{"id":7861,"date":"2017-10-30T09:35:28","date_gmt":"2017-10-30T09:35:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/30\/igihe-kizagera-bibe-ngombwa-ko-u-bufaransa-bwemera-ko-bwagize-uruhare-muri\/"},"modified":"2017-10-30T09:35:28","modified_gmt":"2017-10-30T09:35:28","slug":"igihe-kizagera-bibe-ngombwa-ko-u-bufaransa-bwemera-ko-bwagize-uruhare-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861","title":{"rendered":"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo"},"content":{"rendered":"<p>U Rwanda rusanga igihe kizagera u Bufaransa bukemera uruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse rugasaba perezida Emmanuel Macron gukemura ibibazo bifitanye isano na jenoside biri hagati y\u2019igihugu cye n\u2019u Rwanda nk\u2019uko byatangajwe na minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Louise Mushikiwabo mu kiganiro n\u2019ibitangazamakuru bitandukanye byo mu Bufaransa.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019iminsi mikeya u Rwanda ruhamagaje ambasaderi warwo mu Bufaransa, minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa 29 Ukwakira yahaye ikiganiro ibinyamakuru bitatu byo mu Bufaransa; TV5 Monde, RFI na Le Monde, aho muri iki kiganiro yatangaje ko iperereza ritarangira ku ihanurwa ry\u2019indege yari itwaye uwari perezida w\u2019u Rwanda, Juvenal Habyarimana, kuwa 06 Mata 1994, ritazahoraho. Iri hanurwa ry\u2019indege benshi bakaba barifata nk\u2019imbarutso ya jenoside yahitanye ubuzima bw\u2019abantu basaga miliyoni.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko hari ikibazo cy\u2019iryo perereza ritarangira, aho usanga haza abatangabuhamya baza ku munota wa nyuma, abacamanza baza basimbura abandi, aho yatanze urugero rwa Jean-Louis Bruguiere, wakuriwe na ba Jean Marc <em>Herbaut<\/em> n\u2019abandi. Ati: \u201c <em>Ni ngombwa ko iki kitwa urubanza kizarangira umunsi umwe. kandi u Bufaransa nibutabikora, tuzabikora<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Iri perereza ku ihanurwa ry\u2019indege yari itwaye perezida Habyarimana rigiye kumara imyaka 20 ndetse rikaba ari ryo ntandaro y\u2019umwuka mubi ukomeje kuranga umubano w\u2019ibihugu byombi, ni naryo nkomoko y\u2019umwuka mubi wongeye kugaragara muri iyi minsi, aho abacamanaza, Nathalie Poux na Jean-Marc Herbaut bongeye gutumizaho minisitiri w\u2019ingabo z\u2019u Rwanda, James kabarebe, bashaka kumuhanganisha n\u2019umutangabuhamya mushya ushinja abahoze ari ingabo za FPR bari bayobowe na perezida Kagame, kuba ari bo bahanuye indege ya Habyarimana.<\/p>\n<p>Minisitiri Louise Mushikiwabo akaba asanga abihishe inyuma y\u2019ibi ari abafashaga ubutegetsi bwakoze jenoside bagerageza, kuva mu myaka 23 ishize, guhishira uruhare rwabo, bashaka kwangiza ibimenyetso.<\/p>\n<p>Kuri minisitiri Mushikiwabo, ngo uru rubanza nta mpamvu rufite rwo kubaho. Ati: \u201c <em>Twagiranye ubufatanye (mu maperereza yabanje) kuko twifuzaga kujya imbere. Ariko twasanze ku ruhande rw\u2019u Bufaransa hari ukuntu bwishyira hejuru<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Minisitiri Mushikiwabo kandi asanga ubutabera bw\u2019u Bufaransa butigenga. Ati: \u201c <em>Ubwo imibanire ya politike yari imeze neza (kubwa Sarkozy), ubutabera bwagendaga neza. Ntabwo ari ubutabera, ni politiki<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Minisitiri Mushikiwabo muri iki kiganiro ariko, yanasobanuye ko iki Atari igihe cyo gucana umubano kw\u2019ibihugu, ahubwo u Rwanda rutegereje ko u Bufaransa bwemera uruhare bwarwo kuko atari kubw\u2019imanza zipfuye cyangwa za raporo buzabikora.<\/p>\n<p>Minisitiri Mushikiwabo akaba yagize ati: \u201c <em>Uyu munsi, u Bufaransa bufite uburyo bwo guhangana n\u2019amateka yabwo ku Rwanda. Twarihanganye cyane ariko, ariko igihe kizagera ubwo u Bufaransa bizaba ngombwa ko bwemera ko bwagize uruhare ruteye ubwoba<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Minisitiri Mushikiwabo yakomeje avuga ko gushyigikira jenoside no kuyigiramo uruhare mu buryo bumwe cyangwa ubundi, umuntu yabyita ubuhumyi.<\/p>\n<p>Kuva mu 2010 umubano w\u2019u Rwanda n\u2019u Bufaransa wagiye ugaragaramo utubazo dutandukanye turimo ibirego bishya nk\u2019icyareze banki ya BNP kuba yaratanze amafaranga yaguze intwaro zahawe abakoraga jenoside mu gihe u Rwanda rwari rrwarashyiriweho embargo irubuza kugura intwaro. Kuva mu 2015 kandi, u Bufaransa nta ambasaderi bugira mu Rwanda.<\/p>\n<p>Urubuga rwa TV5Monde dukesha iyi nkuru rukomeza ruvuga ko perezida Emmanuel Macron, ufite umujyanama mu bya politiki, Philippe Etienne, yari yagerageje gukorera mu murongo nk\u2019uwa Sarkozy, akaba yaragaragaje ko yifuza ko umubano w\u2019igihugu cye n\u2019u Rwanda wongera kumera neza ubwo yabonanaga na perezida w\u2019u RRwanda, Paul Kagame bahuriye I New York mu nama iheruka y\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye muri Nzeri.