{"id":7936,"date":"2017-11-02T12:40:59","date_gmt":"2017-11-02T12:40:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/02\/mu-mafaranga-25-000-umunyeshuri-wa-ur-ahabwa-iyo-akuyemo-icumbi-n-ibyo-kurya\/"},"modified":"2017-11-02T12:40:59","modified_gmt":"2017-11-02T12:40:59","slug":"mu-mafaranga-25-000-umunyeshuri-wa-ur-ahabwa-iyo-akuyemo-icumbi-n-ibyo-kurya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936","title":{"rendered":"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR  ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000"},"content":{"rendered":"<p>Umunyeshuri wa Kaminuza y\u2019u Rwanda ngo atungwa n\u2019amafaranga 600 ku munsi angina n\u2019ibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo n\u2019icumbi ry\u2019amafaranga 6,000.<\/p>\n<p>Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo y\u2019uburezi, umuco, urubyiruko n\u2019ikoranabuhanga iri kugirana n\u2019Ubuyobozi bwa Kaminuza y\u2019u Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa n\u2019isoko ry\u2019umurimo.<\/p>\n<p>Abadepite babajije abayobozi ba UR uburyo ikora kugira ngo ibashe kwinjiza amafaranga biturutse mu bikorwa ikora.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mu gusubiza iki kibazo, Dr Muligande Charles, Umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere rya UR, yavuze ko hari inzitizi zikomeye zituma itabasha kwinjiza amafaranga.<\/p>\n<p>Yavuze ko UR ifite amacumbi menshi, aho yiganje i Huye, hakaba nta mafaranga agaragara avamo bitewe n\u2019uko ayo abanyeshuri bishyura ari make cyane bitewe n\u2019ubushobozi bwabo. Yongeyeho ko ayo macumbi anashaje, ku buryo kuyabamo ku banyeshuri biba ari amaburakindi.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi avuga ko abanyeshuri bahabwa inguzanyo yo kwiga muri UR baba bari mu cyiciro cya mbere n\u2019icya kabiri by\u2019ubudehe. Ibyo byiciro ngo umuntu ntaba anabasha kuba yakwigurira Mituelle de Sant\u00e9.<\/p>\n<p>Avuga ku mafaranga abanyeshuri bahabwa abatunga angana n\u2019ibihumbi 25 ku kwezi yagaragaje ko umunyeshuri yishyura icumbi amafaranga 5000 cyangwa 6000.<\/p>\n<p>Iyo havuyemo amafaranga y\u2019icumbi hasigara ibihumbi 19, aba agomba kuryamo ndetse n\u2019utundi dukoresho dukenerwa.<\/p>\n<p>Yavuze ko mu kurya k\u2019umunyeshuri, atungwa n\u2019udushyimbo ndetse n\u2019umutsima, aho ngo bisaba ko arya amafaranga 600 ku munsi. Bishatse kuvuga ko ku kwezi umunyeshuri wa UR arya ibihumbi 18.<\/p>\n<p>Mu mafaranga yose aba yakoreshejwe ngo hasigara amafarnaga 1000 gusa, aho ngo aba ari yo akoresha mu gufotoza inyandiko z\u2019amasomo, kugura isabune ndetse n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo amafaranga 25 abanyeshuri bahabwa buri kwezi bigaragara ko ari make ngo hari n\u2019igihe imiryango baturukamo baba bashaka amakiriro kuri utwo duhumbi, nk\u2019uko Dr Muligande yatwise.<\/p>\n<p>Ahandi UR yagakwiye gukura amafaranga ni mu banyeshuri bayo bigenga, aho ngo kuri ubu bagabanutse bitewe n\u2019uko abahaza bigaga amasomo atari aya siyansi. Bikaba kuri ubu ngo bigoranye kuko abamaze kuyarangizamo ari benshi bigatuma no ku isoko ry\u2019umurimo ari benshi cyane nk\u2019uko iyi nkuru dukesha Izuba Rirashe ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>Kaminuza ivuga ko igihangayikishijwe n\u2019ingengo y\u2019imari ihabwa, aho kugeza ubu ikiri mu bibazo by\u2019amafaranga. Ibi bikaba bigira ingaruka zikomeye ku ireme ry\u2019uburezi itanga.<\/p>\n<p>Muri ibi biganiro hari kugaragazwa ko ubushobozi buke bwa UR butuma abanyeshuri batabasha kujya muri za stages ndetse hakaba hanabura n\u2019imodoka zibajyana.<\/p>\n<p>Abayobozi bari guhabwa ijambo bo muri za Koleji zatandukanye za UR bari gusaba abadepite kubakorera ubuvugizi kugira ngo ibibazo ifite bibashe gukemuka.<\/p>\n<p>Mu minsi ishize iyi kaminuza yavuze ko igiye gutangiza ubukangurambaga kugira ngo abayizemo bajye bayibuka ndetse banayitere inkunga.