{"id":800,"date":"2016-02-25T11:14:22","date_gmt":"2016-02-25T11:14:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/25\/bibiriya-ijambo-ry-imana-ivuga-iki-ku-mpamvu-zitera-ugutandukana-kw-abashakanye\/"},"modified":"2025-02-25T14:30:02","modified_gmt":"2025-02-25T12:30:02","slug":"bibiriya-ijambo-ry-imana-ivuga-iki-ku-mpamvu-zitera-ugutandukana-kw-abashakanye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800","title":{"rendered":"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu  zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)?"},"content":{"rendered":"<p>Tumaze igihe twumva impfu za hato na hato ziterwa no kutumvikana hagati yabubatse ingo, bigatuma umwe yica undi cyangwa akiyahura bitaba ibyo agasaba gatanya. Iyo ugerageje kwegera abafitanye amakimbirane bakubwira impamvu zitari nkeya, nyamara ugasanga atari impamvu zatuma umuntu yiyahura cyangwa ngo yice umukunzi we. Bibiriya rero igaragaza impamvu imwe gusa, akaba ariyo turi bugarukeho kuri iyi nyandiko.<br \/>\n <strong>Muri iyi nyandiko turagerageza kubaha urutonde rw\u2019impamvu 29 zitera amakimbirane:<\/strong><br \/>\nKutumva kimwe ibintu,<br \/>\nKutamenya kwihanganira  imyitwarire cyangwa ingeso yumwe mu bashakanye,<br \/>\nKutavugisha ukuri,<br \/>\nKwikunda,<br \/>\nAgasuzuguro,<br \/>\nKudashimira uwo mubana,<br \/>\nGuca inyuma uwo bashakanye,<br \/>\nKutubahiriza inshingano<br \/>\nKumara umwanya munini muri za watsapu na za facebook,<br \/>\nGuhararukana, umwe akabona mugenzi we atakiri mwiza nka mbere,<br \/>\nGusesagura umutungo,<br \/>\nKutamenya kuvugisha neza mugenzi we, kumugusha neza, kumubwira amagambo,      meza no kumutetesha,<br \/>\nKujya muri gahunda atamenyesheje mugenzi we,<br \/>\nKutizerana bagahora bajya impaka zurudaca,<br \/>\nKudaha agaciro mugenzi we,<br \/>\nKwivanga mu nshingano za mugenzi we ugasanga nta mugabo nta mugore<br \/>\nUmwanda,<br \/>\nGusuzugura uwo mwashakanye imbere y\u2019abandi,<br \/>\nUbushomeri, mugihe umwe asezerewe ku mirimo yakoraga agishakisha icyo akora,<br \/>\nAkabariro, kudahuza gahunda umwe abishaka undi atabishaka,<br \/>\nKudasohokana mugenzi we kandi barahoze babikora,<br \/>\nGusahura urugo umwe ajyana iwabo,<br \/>\nUmupira w\u2019amaguru, Kudahuza ikipe bafana cyangwa umwe akarara amajoro ategereje ibitego cyangwa ifirimbi ya nyuma,<br \/>\nUbukire, mu gihe bari abakene babona amafaranga  umwe akayiharira,<br \/>\nAkabari cyangwa ibindi biyobya bwenge,<br \/>\nKubetinga ufindura ikipe iri butsinde ugapfusha ubusa icyatunga urugo,<br \/>\nKuboneza urubyaro,<br \/>\nKutagira umwanya wo kuganira ku bibazo by\u2019urugo,<br \/>\nKutubaha Imana, n\u2019ibindi.<br \/>\n <strong>Turebe icyo Bibiriya ibivugaho.<\/strong><br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\">www.bwiza.com<\/a> yaganiriye na bamwe mu bapasiteri bagaragaza ko impamvu imwe gusa ariyo ituma abantu bagiye kumarana bapfa ubusa. \u201cKutubaha Imana\u201d. Bavuga ko umubano w\u2019abashakanye ari gahunda y\u2019Imana, ukaba waratangiriye mu busitani bwa Eden kubwa Adamu na Eva. Kandi Imana  yari ifite intego yuko umugabo azabana n\u2019umugorewe akaramata, ikaba yarashyizeho inshingano z\u2019abashakanye. Umugabo afite inshingano yo kuba umutware w\u2019urugo. Agakunda umugore we (Abefeso 5:25). Abagore nabo bafite inshingano yo kugandukira abagabo babo (Abefeso 5:22). Umuntu ntiyagukunda ngo unanirwe kumwubaha.<br \/>\nIntumwa y\u2019Imana Docteur Paul Gitwaza mu gitabo yanditse, \u201cDivorce niwowe ubwawe\u201d agaragaza ko ingo nyinshi zisenyuka kubera kutubahiriza izi nshingano. Imana yonyine niyo ibasha kureba mu mutima ikamenya impamvu itumye abantu bahangana, Mu gihe bayubashye rero nta mpamvu nimwe yatuma batabana mu rukundo.