<\/p>\n<p>Sarkozy kandi afite amahirwe yo kuba muri guverinoma ye nta bantu barimo batungwa urutoki mu kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda nk\u2019uko kubwa Sarkozy hari harimo Alain Juppe wari minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga mu gihe cya jenoside, cyangwa kubwa Francois hollande, aharimo Hubert Vedrine wari umunyamabanga mukuru muri perezidansi y\u2019u Bufaransa kubwa Francois Mitterand.<\/p>\n<p>Nubwo bimeze gutyo ariko, iki kinyamakuru TV5 Monde irakomeza ivuga ko gushyira mu majwi benshi mu bakuru nb\u2019ingabo z\u2019u bufaransa mu nzego zitandukanye barimo, umugaba mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa kuri ubu, Gr\u00e9goire de Saint-Quentin, binavugwa ko ari umwe mu bageze bwa mbere aho indege yari itwaye Habyarimana yaguye nyuma yo kuraswa, nabyo ngo bishobora kubangamira ubushake bwa perezida Macron.<\/p>\n<p>Na none ariko, umubano w\u2019inzego za gisirikare z\u2019u Bufaransa na perezida mushya wagiye ugaragaramo udutotsi kuva uwari umugaba mukuru w\u2019ingabo, Pierre de Villiers yeguriye. Uwamusimbuye ariko, Fran\u00e0\u00a7ois Lecointre, ni umwe mu ngabo z\u2019u Bufaransa zari mu Rwanda muri Operation Turquoise mu minsi ya nyuma ya jenoside.<\/p>\n<p>Minisitiri Louise Mushikiwabo udashidikanya cyane ku bushobozi bwa perezida Macron bwo kurenga umurage w\u2019abamubanjirije, asanga perezida yagira ubushake bwiza bushoboka bwose, kubw\u2019ibyo akaba ari we ugomba kugira icyo akora kuri iki kibazo kiri hagati y\u2019igihugu cye n\u2019u Rwanda.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Rwanda rusanga igihe kizagera u Bufaransa bukemera uruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse rugasaba perezida Emmanuel Macron gukemura ibibazo bifitanye isano na jenoside biri hagati y\u2019igihugu cye n\u2019u Rwanda nk\u2019uko byatangajwe na minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Louise Mushikiwabo mu kiganiro n\u2019ibitangazamakuru bitandukanye byo mu Bufaransa. Nyuma y\u2019iminsi mikeya u Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7861","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Rwanda rusanga igihe kizagera u Bufaransa bukemera uruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse rugasaba perezida Emmanuel Macron gukemura ibibazo bifitanye isano na jenoside biri hagati y\u2019igihugu cye n\u2019u Rwanda nk\u2019uko byatangajwe na minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Louise Mushikiwabo mu kiganiro n\u2019ibitangazamakuru bitandukanye byo mu Bufaransa. Nyuma y\u2019iminsi mikeya u Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-30T09:35:28+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo\",\"datePublished\":\"2017-10-30T09:35:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861\"},\"wordCount\":802,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861\",\"name\":\"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-30T09:35:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7861#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo - BWIZA","og_description":"U Rwanda rusanga igihe kizagera u Bufaransa bukemera uruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse rugasaba perezida Emmanuel Macron gukemura ibibazo bifitanye isano na jenoside biri hagati y\u2019igihugu cye n\u2019u Rwanda nk\u2019uko byatangajwe na minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Louise Mushikiwabo mu kiganiro n\u2019ibitangazamakuru bitandukanye byo mu Bufaransa. Nyuma y\u2019iminsi mikeya u Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-30T09:35:28+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo","datePublished":"2017-10-30T09:35:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861"},"wordCount":802,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7861#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861","name":"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-30T09:35:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7861"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7861#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igihe kizagera bibe ngombwa ko u Bufaransa bwemera ko bwagize uruhare muri jenoside \u2014 Min. Mushikiwabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7861","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7861"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7861\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7861"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7861"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7861"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}