afite ibyo agomba kwihanganiraho!&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati  &#8221; Kandi n&#8217;abo ubwira , abagabo babo nabo bafite inenge zikomeye wenda kuruta iz&#8217;umugabo wawe, n&#8217;uko bo abagore babo batazitangaza!&#8221;<\/p>\n<p>Nyina asoza abaza umukobwa we ati &#8220;None se mwana wanjye , umugabo wawe aramutse afite uturenge duto , nubibwira inshuti yawe , utwo turenge tuzahita tuba tunini ? &#8221; Umwana ati &#8220;Oyaaa , Mama ntabwo byahinduka ngo bibe binini &#8230;&#8221;<\/p>\n<p>Arongera ati &#8221; Rero nta mpamvu yo kubibwira abantu , bana na we neza n&#8217;izo nenge ze!&#8221;<br \/>\n<figure id=\"attachment_80418\" aria-describedby=\"caption-attachment-80418\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-large wp-image-80418\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"683\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-80418\" class=\"wp-caption-text\">Ibyishimo mu biranga umuryango ubanye neza<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Umukobwa ahita asubira iwe mu rugo, yishimye anishimiye urugo rwe uko yarusanze &#8230;<\/p>\n<p>Burya umugore wagiye muri &#8220;Bambwiye &#8230;, Numvise &#8230;,&#8221; aba ameze nka wa mugezi w&#8217;isuri wisiba!Reka Tureke kuba ba ambasaderi (ambassador) b&#8217;ibibi bya bagenzi bacu! Reka twamagane amagambo mu ngo zacu, maze dushishikazwe  no kuzubaka zigakomera.<\/p>\n<p>Havugimana P.\/Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyina yamupfunyikiye impano iri mu gikarito kinini , gisumbya ubunini izindi mpano zose yahawe ku munsi w&#8217;ubukwe bwe, mbere yo kumuha imbuto umubyeyi agenera umwana. Nubwo, cyari igikarito kinini, harimo agapapuro gato, kanditseho ngo &#8220;Ntuzambure imyenda umugabo wawe&#8221; Ubwo yahamburaga impano yari yahawe n&#8217;abantu benshi mu bukwe bwe, yafashe igikarito kinini atangira kugifungura vuba vuba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-7848","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyina yamupfunyikiye impano iri mu gikarito kinini , gisumbya ubunini izindi mpano zose yahawe ku munsi w&#8217;ubukwe bwe, mbere yo kumuha imbuto umubyeyi agenera umwana. Nubwo, cyari igikarito kinini, harimo agapapuro gato, kanditseho ngo &#8220;Ntuzambure imyenda umugabo wawe&#8221; Ubwo yahamburaga impano yari yahawe n&#8217;abantu benshi mu bukwe bwe, yafashe igikarito kinini atangira kugifungura vuba vuba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-28T15:34:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe\",\"datePublished\":\"2017-10-28T15:34:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848\"},\"wordCount\":492,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848\",\"name\":\"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg\",\"datePublished\":\"2017-10-28T15:34:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7848#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe - BWIZA","og_description":"Nyina yamupfunyikiye impano iri mu gikarito kinini , gisumbya ubunini izindi mpano zose yahawe ku munsi w&#8217;ubukwe bwe, mbere yo kumuha imbuto umubyeyi agenera umwana. Nubwo, cyari igikarito kinini, harimo agapapuro gato, kanditseho ngo &#8220;Ntuzambure imyenda umugabo wawe&#8221; Ubwo yahamburaga impano yari yahawe n&#8217;abantu benshi mu bukwe bwe, yafashe igikarito kinini atangira kugifungura vuba vuba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-28T15:34:25+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:21+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe","datePublished":"2017-10-28T15:34:25+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848"},"wordCount":492,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848","name":"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg","datePublished":"2017-10-28T15:34:25+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7848"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/umugore-wumviye-umubyeyi-1024x683.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7848#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ntuzambure imyenda umugabo wawe, impano umubyeyi yahaye umukobwa we washyingiwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7848","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7848"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7848\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7848"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7848"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7848"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}