{"id":801,"date":"2016-02-25T11:39:24","date_gmt":"2016-02-25T11:39:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/25\/abarimu-ba-cst-ntibavuga-rumwe-ku-cyemezo-cya-mineduc\/"},"modified":"2016-02-25T11:39:24","modified_gmt":"2016-02-25T11:39:24","slug":"abarimu-ba-cst-ntibavuga-rumwe-ku-cyemezo-cya-mineduc","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801","title":{"rendered":"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC"},"content":{"rendered":"<p> <em>Nyuma y\u2019aho Minisiteri y\u2019uburezi itangaje ko abanyeshuri barangije muri Microbiology muri CST  yahoze ari KIST bagomba gusubira mu ishuri kwiga amasomo batize,bamwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza mu ishami rya Microbiology baravuga ko icyemezo MINEDUC iherutse gutangaza nta bushishozi cyafatanywe.<\/em><br \/>\nAbarimu bo muri kaminuza y\u2019u Rwanda nabo bigisha muri iri shami ndetse banigishije abo banyeshuli baganiriye n\u2019itangazamakuru banenze iki cyemezo cya MINEDUC cyo kugarura aba banyeshuri mu ishuri. Aba barimu bavuga ko kuba barigishije isomo rya Microbiology batari bagambiriye ko abazaba barangije kuryiga bazajya gukora kwa muganga gusa.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25359 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg\" alt=\"kist\" width=\"750\" height=\"545\" \/><\/a><br \/>\nUyu mwarimu avuga ko ahubwo bagombaga kuzakora mu bigo byinshi bitandukanye nko mu nganda, ndetse n\u2019ahandi henshi hasaba kugira ubushakashatsi kuri za mikorobe (Microbes), nko muri WASAC, Inyange, Sulfo, Minisiteri y\u2019Ubuzima, REMA, RSB, NAEB ndetse na RAB.<br \/>\nDr NSENGIMANA Joseph umwarimu muri Kaminuza y\u2019u Rwanda wigisha muri iri shami rya Microbiology, ndetse akaba ari na we wabanje kuriyobora yavuze ko atarwanya abayobozi kuba barafashe umwanzuro wo kugarura abo bigishije kwiga, ariko ngo kuba barize iryo somo nta nakimwe batigishijwe ahubwo ngo ikibazo kirimo gushakirwa aho kitari.<br \/>\nYagize ati: <em> \u201cTuzi neza twese ko intabonwa (Microbes), ziba hose, mu kirere, mu mazi, mu butaka, mu bindi binyabuzima nk\u2019amatungo n\u2019izindi nyamanswa, mu bihingwa n\u2019ibindi bimera, mbese ahantu hose. Umuntu warangije ariya masomo akenewe cyane cyane mu bugenzuzi bw\u2019ubuziranenge (Quality Assurance and Quality control), cyane cyane mu biribwa, ibinyobwa n\u2019imiti bigenewe abantu.\u201d<\/em><br \/>\nDr NSENGIMANA Joseph kandi ashimangira ko mu nganda ndetse n\u2019ibigo by\u2019ubushakashatsi bitandukanye harimo imyanya y\u2019abakoramo ubushakashatsi kuri za microbes nyamara ngo ushobora gusanga akenshi ako kazi gakorwa n\u2019abatarabyize.<br \/>\nDr NSENGIMANA asanga ngo kuba abarangije kwiga ririya somo badakwiye kugaruka kwiga ngo kuko atari wo muti, ngo cyane ko bajya gutegura gutanga ririya somo hatari hagamijwe ko abazaryiga bazajya bakora kwa muganga.<br \/>\nDr. Nsabimana Anthoine na we ni umwarimu muri Kaminuza y\u2019u Rwanda by\u2019umwihariko akaba yigisha iri somo rya Microbiology muri CST icyahoze ari KIST, ashimangira ko kuba MINEDUC yarafashe umwanzuro w\u2019uko abarangije kwiga iri somo bagaruka kwiga atari umuti urambye , anongeraho ko icyagendeweho bemeza ko abo banyeshuli bazagaruka kwiga nta shingiro gifite .<br \/>\nDr Nsabimana yagize ati:  <em>\u201cKIST ntiyari ifite inshingano zo kwigisha abaganga ahubwo twigishaga abantu bashobora gukora ubushakashatsi muri za laboratoire. Umuntu wize Microbiology yakora byinshi mu nganda n\u2019ahandi. Kwa muganga rero ni kariya kantu gatoya bafashe bakagira ngo ni byo byonyine bakora. Ubwo rero uramutse ukoze kuriya ni ukureba bugufi, bakavuga ngo ikibazo kirakemutse, ariko ntabwo kizakemuka.\u201d<\/em><br \/>\nAba badogiteri bashimangira ko leta yakagombye gufata ingamba zihamye hagasuzumwa niba abakora mu nganda bafite ubumenyi mu gusuzuma za microbe cyane ko hari igihe usanga zishyira ibicuruzwa ku isoko mu gihe gito ugasanga byangiritse, nyamara hari abarangije banafite ubumenyi mugusuma Microbe barabuze ako kazi.<br \/>\nAbize isomo rya Microbiology muri KIST bari bamaze gusoza aya masomo mu byiciro bine, kuri ubu kaminuza ikaba yari iri gutegura gusohora icyiciro cya gatanu mu mezi ari imbere, aba barimo kwiga bakaba bagiye kongererwa amasomo ku yo bari basanzwe biga.<br \/>\nHashize igihe gito  abanyeshuri barangije muri kaminuza y\u2019u Rwanda icyahoze ari KIST bagejeje ikibazo cyabo kubagize inteko ishinga amategeko umutwe w\u2019abadepite basaba ko babarenganurwa nyuma y\u2019aho barangirije kwiga bagera hanze urugaga rw\u2019abaganga rukanga kubakira, bajya no gupiganira imirimo kwa muganga bakabura imyanya babwirwa ko amasomo bize atuzuye atabemerera kuba bakora muri za laboratoire.