{"id":7931,"date":"2017-11-02T11:09:46","date_gmt":"2017-11-02T11:09:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/02\/ubushinjacyaha-bwasabye-ko-abayoboke-7-ba-fdu-inkingi-bakomeza-gufungwa-by-039\/"},"modified":"2017-11-02T11:09:46","modified_gmt":"2017-11-02T11:09:46","slug":"ubushinjacyaha-bwasabye-ko-abayoboke-7-ba-fdu-inkingi-bakomeza-gufungwa-by-039","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931","title":{"rendered":"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo"},"content":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwasabye urukiko kongera igihe cyo gukomeza gufunga abayoboke ba FDU Inkingi, ishyaka ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda ndetse ritemerewe gukorera mu Rwanda, bakurikiranweho ibyaha byo gukorana n\u2019imitwe irwanya ubutegetsi.<\/p>\n<p>Abaregwa uko ari barindwi kuri uyu wa gatatu bageze imbere y\u2019urukiko bose bari mu mwambaro w\u2019imfungwa, batanu muri bo bafite abunganizi mu gihe abandi babiri biburaniraga.<\/p>\n<p>Byari biteganyijwe ko kuri uyu munsi aba barwanashyaka ba FDU Inkingi bari kuba baburana mu mizi, ariko ubushinjacyaha bwabatumije busaba ko urukiko rwakongera iminsi yo kuba bafunzwe by\u2019agateganyo kuko bugikora iperereza.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Umushinjacyaha yabanje kwibutsa ibyaha bibiri bikomeye abashinjwa bakurikiranweho mbere yo gusobanura impamvu y\u2019ubusabe bwe. Ni icyaha cyo kurema umutwe w\u2019ingabo zitemewe n\u2019icyaha cyo gushaka kugirira nabi ubutegetsi buriho.<\/p>\n<p>Kuwa 26 Nzeri 2017 nibwo icyemezo cyo gufunga abashinjwa by\u2019agateganyo cyari cyafashwe. Ubushinjacyaha bukaba bwabwiye urukiko ko kuva icyo gihe bwakomeje kubakoraho iperereza bunafata abandi buvuga ko bafatanya n\u2019aba barindwi bashinjwa, aho bwavuze ko bwafashe abandi batanu ku isonga hazamo uwitwa Theophile Ntirutwa, uhagarariye FDU mu Mujyi wa Kigali, Venant Abayisenga na Athanase Kanyarukiko, bose ubu bafunze. Abandi babiri ubushinjacyaha bwavuze ko bwabahase ibibazo bukamva nta mpamvu zikomeye bukaba bubarekuye. Abo ni Vedaste Nshimiyimana na Emmanuel Nyandwi.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bukaba bwavuze ko butarangije iperereza busaba urukiko ko rwakongera ukwezi ko gufunga by\u2019agateganyo abashinjwa, kuko bufite impungenge z\u2019uko barekuwe batoroka ubutabera bakanasibanganya ibimenyetso.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw\u2019abashinjwa humvikanye amagambo rimwe na rimwe akarishye, nk\u2019aho Boniface Twagirimana, visi perezida wa FDU, yagize ati: \u201c <em>Narinzi ko wenda nyuma y\u2019iyi minsi dufunzwe tuzasanga uwo mutwe w\u2019ingabo wa baringa dushinjwa ubushinjacyaha bwarawubonye ariko kugeza ubu byaba bitangaje binababaje gukomeza gufungwa bishingiye ku mirimo ya politiki dukora muri iki gihugu<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Uyu yakomeje avuga ko mu Rwanda kutavuga rumwe n\u2019ubutegetsi biba bihagije kugirango witwe umwanzi w\u2019igihugu, maze yikoma ubushinjacyaha avuga ko butavugisha ukuri mu rukiko, aho yavuze ko ibyo buvuga ko bwagezeho mu iperereza atari ukuri.<\/p>\n<p>Yavuze ko afite amakuru y\u2019uko abarwanashyaka, Emmanuel Nyandwi na Vedaste Nshimiyimana ubushinjacyaha buvuga ko bwabatahuye mu iperereza rya nyuma y\u2019uko itsinda Twagirimana arimo ritabwa muri yombi, atari ukuri.<\/p>\n<p>Yavuze ko nubwo ubushinjacyaha buvuga ko bwabarekuye na n\u2019ubu bagifunzwe kandi ko bafatiwe umunsi umwe n\u2019umuyobozi wabo.<\/p>\n<p>Twagirimana kandi yanatunze umucamanza urutoki mu miburanishirize ye, avuga ko nta gihe na kimwe ibyo bavugira mu rukiko byigeze bihabwa agaciro ariko ubu wenda bashobora kwizera.<\/p>\n<p>Asoza yasabye ko bahabwa ubutabera bunoze maze arabaza ati: \u201c <em>Kuba turi imbere yanyu mushobora kuzumva ibyo tuvuga, cyangwa nk\u2019uko bisanzwe itaka muzemeza ko ubushinjacyaha ari bwo bufite ishingiro<\/em> ?\u201d Umucamanza mu kumusubiza yamubwiye ko bazasesengura bakabitaho icyemezo.<\/p>\n<p>Me Antoinette Mukamusoni na Me Gashabana bunganira abaregwa, babwiye umucamanza ko impamvu zikomeye atari ibimenyetso ahubwo ari ibyagezweho mu iperereza, bavuga ko kugeza ubu basanga abaregwa bafunzwe binyuranyije n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Me Antoinette akaba yavuze ko icyaha ari gatozi kandi ko mu bo ubushinjacyaha buvuga ko bwafashe butagaragaza niba baramaze kugera muri uwo mutwe kugeza ubu utarabonerwa izina. Yaboneyeho gusaba ubushinjacyaha ko niba ntacyo burageraho mu iperereza bwaba burekuye abaregwa bagakurikiranwa bari hanze.