{"id":7948,"date":"2017-11-03T09:09:06","date_gmt":"2017-11-03T09:09:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/03\/abaturage-basanga-perezida-nkurunziza-yifuza-kuganisha-u-burundi-ku-ngoma-ya\/"},"modified":"2025-02-12T15:25:42","modified_gmt":"2025-02-12T13:25:42","slug":"abaturage-basanga-perezida-nkurunziza-yifuza-kuganisha-u-burundi-ku-ngoma-ya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948","title":{"rendered":"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya  cyami"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abarundi batandukanye batangaza ko bahangayikishijwe no kubona Perezida Pierre Nkurunziza ashishikajwe no kuganisha igihugu ku ngoma ya cyami.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Aba barundi bavuga ibi bahereye kuri politiki ishyizwe imbere mu Burundi yo guhindura itegeko Nshinga, Perezida Nkurunziza akabona amahirwe yo kongera kwiyamamaza mu 2020 na nyuma yaho ndetse n&#8217;andi mategeko atorwa.<\/p>\n<p>Ibi bitangiye kuvugwa cyane mu gihe hashize igihe gito Nkurunziza atanze iteka ribuza abagore kuvuza ingoma ariko ritababuza kubyina indirimbo z\u2019 umuco wabo gakondo.<\/p>\n<p>Si ibyo gusa,  kuko n\u2019 amatsinda gakondo yose akeneye gutegura ibitaramo nayo yategetswe kuzajya abanza kwiyandikisha muri Minisiteri ifite mu nshingano umuco ibyumweru 2 mbere y\u2019 uko ibitaramo byemerwa cyangwa ntibyemerwe.<\/p>\n<p>Iri teka kandi  rya perezida ryo ku itariki ya 20 Ukwakira 2017, ntiryemerera amatsinda ya muziki gucuranga no gutarama atabiherewe uburengenzira keretse ari ibitaramo byateguwe na Leta.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Si ibyo gusa, iri  teka rya Perezida kandi rivuga ko umuntu wese ugiye gutegura igitaramo cyo kuvuza ingoma agomba gutanga muri Leta amafaranga y\u2019 amarundi ibihumbi magana atanu (245 euros) kugira ngo ahabwe uburenganzira, aya mafaranga agomba gutangwa buri munsi iyo igitaramo kiri bubere  mu mahanga nk\u2019 uko tubikesha VOA.<\/p>\n<p>Pacifique Nininahazwe umwe mu bahagarariye sosiyeti sivile mu Burundi  yagize ati &#8220;Ingoma ntikiri iy\u2019 Abarundi, ubu ni imari ya Leta kuko irashaka kuyicuruza kandi ari umurage twasigiwe n\u2019 abakurambere bacu&#8221;.<\/p>\n<p> <strong>Amateka y\u2019 ingoma z\u2019 u Burundi<\/strong> <\/p>\n<p>Ingoma z\u2019 u Burundi zisobanura ikimenyetso cy\u2019 ubutegetsi  bwa cyami zanditswe mu ishami rya Loni rishinzwe umuco (Unesco)  mu mwaka wa  2014.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mu myaka ya kera ingoma zavuzwaga ubwo abantu bataramiraga umwami ariko muri Repubulika abantu benshi bitabiriye kuvuza ingoma babihindura ubucuruzi hirya no hino mu Burundi no  mu mahanga.<\/p>\n<p>Izi ngoma ngo zikomeje kwamburwa agaciro ndetse Leta ya Nkurunziza yabujije  abagore<br \/>\nkuzivuza, ndetse ngo<br \/>\n zatangiye guta agaciro muri 1966 ubwo u Burundi bwahindukaga Repubulika.<\/p>\n<p><b>Ese Perezida Nkurunziza azayobora u Burundi ubuziraherezo?<\/b><\/p>\n<p>Mu mpera z\u2019 Ukwakira 2017, Guverinoma yavuguruye Itegekonshinga ubwo yavugaga ko harimo gutegurwa kamarampaka izatuma Pierre Nkurunziza ashobora guhabwa amahirwe yo kwiyamamariza kuyobora u Burundi nyuma ya 2020.<\/p>\n<p>Mu kiganiro kandi yagiranye n\u2019abanyamakuru ku wa 30 Ukuboza 2016, Perezida Pierre Nkurunziza w\u2019u Burundi, yakuriye inzira ku murima abamubazaga ikijyanye no kuba yakwiyamamaza kuri manda ya kane mu mwaka wa 2020, aca amarenga ko ashobora kuziyamamaza n&#8217;izindi manda, dore ko hari n&#8217;imbwirwaruhame z&#8217;abayobozi bavuga ko bifuza ko yazayobora u Burundi ubuziraherezo, kuyobora ubuziraherezo bikaba bizwi ku ngoma ya cyami.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cUbutabera ntiburi hejuru y\u2019abaturage kandi nta n\u2019ubwo buri hejuru y\u2019Itegeko Nshinga, niba abaturage bategetse umuntu kubahagararira, niba abaturage babimusabye, njye sinagambanira icyizere cyabo\u201d.