{"id":8012,"date":"2017-11-07T12:13:57","date_gmt":"2017-11-07T12:13:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/07\/dr-agnes-binagwaho-wabaye-minisitiri-w-ubuzima-yatangiye-kugaragara-no-muri\/"},"modified":"2017-11-07T12:13:57","modified_gmt":"2017-11-07T12:13:57","slug":"dr-agnes-binagwaho-wabaye-minisitiri-w-ubuzima-yatangiye-kugaragara-no-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012","title":{"rendered":"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi"},"content":{"rendered":"<p>Dr Agnes Binagwaho wigeze kuba minisitiri w\u2019ubuzima w\u2019u Rwanda kuri ubu aragaragara muri filimi mbarankuru yiswe Bending the Arc ivuga ku buryo mpinduramatwara bukoreshwa n\u2019Abafatanyabikorwa mu by\u2019ubuzima (Partners in Health) mu gutanga ubuvuzi.<\/p>\n<p>Urubuga rwa npr.org dukesha iyi nkuru rutangira ruvuga bimwe mu bikorwa bya Dr Agnes Binagwaho harimo n\u2019ibitangaje nk\u2019aho mbere y\u2019uko aba minisitiri yigeze gushaka gufungira umuganga mugenzi we mu cyumba cy\u2019ibitaro nyuma yo kumusanga  mu cyumba cy\u2019isuzumiro hari umwana urembye wari kumwe na nyina nyamara uwo muganga ngo arimo gusinzira.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ngo ubwo Binagwaho yabonaga ibyo bintu, yafashe uwo mwana w\u2019umukobwa ajya kumwisuzumira mu kindi cyumba ariko asaba umwana gusiga afungiranye uwo muganga wasinziraga utari gushobora gusohoka aho adafite urufunguzo rw\u2019abaganga.<\/p>\n<p>Dr Binagwaho kugira ati : \u00ab  <em>Basanze mpamwa no kugerageza kumufungira muri icyo cyumba ijoro aho gufata nabi umwana washoboraga no gupfa<\/em> . \u00bb<\/p>\n<p>Mu buzima bwe, ngo Dr Agnes Binagwaho yaranzwe no kudatinya kuvuga ibitagenda, bituma agira uruhare rukomeye mu kuvugurura urwego rw\u2019ubuzima mu Rwanda.<\/p>\n<p>Mu 2015, yahawe igihembo gifite agaciro k\u2019amadolari 100,000 (Prix Roux) yahawe n\u2019Ishuri ryigisha iby\u2019ubuzima ryo muri Kaminuza ya Washington kubera uruhare yagize mu guteza urwego rw\u2019ubuzima mu Rwanda. Nyuma yo kubona ko Abanyarwanda benshi bapfa nyuma yo kuvuka, Binagwaho n\u2019abo bakoranaga bibanze ku kugira ibikoresho no kurushaho guhugura abaganga mu rwego rwo kureba ko impfu z\u2019abana bapfa bavuka zagabanyuka kandi bitanga umusaruro ufatika.<\/p>\n<p>Kuri ubu nk\u2019uko iyi nkuru ikomeza ivuga, Dr Agnes Binagwaho yabaye n\u2019umu star muri sinema, aho agaragara muri filimi mbarankuru \u00ab  <strong>Bending the Arc<\/strong>  \u00bb ivuga ku buryo mpinduramatwara bukoreshwa na Partners in Health mu buvuzi. Muri iyi filimi Binagwaho avuga ikimuri ku mutima nk\u2019aho mu bibazo bibazwa ku kubona inkunga igenewe ubuvuzi ahantu hakennye asubiza agira ati : \u00ab  <em>Abantu bari gupfa muvandimwe wanjye <\/em> \u00bb.<br \/>\n <strong>Reba agace gato ka Bending the Arc hano<\/strong> <\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_29000\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/OjJmWZrmpcE?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/OjJmWZrmpcE\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p>Paul Farmer, umwe mu bashinze umuryango Partners in Health, utanga serivisi z\u2019ubuvuzi mu bihugu bikennye, harimo no muri bimwe mu biturage byo mu Rwanda, avuga ko yahuriye na Dr Binagwaho bwa mbere mu nama y\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye kuri sida mu 2001, ndetse agahita atangarira ukuntu avugisha ukuri.<\/p>\n<p>Dr Binagwaho kandi avugwaho kuba yaragize uruhare mu gukingira cancer y\u2019inkondo y\u2019umura abana b\u2019abakobwa b\u2019abanyarwanda ubwo yagiranaga ubufatanye na sosiyete ikora imiti yo muri Amerika yitwa Merck.<\/p>\n<p>Abakobwa bakabakaba 93% barakingiwe mu gihugu kiri munzira y\u2019iterambere mu gihe ubusanzwe mu bihugu bikennye abantu bategereza imyaka n\u2019imyaka kugirango babashe kwikingiza.<\/p>\n<p>Dr Binagwaho agira ati : \u00ab  <em>Ubwo nari akabeba gato, nagerageje kuvuza urusaku rwinshi kurusha intare. Ubwo nabaga mukuru, navugije rukeya kuko intego yari uguhinduka. Kandi rimwe na rimwe kugirango uhinduke biba byiza kwiga no kugerageza kubikora utavugije induru nyinshi<\/em> . \u00bb<\/p>\n<p>Dr Agnes Binagwaho yavukiye mu Rwanda ariko umuryango we wimukira mu Bubiligi mu 1958 ubwo yari afite imyaka 3 y\u2019amavuko kugirango azabashe kwiga ubuganga. Nyuma y\u2019umwaka umwe, u Rwanda rwahuye n\u2019ibyago byakurikiye Revolisiyo yo mu 1959.<\/p>\n<p>Binagwaho avuga ko ababyeyi be batamwigishije byinshi ku muco nyarwanda batekereza ko atazarugarukamo, ariko ngo ntacyo byari bivuze kuko we yakomeje kwizera ko ari Umunyarwandakazi.