{"id":8053,"date":"2017-11-10T07:55:04","date_gmt":"2017-11-10T07:55:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/10\/mu-gihe-kitarenze-imyaka-ibiri-uganda-izahinduka-nko-mu-ijuru-gen-kale-kayihura\/"},"modified":"2025-02-12T15:24:49","modified_gmt":"2025-02-12T13:24:49","slug":"mu-gihe-kitarenze-imyaka-ibiri-uganda-izahinduka-nko-mu-ijuru-gen-kale-kayihura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053","title":{"rendered":"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ni mu nkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru Daily Monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda , aho Umukuru w\u2019Igipolisi cya Uganda , Gen Kale Kayihura yihanukiriye akizeza abaturage ba Uganda ko nta kabuza igihugu cyabo mu gihe gito kizahinduka nk\u2019ijuru ku bazaba bagituyemo.<\/strong> <\/em><br \/>\nNi amagambo uyu mujenerali yatangarije mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mu Ofisiye w\u2019umupolisi wakoreraga   Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe iby\u2019Ummutekano w\u2019indege za gisivili muri Uganda , Late Senior Superintendent  of Police Coleb Mwesigye ,uyu akaba yari inzobere mu by\u2019umutekano w\u2019ibibuga by\u2019indege ,iyo mihango ikaba yaberaga muri Itorero rya All Saints Church riherereye mu gace ka Nakasero muri Kampala.<br \/>\nNk\u2019uko umunyamakuru Rachel Mabala wa Daily Monitor akomeza abitangaza , Jenerali Kale Kayihura yafashe ijambo nuko arangurura mu ijwi rigira riti \u201cNk\u2019uko mubizi Uganda ni igihugu cy\u2019amahoro ,kandi njye ubwange ubu ndishimira ko nkirimo kandi ndi muzima, gusa mu myaka ibiri iki gihugu kizaba ari nk\u2019ijuru ,icyo nasaba buri wese uri hano ni ukurwanya iterabwoba yivuye ibyuma\u201d!<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nJenerali Kayihura kandi yakomeje avuga ubutwari bw\u2019uyu mu ofisiye wari witabye Imana, aho yatangaje ko kugirango Uganda izabone umusimbura ku mirimo yakoraga bizatwara imyaka itari munsi y\u2019icumi.<br \/>\nYagize ati\u201cMu mwanya yakoragamo ku kibuga cy\u2019indege ,yahoraga ahanganye na za magendu zahoraga zihasirisimba , ntiyahwemaga guhora ahagarika ababikoraga ,nyamara abo bose nibo batasibaga kumuhoza ku nkeke yo kumuhimbira ibyaha bya mvahe na njya he kubera ko yabazitiraga kwikorera ibyo bashaka,aharanira kubaka igihugu cye\u201d.<br \/>\nSibyo gusa kandi ,kuko Jenerali Kayihura yavuze ko kuva yakumva inkuru y\u2019uko Coleb arwaye ,ngo yahise yumva abaye nk\u2019utaye ubwenge ,kandi bikamubabaza cyane kuko ngo ikibazo yari afite cyashoboraga gukemuurwa mu maguru mashya ntikimuhitane nk\u2019uko Jenerali Kayihura ngo yabyifuzaga ,nyamara ngo Imana yari izi byose yahisemo kumuhamagara.<br \/>\nUmupfakazi wa nyakwigendera Coleb Madamu Janet Mwesigye ariko we , mu ijambo yafashe muri uwo muhango ,yabaye nk\u2019uhinyura amagambo ya Jenerali Kayihura ,aho yatangarije imbaga ko umugabo we ajya kuremba ntako atagize yinginga uyu mu Jenerali wari unamukuriye ,amusaba atakamba ,amwaka uruhusa rwo kujya kwivuza umutwe wahoraga umumereye nabi , maze akimwa uruhusa rwo kujya mu Bitaro bya Agha Khan Hospital i Nairobi nk\u2019uko Nyakwidendera yahoraga abyifuza.<br \/>\nNgo mu byagaragaye nk\u2019impamvu y\u2019urupfu rwe ,Cole ngo yaba yari yarashegeshwe n\u2019ibibyimba byari byaribasiye ubwonko bwe ,nyamara ngo byashoboraga no kubagwa agakira iyo bikorwa hakiri kare,kugeza ubwo yitaba Imana kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2017.<br \/>\nSSP Mwesigye 1976 , yinjiye mu gipolisi muri Werurwe 2010 ari ku ipeti rya Assistant Superintendent of Police ,ariko agahana mu 2014 ,aza kuzamurwa mu ntera agirwa Superintendent of Police ,ubu akaba yitabye Imana ariwe wari Komanda w\u2019Ikigo gishinzwe iby\u2019umutekano w\u2019indege za gisivili muri Uganda,akkaba assize umwana umwe .<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nDavid Eugene Marshall \/ Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ni mu nkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru Daily Monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda , aho Umukuru w\u2019Igipolisi cya Uganda , Gen Kale Kayihura yihanukiriye akizeza abaturage ba Uganda ko nta kabuza igihugu cyabo mu gihe gito kizahinduka nk\u2019ijuru ku bazaba bagituyemo. Ni amagambo uyu mujenerali yatangarije mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mu Ofisiye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8053","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ni mu nkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru Daily Monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda , aho Umukuru w\u2019Igipolisi cya Uganda , Gen Kale Kayihura yihanukiriye akizeza abaturage ba Uganda ko nta kabuza igihugu cyabo mu gihe gito kizahinduka nk\u2019ijuru ku bazaba bagituyemo. Ni amagambo uyu mujenerali yatangarije mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mu Ofisiye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-10T07:55:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:24:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura\",\"datePublished\":\"2017-11-10T07:55:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053\"},\"wordCount\":477,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053\",\"name\":\"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-10T07:55:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8053#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura - BWIZA","og_description":"Ni mu nkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru Daily Monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda , aho Umukuru w\u2019Igipolisi cya Uganda , Gen Kale Kayihura yihanukiriye akizeza abaturage ba Uganda ko nta kabuza igihugu cyabo mu gihe gito kizahinduka nk\u2019ijuru ku bazaba bagituyemo. Ni amagambo uyu mujenerali yatangarije mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mu Ofisiye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-10T07:55:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:24:49+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura","datePublished":"2017-11-10T07:55:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053"},"wordCount":477,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8053#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053","name":"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-10T07:55:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8053"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8053#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8053","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8053"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8053\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8053"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8053"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8053"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}