{"id":7956,"date":"2017-11-03T10:58:03","date_gmt":"2017-11-03T10:58:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/03\/rwamagana-abaturage-barinubira-serivisi-mbi-bahabwa-n-inzego-z-ibanze\/"},"modified":"2025-02-12T15:25:40","modified_gmt":"2025-02-12T13:25:40","slug":"rwamagana-abaturage-barinubira-serivisi-mbi-bahabwa-n-inzego-z-ibanze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956","title":{"rendered":"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barinubira serivisi mbi bahabwa bashaka ubwisungane mu kwivuza, bamwe muri bo bavuga ko bamaze amezi arenga atanu basiragizwa mu nzego z\u2019ibanze ibyo basaba ntibabikorerwe kandi barishyuye neza.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bamwe basiragizwa bifuza gukura ku rutonde abapfuye n\u2019abatakiri mu muryango ku mpamvu zitandukanye, hari n\u2019abifuza kwandikisha abana bavutse,\u2026 ariko ntibabikorerwe.<\/p>\n<p>Bavuga ko barambiwe gusiragizwa mu gihe baka serivisi bagenewe kandi banishyuye.<\/p>\n<p>Umwe muri aba baturage yatangarije mu nteko rusange yo ku wa Kabiri tariki 31 Ukwakira 2017, ko amaze amezi 6 asiragira mu kagari ka Cyanya kandi yarishyuye.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cnishyuye mutuweli mu kwezi kwa 6, nagiye gusinyisha basanga ntari mu mashini banyohereza mu buyobozi ariko ubu ntabwo barabikora, mva hamwe banyohereza ahandi\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza agira ati \u201chashize ibyumweru 2 batubwiriye mu nteko rusange ko sosiyali agiye kudushyira muri mashini, ku wa 2 twaraje dusanga bitarakozwe,  ubu nabwo<\/p>\n<p> twagarutse batubwira ko ngo babuze konigisiyo (connection), ubu urwaye tumuvuza 100%, abayobozi bakwiye kudufasha bakadukemurira ikibazo kuko ntituzahora twiruka mu bintu bitarangira\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Abatuye mu kagari ka Sibagire nabo ni uko, serivisi zitanoze barazigaya.<\/p>\n<p>Ati \u201ctwishyuye mituweli mu kwa 5 tugiye gusinyisha batubwira ko nta kiciro dufite, twaje mu mudugudu kuzuza ibyo badusabaga ariko kugeza ubu ntabwo turasinyirwa, kubona ubigukorera biragoye, baba batubwira ngo ibya mituweli sibyo bakora byonyine, ubu tumaze kurambirwa guhora mu nzira kandi turwara ntitwivuze kuko mituweli zidasinye\u201d.<\/p>\n<p> Abashinzwe imibereho myiza, bavuga ko kuba ku tugari nta murandasi ihaba bituma batabasha gushyira abaturage muri  mudasobwa kugirango bahabwe urupapuro rutuma basinyirwa.<\/p>\n<p>Ushinzwe ibibazo by\u2019abaturage mu murenge wa Kigabiro, Mikebanyi Emmanuel, yijeje abaturage gutanga uburyo bwa murandasi kubashinzwe gufasha abaturage.<\/p>\n<p> Agira ati \u201cabaturage barababaye koko kuko niba barwara ntibivuze kandi barishyuye mutuweli, ababikora niba bafite ikibazo cya connection nzajya mbaha iyo nkoresha kuri modem yanjye, bazajya baza hano ku murenge ku wa mbere , ku wa 2 no ku wa kane ariko bafashe abaturage babashe kubona mutuweli\u201d.<\/p>\n<p>Akarere ka Rwamagana gaherutse gutegura icyumweru kiswe \u201cmutuelle week\u201d hagamijwe gufasha abaturage kudasiragira mu nzego z\u2019ibanze, ibyumweru 2 byashize ibibazo by\u2019abaturage batashyizwe muri mudasobwa bidakemutse.<\/p>\n<p> Mu Mihigo y\u2019akarere, kwishyura ubwisungane mu kwivuza kawesheje ku gipimo cya 84,3 %.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Ngabonziza Justin\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barinubira serivisi mbi bahabwa bashaka ubwisungane mu kwivuza, bamwe muri bo bavuga ko bamaze amezi arenga atanu basiragizwa mu nzego z\u2019ibanze ibyo basaba ntibabikorerwe kandi barishyuye neza. Bamwe basiragizwa bifuza gukura ku rutonde abapfuye n\u2019abatakiri mu muryango ku mpamvu zitandukanye, hari n\u2019abifuza kwandikisha abana bavutse,\u2026 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7956","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barinubira serivisi mbi bahabwa bashaka ubwisungane mu kwivuza, bamwe muri bo bavuga ko bamaze amezi arenga atanu basiragizwa mu nzego z\u2019ibanze ibyo basaba ntibabikorerwe kandi barishyuye neza. Bamwe basiragizwa bifuza gukura ku rutonde abapfuye n\u2019abatakiri mu muryango ku mpamvu zitandukanye, hari n\u2019abifuza kwandikisha abana bavutse,\u2026 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-03T10:58:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:25:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli\",\"datePublished\":\"2017-11-03T10:58:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:25:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956\"},\"wordCount\":377,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956\",\"name\":\"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-03T10:58:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:25:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7956#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barinubira serivisi mbi bahabwa bashaka ubwisungane mu kwivuza, bamwe muri bo bavuga ko bamaze amezi arenga atanu basiragizwa mu nzego z\u2019ibanze ibyo basaba ntibabikorerwe kandi barishyuye neza. Bamwe basiragizwa bifuza gukura ku rutonde abapfuye n\u2019abatakiri mu muryango ku mpamvu zitandukanye, hari n\u2019abifuza kwandikisha abana bavutse,\u2026 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-03T10:58:03+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:25:40+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli","datePublished":"2017-11-03T10:58:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:25:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956"},"wordCount":377,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7956#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956","name":"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-03T10:58:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:25:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7956"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7956#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Abaturage barinubira serivisi mbi bahabwa n\u2019inzego z\u2019ibanze basiragizwa kuri mituweli"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7956","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7956"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7956\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7956"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7956"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7956"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}