{"id":7852,"date":"2017-10-29T11:43:51","date_gmt":"2017-10-29T11:43:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/29\/maze-kubyara-abakobwa-6-umugabo-wanjye-amereye-nabi-ngo-ngiye-guca-umuryango\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:21","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:21","slug":"maze-kubyara-abakobwa-6-umugabo-wanjye-amereye-nabi-ngo-ngiye-guca-umuryango","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852","title":{"rendered":"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nakuze banyita izina rya Juliet ariko si ryo ryanditse ku irangamuntu yanjye. Ndi umugore mfite imyaka 39, maze kubyara abana 6 b\u2019abakobwa umuto muri bo afite amezi8.<\/em> <\/strong><br \/>\nUmugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye kumucira umuryango ngo kuba tutabyara umwana w\u2019umuhungu ndetse n\u2019umuryango w\u2019umugabo wanjye ntitugicana uwaka ngo naje guca umuryango kuko nabyaye abakobwa gusa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu bana 6 b\u2019abakobwa mfitanye n\u2019umugabo wanjye, harimo abo nabyaye ari impanga ubugira 2, ngerageza kubereka urukundo nka nyina nkabitaho ndetse n\u2019umugabo wanjye nkora ibishoboka nkamufata neza ariko kuri ubu mfite impungenge ko isaha iyo ari yo yose nakwirukanwa cyangwa umugabo wanjye akanta akajya gushaka undi mugore bashobora kubyarana agahungu kuko bavuga ko ari njye munyamakosa.<br \/>\nMu by\u2019ukuri, iyo duhuye n\u2019inshuti cyangwa abavandimwe b\u2019umugabo wanjye bafite akana k\u2019agahungu usanga yakimariyemo ndetse agahindukira akandeba nkabura icyo navuga kuko nanjy nsigaye numva koko narabaye nk\u2019igitotsi mu murwango.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKugeza ubu, umugabo wanjye ntakifuza ko hari n\u2019undi mwana twabyarana kuko atinya ko na we yazaza ari umukobwa kandi n\u2019abo dufitanye atabagaragariza urukundo rwa kibyeyi nk\u2019abana be.<br \/>\nNkore iki? Inama zanyi ni ingirakamaro<\/p>\n<div id=\"attachment_80019\" class=\"wp-caption alignnone\">\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong>\n<\/div>\n<p><a href=\"mailto:Gentille@Bwiza.com\">Gentille@Bwiza.com<\/a><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nakuze banyita izina rya Juliet ariko si ryo ryanditse ku irangamuntu yanjye. Ndi umugore mfite imyaka 39, maze kubyara abana 6 b\u2019abakobwa umuto muri bo afite amezi8. Umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye kumucira umuryango ngo kuba tutabyara umwana w\u2019umuhungu ndetse n\u2019umuryango w\u2019umugabo wanjye ntitugicana uwaka ngo naje guca umuryango kuko nabyaye abakobwa gusa. [xyz-ihs [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-7852","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nakuze banyita izina rya Juliet ariko si ryo ryanditse ku irangamuntu yanjye. Ndi umugore mfite imyaka 39, maze kubyara abana 6 b\u2019abakobwa umuto muri bo afite amezi8. Umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye kumucira umuryango ngo kuba tutabyara umwana w\u2019umuhungu ndetse n\u2019umuryango w\u2019umugabo wanjye ntitugicana uwaka ngo naje guca umuryango kuko nabyaye abakobwa gusa. [xyz-ihs [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-29T11:43:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2017-10-29T11:43:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852\"},\"wordCount\":221,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852\",\"name\":\"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-29T11:43:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7852#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Nakuze banyita izina rya Juliet ariko si ryo ryanditse ku irangamuntu yanjye. Ndi umugore mfite imyaka 39, maze kubyara abana 6 b\u2019abakobwa umuto muri bo afite amezi8. Umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye kumucira umuryango ngo kuba tutabyara umwana w\u2019umuhungu ndetse n\u2019umuryango w\u2019umugabo wanjye ntitugicana uwaka ngo naje guca umuryango kuko nabyaye abakobwa gusa. [xyz-ihs [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-29T11:43:51+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:21+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki?","datePublished":"2017-10-29T11:43:51+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852"},"wordCount":221,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7852#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852","name":"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-29T11:43:51+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7852"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7852#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7852","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7852"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7852\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7852"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7852"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7852"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}