<\/p>\n<p>Yavuze ko ibi byaha ubushinjacyaha umwanya uhagije wo gukora iperereza kuko ngo kubikora huti huti kuko ngo bibatura mu mutego wo kwica amategeko bikanashora abayobozi ba gereza mu manza. Yakomeje abwira umucamanza ati: \u201c <em>Nimwe mufite imfunguzo zombi; kubafunga no kubafungura. Niba amategeko ariho si umwanya wo kugirango ubushinjacyaha buyahonyange<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwasubiranye ijambo buvuga ko abaregwa badafunzwe binyuranyije n\u2019amategeko, buvuga ko bubinyujije ku ikoranabuhanga rihuza ababuranyi bombi n\u2019urukiko bwasabye kongererwa igihe kuwa 24 Ukwakira mbere y\u2019uko ukwezi gushira, bukavuga ko abunganizi bagombye kuba barabirebye bakabimenyesha abo bunganira.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bushinja aba bayoboke ba FDU uko ari barindwi gushing umutwe w\u2019ingabo utemewe wakorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu mugambi wo guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda, ibirego abashinjwa bamagana bavuga ko bishingiye kuri politiki.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko urukiko ruzafata icyemezo kuri ubu busabe bw\u2019ubushinjacyaha kuri uyu wa Gatanu, itariki 03 Ugushyingo 2017.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwasabye urukiko kongera igihe cyo gukomeza gufunga abayoboke ba FDU Inkingi, ishyaka ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda ndetse ritemerewe gukorera mu Rwanda, bakurikiranweho ibyaha byo gukorana n\u2019imitwe irwanya ubutegetsi. Abaregwa uko ari barindwi kuri uyu wa gatatu bageze imbere y\u2019urukiko bose bari mu mwambaro w\u2019imfungwa, batanu muri bo bafite abunganizi mu gihe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7931","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwasabye urukiko kongera igihe cyo gukomeza gufunga abayoboke ba FDU Inkingi, ishyaka ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda ndetse ritemerewe gukorera mu Rwanda, bakurikiranweho ibyaha byo gukorana n\u2019imitwe irwanya ubutegetsi. Abaregwa uko ari barindwi kuri uyu wa gatatu bageze imbere y\u2019urukiko bose bari mu mwambaro w\u2019imfungwa, batanu muri bo bafite abunganizi mu gihe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-02T11:09:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo\",\"datePublished\":\"2017-11-02T11:09:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931\"},\"wordCount\":677,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931\",\"name\":\"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-02T11:09:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7931#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo - BWIZA","og_description":"Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwasabye urukiko kongera igihe cyo gukomeza gufunga abayoboke ba FDU Inkingi, ishyaka ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda ndetse ritemerewe gukorera mu Rwanda, bakurikiranweho ibyaha byo gukorana n\u2019imitwe irwanya ubutegetsi. Abaregwa uko ari barindwi kuri uyu wa gatatu bageze imbere y\u2019urukiko bose bari mu mwambaro w\u2019imfungwa, batanu muri bo bafite abunganizi mu gihe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-02T11:09:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo","datePublished":"2017-11-02T11:09:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931"},"wordCount":677,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7931#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931","name":"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-02T11:09:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7931"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7931#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by&#039;agateganyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7931","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7931"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7931\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7931"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7931"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7931"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}