{"id":8045,"date":"2017-11-09T12:40:19","date_gmt":"2017-11-09T12:40:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/09\/usibye-u-rwanda-na-uganda-ishyamba-si-ryeru-no-hagati-ya-kenya-na-tanzania\/"},"modified":"2025-02-12T15:24:54","modified_gmt":"2025-02-12T13:24:54","slug":"usibye-u-rwanda-na-uganda-ishyamba-si-ryeru-no-hagati-ya-kenya-na-tanzania","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045","title":{"rendered":"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania"},"content":{"rendered":"<p>Ikibazo cy\u2019amatungo nk\u2019inka n\u2019inkoko zambukiranya umupaka gikomeje guteza umwuka mubi mu mubano wa Tanzania na Kenya, aho perezida Magufuli yatangaje ko Tanzania atari ubutaka bwororerwaho amatungo yo mu bihugu by\u2019abaturanyi.<\/p>\n<p>Umwuka utari mwiza hagati y\u2019ibi bihugu byombi by\u2019ibituranyi watangiye kugaragara mu kwezi gushize ubwo Tanzania yafataga inka 1,300 zo muri Kenya zari zambutse zigiye kurisha ndetse igahita iziteza icyamunara.<\/p>\n<p>Ntibyarangiriye aho kuko mu cyumweru gishize, Tanzania na none yongeye gufata ndetse igatwika inkoko 6,500 zari zinjijwe muri Tanzania n\u2019umucuruzi ziturutse muri Kenya hikangwa ko zashoboraga kuzana indwara.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ibi rero byatumye uhagarariye Kenya muri EAC aregera Tanzania uyu muryango nk\u2019uko byemezwa na minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Kenya, Amina Mohamed.<\/p>\n<p>Iyi nkuru dukesha The East Africa ariko ikomeza ivuga ko umubano w\u2019ibi bihugu n\u2019ubucuruzi hagati yabyo bimaze iminsi bitifashe neza, nk\u2019aho abacuruzi bo muri Kenya bakunze kuvuga ko bafatwa nabi n\u2019abashinzwe abinjira n\u2019abasohoka muri Tanzania ndetse bikaba byaratumye haba imyigaragambyo ku mupaka bituma ibihugu byombi bifata n\u2019icyemezo cyo guhagarika bimwe mu bicuruzwa byatumizaga mu gihugu kimwe cyangwa ikindi.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa Werurwe umwaka ushize, minisitiri w\u2019ingufu wa Kenya n\u2019itsinda bari kumwe babujijwe kwinjira muri Tanzania mu gihe mugenzi we wo muri Uganda yemerewe kwinjira nta kibazo. Aha akaba ari igihe hari hagiye kuba inama yagombaga kwigirwamo niba peteroli ya Uganda izajya inyuzwa muri Tanzania cyangwa muri Kenya. Ibi byatumye Kenya ibura ayo masezerano  yegukanwa na Tanzania.<\/p>\n<p>Perezida John Pombe magufuli wa Tanzania ukomeje gushinjwa gutegekesha ukuboko kw\u2019icyuma, yaburiye igihugu cya Kenya akibwira ko itungo ryose riziha kuzerera mu gihugu cye rivuye muri Kenya rizahita rifatirwa.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko byatangajwe mu itangazamakuru rya Tanzania, kuri uyu wa Kabiri ushize, perezida Magufuli akaba yaragize ati: \u201cAbo bacengerana amatungo yabo muri iki gihugu ntibazihanganirwa\u201d.<\/p>\n<p>Kenya ku ruhande rwayo, ivuga ko abaturage bambuka umupaka ari abaturage babanye n\u2019abaturanyi babo igihe kirekire ndetse bamwe banashyingiranwa, kubw\u2019ibyo bikaba bitari bikwiye gutera ikibazo kubona umuturage uturiye umupaka yinjiye mu gihugu cy\u2019igituranyi kuko ngo ari ibisanzwe.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego ivuga ko ibikorwa byo kwibasira abaturage bayo (Kenya) na business zabo bishobora gushyira hasi umubano mwiza wari umaze igihe kirekire hagati y\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n<p>Dusubiye inyuma gato, ibi bihugu byombi ni ibihugu bibarizwa mu muryango wa EAC , ubusanzwe mu ntego zawo harimo no kuzakora igihugu kimwe ariko habanje kubaho koroshya ubucuruzi n\u2019urujya n\u2019uruza ku baturage b\u2019ibihugu bibarizwa muri uyu muryango. Nyamara uko iminsi ihita aho kurushaho kwishyira hamwe ibihugu bigize uyu muryango birarebana ay\u2019ingwe ku buryo umuntu yakwibaza ahazaza h\u2019uyu muryango.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikibazo cy\u2019amatungo nk\u2019inka n\u2019inkoko zambukiranya umupaka gikomeje guteza umwuka mubi mu mubano wa Tanzania na Kenya, aho perezida Magufuli yatangaje ko Tanzania atari ubutaka bwororerwaho amatungo yo mu bihugu by\u2019abaturanyi. Umwuka utari mwiza hagati y\u2019ibi bihugu byombi by\u2019ibituranyi watangiye kugaragara mu kwezi gushize ubwo Tanzania yafataga inka 1,300 zo muri Kenya zari zambutse zigiye kurisha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8045","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikibazo cy\u2019amatungo nk\u2019inka n\u2019inkoko zambukiranya umupaka gikomeje guteza umwuka mubi mu mubano wa Tanzania na Kenya, aho perezida Magufuli yatangaje ko Tanzania atari ubutaka bwororerwaho amatungo yo mu bihugu by\u2019abaturanyi. Umwuka utari mwiza hagati y\u2019ibi bihugu byombi by\u2019ibituranyi watangiye kugaragara mu kwezi gushize ubwo Tanzania yafataga inka 1,300 zo muri Kenya zari zambutse zigiye kurisha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-09T12:40:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:24:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania\",\"datePublished\":\"2017-11-09T12:40:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045\"},\"wordCount\":459,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045\",\"name\":\"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-09T12:40:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8045#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania - BWIZA","og_description":"Ikibazo cy\u2019amatungo nk\u2019inka n\u2019inkoko zambukiranya umupaka gikomeje guteza umwuka mubi mu mubano wa Tanzania na Kenya, aho perezida Magufuli yatangaje ko Tanzania atari ubutaka bwororerwaho amatungo yo mu bihugu by\u2019abaturanyi. Umwuka utari mwiza hagati y\u2019ibi bihugu byombi by\u2019ibituranyi watangiye kugaragara mu kwezi gushize ubwo Tanzania yafataga inka 1,300 zo muri Kenya zari zambutse zigiye kurisha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-09T12:40:19+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:24:54+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania","datePublished":"2017-11-09T12:40:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045"},"wordCount":459,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8045#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045","name":"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-09T12:40:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8045"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8045#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Usibye u Rwanda na Uganda, ishyamba si ryeru no hagati ya Kenya na Tanzania"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8045","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8045"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8045\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8045"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8045"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8045"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}