<\/p>\n<p>Dr Rose Gasibirege, Umuyobozi ushinzwe guhuza Kaminuza y\u2019u Rwanda n\u2019abayizemo avuga ko kugeza ubu babarura abantu bagera ku bihumbi 80 bize muri iyi kaminuza, aho ngo bagomba kwibutsa ko ari yo bakomokamo<\/p>\n<p>Abize muri UR babarwa hashingiwe ku barangije bose mu yahoze ari Kaminuza Nkuru y\u2019u Rwanda, KIST, KHI, KIE, ISAE Busogo ndetse n\u2019ayandi mashuri, byose byahurijwe hamwe bikabyera Kaminuza y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Mu minsi ishize ubwo UR yari yitabye Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y\u2019imari n\u2019umutungo by\u2019Igihugu (PAC), Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y\u2019u Rwanda ushinzwe iterambere ryayo, Dr Charles Muligande yavuze ko kuba amafaranga Leta yabageneraga yaragabanyijwe ari byo byatumye ihura n\u2019akaga k\u2019ubukene byanatumye inanirwa kubasha guhemba abakozi bayo.<\/p>\n<p>Dr Muligande yanavuze ko ahandi bagakwiye gukura amafaranga ari mu bikorwa by\u2019ubushakashatsi ndetse n\u2019amasezerano bagirana n\u2019izindi nzego (consultancies), aha ngo UR iba itagamije amafaranga cyane, ahubwo ireba akamaro ifitiye rubanda.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyeshuri wa Kaminuza y\u2019u Rwanda ngo atungwa n\u2019amafaranga 600 ku munsi angina n\u2019ibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo n\u2019icumbi ry\u2019amafaranga 6,000. Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo y\u2019uburezi, umuco, urubyiruko n\u2019ikoranabuhanga iri kugirana n\u2019Ubuyobozi bwa Kaminuza y\u2019u Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-7936","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyeshuri wa Kaminuza y\u2019u Rwanda ngo atungwa n\u2019amafaranga 600 ku munsi angina n\u2019ibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo n\u2019icumbi ry\u2019amafaranga 6,000. Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo y\u2019uburezi, umuco, urubyiruko n\u2019ikoranabuhanga iri kugirana n\u2019Ubuyobozi bwa Kaminuza y\u2019u Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-02T12:40:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000\",\"datePublished\":\"2017-11-02T12:40:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936\"},\"wordCount\":615,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936\",\"name\":\"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-02T12:40:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7936#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000 - BWIZA","og_description":"Umunyeshuri wa Kaminuza y\u2019u Rwanda ngo atungwa n\u2019amafaranga 600 ku munsi angina n\u2019ibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo n\u2019icumbi ry\u2019amafaranga 6,000. Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo y\u2019uburezi, umuco, urubyiruko n\u2019ikoranabuhanga iri kugirana n\u2019Ubuyobozi bwa Kaminuza y\u2019u Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-02T12:40:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000","datePublished":"2017-11-02T12:40:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936"},"wordCount":615,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7936#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936","name":"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-02T12:40:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7936"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7936#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n\u2019ibyo kurya asigarana 1,000"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7936","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7936"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7936\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7936"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7936"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7936"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}