<\/p>\n<p>U Burundi bumaze imyaka ibiri mu bibazo bya politiki by\u2019 ingutu kuva aho abatavuga rumwe na Nkurunziza bigaragambyaga banga ko uyu mugabo yiyamamariza kuyobora manda ya 3.<\/p>\n<p>Kugeza magingo aya,  abantu bari hagati ya 500 na 2000 nibo bahasize ubuzima ndetse n\u2019 abasaga ibihumbi magana 2 bavuye mu byabo bahungira mu bihugu bitandukanye byo mu Karere ndetse no mu mahanga nk\u2019 uko bigaragara muri raporo za Loni.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Suleiman Hakiza \/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abarundi batandukanye batangaza ko bahangayikishijwe no kubona Perezida Pierre Nkurunziza ashishikajwe no kuganisha igihugu ku ngoma ya cyami. Aba barundi bavuga ibi bahereye kuri politiki ishyizwe imbere mu Burundi yo guhindura itegeko Nshinga, Perezida Nkurunziza akabona amahirwe yo kongera kwiyamamaza mu 2020 na nyuma yaho ndetse n&#8217;andi mategeko atorwa. Ibi bitangiye kuvugwa cyane mu gihe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7948","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abarundi batandukanye batangaza ko bahangayikishijwe no kubona Perezida Pierre Nkurunziza ashishikajwe no kuganisha igihugu ku ngoma ya cyami. Aba barundi bavuga ibi bahereye kuri politiki ishyizwe imbere mu Burundi yo guhindura itegeko Nshinga, Perezida Nkurunziza akabona amahirwe yo kongera kwiyamamaza mu 2020 na nyuma yaho ndetse n&#8217;andi mategeko atorwa. Ibi bitangiye kuvugwa cyane mu gihe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-03T09:09:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:25:42+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami\",\"datePublished\":\"2017-11-03T09:09:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:25:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948\"},\"wordCount\":507,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948\",\"name\":\"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-03T09:09:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:25:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7948#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami - BWIZA","og_description":"Abarundi batandukanye batangaza ko bahangayikishijwe no kubona Perezida Pierre Nkurunziza ashishikajwe no kuganisha igihugu ku ngoma ya cyami. Aba barundi bavuga ibi bahereye kuri politiki ishyizwe imbere mu Burundi yo guhindura itegeko Nshinga, Perezida Nkurunziza akabona amahirwe yo kongera kwiyamamaza mu 2020 na nyuma yaho ndetse n&#8217;andi mategeko atorwa. Ibi bitangiye kuvugwa cyane mu gihe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-03T09:09:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:25:42+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami","datePublished":"2017-11-03T09:09:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:25:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948"},"wordCount":507,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7948#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948","name":"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-03T09:09:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:25:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7948"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7948#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaturage basanga Perezida Nkurunziza yifuza kuganisha u Burundi ku ngoma ya cyami"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7948","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7948"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7948\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7948"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7948"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7948"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}