<br \/>\nIbi byatumye tariki 17 Gashyantare 2016 abadepite mu nteko ishinga amategeko komisiyo y\u2019uburezi ikoranabuhanga umuco n\u2019urubyiuko itumiza minisitiri w\u2019uburezi kugira ngo basuzumire hamwe iby\u2019iki kibazo.<br \/>\nIcyo gihe Minsitiri w\u2019uburezi Dr Musafiri Malimba Papias yavuze ko abanyeshuri barangiye muri iryo shami rya Microbiology hari amasomo barangije batize kandi yaragombaga kwigishwa muri iryo shami, Minsitiri Dr Musafiri yabwiye abadepite ko abarangije bazagaruka kwiga bakongeraho isomo ryo muri Biomedical.<br \/>\nIri shami rya Biomedical rikaba riri muri Koleji yigisha ibijyanye n\u2019ubuganga icyahoze ari KHI , kugira ngo babone impamyabumenyi zibemerera kuba bazajya bakora muri za Laboratoires, abakiri ku ntebe y\u2019ishuri ayo masomo bakazayongerwaho kugira ngo bo bazarangize barayize.<br \/>\nIki cyemezo cyavuzweho n\u2019abantu batari bake nyuma yo gusoma iyo nkuru Bwiza.com aho bavugaga ko batumva ukuntu umunyeshuli yakwiga imyaka ine ikarangira, ibyiciro bine byose bikiga bikarangiza bigahabwa impamyabumenyi z\u2019ikiciro cya kabiri cya Kaminuza Minisiteri izi neza ko hari ibyo bagombaga kwiga batize, none ikaba ifashe icyemezo cyo kubagarura ku ntebe y\u2019ishuri.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Alphonse Munyankindi \/ Bwiza.com<\/strong><br \/>\n <strong> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho Minisiteri y\u2019uburezi itangaje ko abanyeshuri barangije muri Microbiology muri CST yahoze ari KIST bagomba gusubira mu ishuri kwiga amasomo batize,bamwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza mu ishami rya Microbiology baravuga ko icyemezo MINEDUC iherutse gutangaza nta bushishozi cyafatanywe. Abarimu bo muri kaminuza y\u2019u Rwanda nabo bigisha muri iri shami ndetse banigishije abo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-801","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=801\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019aho Minisiteri y\u2019uburezi itangaje ko abanyeshuri barangije muri Microbiology muri CST yahoze ari KIST bagomba gusubira mu ishuri kwiga amasomo batize,bamwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza mu ishami rya Microbiology baravuga ko icyemezo MINEDUC iherutse gutangaza nta bushishozi cyafatanywe. Abarimu bo muri kaminuza y\u2019u Rwanda nabo bigisha muri iri shami ndetse banigishije abo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=801\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-25T11:39:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC\",\"datePublished\":\"2016-02-25T11:39:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801\"},\"wordCount\":749,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/kist1.jpg\",\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801\",\"name\":\"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/kist1.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-25T11:39:24+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/kist1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/kist1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=801#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019aho Minisiteri y\u2019uburezi itangaje ko abanyeshuri barangije muri Microbiology muri CST yahoze ari KIST bagomba gusubira mu ishuri kwiga amasomo batize,bamwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza mu ishami rya Microbiology baravuga ko icyemezo MINEDUC iherutse gutangaza nta bushishozi cyafatanywe. Abarimu bo muri kaminuza y\u2019u Rwanda nabo bigisha muri iri shami ndetse banigishije abo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-25T11:39:24+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC","datePublished":"2016-02-25T11:39:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801"},"wordCount":749,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg","articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=801#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801","name":"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg","datePublished":"2016-02-25T11:39:24+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=801"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/kist1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=801#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/801","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=801"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/801\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=801"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=801"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=801"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}