<br \/>\nTugasanga icyaha aricyo gituma haba kutumvikana kw\u2019abashakanye.<br \/>\n <strong>Icyakorwa ngo aya makimbirane akumirwe<\/strong><br \/>\nInzego zifite mu nshingano imibereho myiza y\u2019abaturage hari icyo zakora mu rwego rwo gukumira icyaha kitararaba, nko mumugoroba w\u2019ababyeyi, dore ko abafitanye amakimbirane baba bazwi guhera mu nzego z\u2019ibanze. Mu matorero n\u2019amadini basengeramo bagategura amahugurwa, abashakanye  bafitanye amakimbirane bagatumirwa, bagahugurwa uko babana mubwumvikane.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Kayigana Victor bwiza@com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Tumaze igihe twumva impfu za hato na hato ziterwa no kutumvikana hagati yabubatse ingo, bigatuma umwe yica undi cyangwa akiyahura bitaba ibyo agasaba gatanya. Iyo ugerageje kwegera abafitanye amakimbirane bakubwira impamvu zitari nkeya, nyamara ugasanga atari impamvu zatuma umuntu yiyahura cyangwa ngo yice umukunzi we. Bibiriya rero igaragaza impamvu imwe gusa, akaba ariyo turi bugarukeho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-800","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=800\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Tumaze igihe twumva impfu za hato na hato ziterwa no kutumvikana hagati yabubatse ingo, bigatuma umwe yica undi cyangwa akiyahura bitaba ibyo agasaba gatanya. Iyo ugerageje kwegera abafitanye amakimbirane bakubwira impamvu zitari nkeya, nyamara ugasanga atari impamvu zatuma umuntu yiyahura cyangwa ngo yice umukunzi we. Bibiriya rero igaragaza impamvu imwe gusa, akaba ariyo turi bugarukeho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=800\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-25T11:14:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:30:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)?\",\"datePublished\":\"2016-02-25T11:14:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800\"},\"wordCount\":459,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800\",\"name\":\"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-02-25T11:14:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=800#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)? - BWIZA","og_description":"Tumaze igihe twumva impfu za hato na hato ziterwa no kutumvikana hagati yabubatse ingo, bigatuma umwe yica undi cyangwa akiyahura bitaba ibyo agasaba gatanya. Iyo ugerageje kwegera abafitanye amakimbirane bakubwira impamvu zitari nkeya, nyamara ugasanga atari impamvu zatuma umuntu yiyahura cyangwa ngo yice umukunzi we. Bibiriya rero igaragaza impamvu imwe gusa, akaba ariyo turi bugarukeho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-25T11:14:22+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:30:02+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)?","datePublished":"2016-02-25T11:14:22+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800"},"wordCount":459,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=800#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800","name":"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-02-25T11:14:22+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=800"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=800#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bibiriya ijambo ry\u2019Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw\u2019abashakanye (Divorce)?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/800","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=800"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/800\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=800"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=800"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=800"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}