<\/p>\n<p>Ubwo yari mu Bufaransa mu 1994 nibwo yagiye abona amakuru kuri jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abantu basaga miliyoni mu minsi 100, maze nyuma y\u2019imyaka 2 mu 1996 agaruka mu Rwanda agira uruhare mu kuvugurura urwego rw\u2019ubuzima ngo rwari rwarangiritse cyane ndetse n\u2019abakoraga muri urwo rwego icyo gihe bakaba barasaga nk\u2019abatabyitayeho kubera ihungabana, ariko mu bushobozi bukeya bwari buhari bakaba barabashije gukora byiza.<\/p>\n<p>Dr Binagwaho yabanje kuyobora Komisyo y\u2019igihugu ishinzwe kurwanya sida CNLS kuva mu 2002 kugeza mu 2008, aho muri manda ye we n\u2019abo bakoranaga bashatse uko bahuza leta n\u2019abikorera mu gushakira imiti abafite ubwandu bwa sida. Muri iyo myaka kwita ku bafite ubwandu bwa VIH byateye imbere, ku buryo nk\u2019uko byemejwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika, abicwaga na sida ku mwaka bavuye ku 15,000 bakagera ku 7,000 mu myaka 6.<\/p>\n<p>Mu 2008 Dr Binagwaho yabanje kuba umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y\u2019ubuzima, aza kugira minisitiri mu 2011 kugeza mu 2016. Amaze kwandika articles zigera ku 100 harimo imwe ivuga uburyo abana b\u2019Abanyarwanda bandura agakoko gatera sida bakunze kubaho mu bwihebe kandi bakaba bakeneye kwitabwaho kugeza ku rwego rwo mu mutwe.<\/p>\n<p>Usibye kuba asigaye atanga amasomo muri UGHE, Kaminuza itanga impamyabumenyi z\u2019icyiciro cya gatatu cya kaminuza(Master\u2019s) mu by\u2019ubuzima kuri bose, iherereye mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza, aho yigisha buri mpera z\u2019icyumweru ndetse amasomo ye akayatangira i Kigali kuwa kabiri wa buri cyumweru, n\u2019umwarimu  wungirije muri  Dartmouth Institute for Health Policy and Clinical Practice.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Dr Agnes Binagwaho wigeze kuba minisitiri w\u2019ubuzima w\u2019u Rwanda kuri ubu aragaragara muri filimi mbarankuru yiswe Bending the Arc ivuga ku buryo mpinduramatwara bukoreshwa n\u2019Abafatanyabikorwa mu by\u2019ubuzima (Partners in Health) mu gutanga ubuvuzi. Urubuga rwa npr.org dukesha iyi nkuru rutangira ruvuga bimwe mu bikorwa bya Dr Agnes Binagwaho harimo n\u2019ibitangaje nk\u2019aho mbere y\u2019uko aba minisitiri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-8012","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Dr Agnes Binagwaho wigeze kuba minisitiri w\u2019ubuzima w\u2019u Rwanda kuri ubu aragaragara muri filimi mbarankuru yiswe Bending the Arc ivuga ku buryo mpinduramatwara bukoreshwa n\u2019Abafatanyabikorwa mu by\u2019ubuzima (Partners in Health) mu gutanga ubuvuzi. Urubuga rwa npr.org dukesha iyi nkuru rutangira ruvuga bimwe mu bikorwa bya Dr Agnes Binagwaho harimo n\u2019ibitangaje nk\u2019aho mbere y\u2019uko aba minisitiri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-07T12:13:57+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi\",\"datePublished\":\"2017-11-07T12:13:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012\"},\"wordCount\":786,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012\",\"name\":\"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-07T12:13:57+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8012#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi - BWIZA","og_description":"Dr Agnes Binagwaho wigeze kuba minisitiri w\u2019ubuzima w\u2019u Rwanda kuri ubu aragaragara muri filimi mbarankuru yiswe Bending the Arc ivuga ku buryo mpinduramatwara bukoreshwa n\u2019Abafatanyabikorwa mu by\u2019ubuzima (Partners in Health) mu gutanga ubuvuzi. Urubuga rwa npr.org dukesha iyi nkuru rutangira ruvuga bimwe mu bikorwa bya Dr Agnes Binagwaho harimo n\u2019ibitangaje nk\u2019aho mbere y\u2019uko aba minisitiri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-07T12:13:57+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi","datePublished":"2017-11-07T12:13:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012"},"wordCount":786,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8012#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012","name":"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-07T12:13:57+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8012"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8012#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dr Agnes Binagwaho wabaye minisitiri w\u2019ubuzima yatangiye kugaragara no muri filimi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8012","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8012"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8012\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8012"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8012"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8012"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}