{"id":8060,"date":"2017-11-10T12:26:44","date_gmt":"2017-11-10T12:26:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/10\/abbas-kayonga-wateje-imirwano-i-bukavu-ashobora-kurekurwa-na-perezida-kabila\/"},"modified":"2025-02-12T15:24:47","modified_gmt":"2025-02-12T13:24:47","slug":"abbas-kayonga-wateje-imirwano-i-bukavu-ashobora-kurekurwa-na-perezida-kabila","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060","title":{"rendered":"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se"},"content":{"rendered":"<p>Urukiko rwibanze rwa gisirikare rwavuze ko ntabubasha rufite bwo kuburanisha urubanza rwa Col. Abbas Kayonga na Lt. Col Rutabara Rushema Makangila  wayobora polisi irinda abayobozi.<\/p>\n<p>Ubwo aba baregwa basaga 30 bitabaga ku nshuro ya 3, uru rukiko rwatangaje ko kuba Kayonga na Rushema bafite amapeti ari hejura ya Major ntabubasha bafite bwo kubaburanisha batangiriye mu mizi kugirango dosiye zikorwe.<\/p>\n<p>Uyobora Urukiko yagize ati &#8220;Uyu Lt.Col Rushema niwe uyobora polisi mu Ntara ya Kivu y\u2019 Amajyepfo kandi akaba ari mu bwoko bumwe na Abbas ndumva ibyabo biturenze\u201d.<\/p>\n<p>Radiyo Okapi, itangaza ko uru rukiko rukimara gutangaza ko rudafite ububasha muri uru rubanza, abaturage bari baje kurukurikirana batashye bacitse intege ndetse banavuga ko harimo amacenga nk\u2019 uko twabitanagrijwe n\u2019 imboni yacu yari yitabiriye uru rubanza mu Rukiko rwibanze rukorera mu Mujyi wa Bukavu mu gace bita La Botte.<\/p>\n<p>  [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko mbere y\u2019 uko abaregwa binjira mu cyumba baburaniramo hari umwunganizi mu by\u2019 amategeko wifuzaga ko Kayonga n\u2019 abamurindaga barekurwa by\u2019 agateganyo bakazajya baburana bari hanze ariko ibyo urukiko rubitera utwatsi.<\/p>\n<p>Bakimara kugera mu Rukiko, Kayonga bamusabye kwisobanura ku byo yaregwaga, abwira abacamanza ko adashoboye kuburana kubera ko ashonje, ibyo bahise babyakira kuko basanze ari uburenganzira bwe. <\/p>\n<p>Uyu ati &#8220;Igiteye amakenga ni uko Kayonga n\u2019 abagenzi be bahise bajyanywa gufungirwa hafi y\u2019 ikibuga cy\u2019 indege cya Kavumu kiri ku bilometero 20 uvuye mu Mujyi wa Bukavu byumvikane ko bashobora guhita bajyanwa mu Murwa mukuru wa Kinshasa\u201d.<\/p>\n<p> <strong>Kuki Abbas agiye kujyanwa i Kinshasa kandi yarakoreye ibyaha i Bukavu ?<\/strong> <\/p>\n<p>Ubundi mu mategeko iyo nta kibazo cy\u2019 umutekano gihari, umuntu agomba kuburanira aho yakoreye ibyaha kugirango bitaza kugora abatangabuhamya.<\/p>\n<p>Amakuru dukesha bamwe mu bakozi b\u2019 inzego z\u2019 iperereza aho muri Kivu y\u2019 Amajyepfo kandi bazi uyu Abbas Kayonga, basanga ari umutoni wa Perezida Joseph Kabila Kabange ndetse ko aho yari afungiye yari afite telefoni, akurikirana neza ibya bizinesi ze.<\/p>\n<p>Umwe muri bo agira ati &#8220;Uyu Kayonga uzwi ku izina rya \u201dDADA\u201d ni umwana w\u2019 ibwami dore ko yabaye Minisitiri ushinzwe umutungo kamere ku ngoma ya Laurent Desire Kabila (Mzehe)  kandi bakoranye neza, ntihagire uwibeshya kuko ntacyo yaba ahubwo ubu agiye kujyanwa i Kinshasa abone ingororano ya misiyo yakoze\u201d.<\/p>\n<p>Abbas Kayonga, ngo yabaye umusirikare ufite ipeti rya Colonel ubwo AFDL ya Kabila Mzehe yirukanaga ubutegetsi bwa Mobutu Sese Seko Kuku Ngbwendu wa Zabanga  muri 1997.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Kayonga yaje kureka imirimo ya gisirikare bitewe n\u2019 uko Kabila Mzehe yamubonagaho  ubuhanga mu byerekeye ubucuruzi bw\u2019 amabuye y\u2019 agaciro ndetse hari n\u2019 abagiye bemeza ko yari mu itsinda ry\u2019 abari bashinzwe kujya kugura intwaro.<\/p>\n<p>Si ibyo gusa, kuko Kayonga aramutse ageze i Kinshasa, ngo azaba akiza amenyo ya rubamba, dore ko Perezida Kabila adafitiye icyizere abaturage bo mu Burasirazuba bwa Congo-Kinshasa kandi nta kibazo cya politiki afitanye na Kayonga kuko yahoze ari umukozi wa se ndetse akaba atanamurwanya.<\/p>\n<p> <strong>Ni iki cyateye Kayonga gushoza imirwano?<\/strong> <\/p>\n<p>Uyu muherwe yababajwe ahanini n\u2019 uburyo Guverineri wa Kivu y\u2019 Amajyepfo, Nyamugabo Claude atamwumviraga kandi we ari ku kazi bivugwa ko karo aka Perezida Joseph Kabila.<\/p>\n<p>Intandaro ya byose, ngo ni uko abacuruzi bakomeye bo mu Mujyi wa Bukavu bari bamaze kwikoma Kayonga banamurega kuri Guverineri bavuga  ko ababangamira mu mikorere yabo.<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo, Kayonga wari uzi neza ko ahagarariwe n\u2019 ingwe ntiyigeze ashaka guca bugupfi no kumvira Guverineri Nyamugabo, ngo nibwo na we yafashe icyemezo cyo gufatira amakontineri 2 yari yuzuye amabuye y\u2019 agaciro yo mu bwoko bwa Coltans.<\/p>\n<p>Ifatirwa ry\u2019 aya mabuye ryabaye ku itariki 4 Ugushyingo 2017, mu gihe Guverineri yari yandikiye Kayonga ibaruwa yo kumuhagarika ku mirimo.<\/p>\n<p>Abbas Kayonga wari ushinzwe kurwanya magendu ntiyabikozwa, ngo ubwo yahise yisuganya acura umugambi wo gutera Guverineri  iwe mu rugo mu rucyerera rwo ku Cyumweru tariki 5 Ugushyingo 2017, amasasu amaze kuba menshi, ngo Guverineri n\u2019 umuyango we bahise bihisha mu gisenge cy\u2019 inzu.<\/p>\n<p>Kayonga n\u2019 ingabo zari zishinzwe kumurinda, bamaze gukaza umurego , ingabo za FARDC zashakaga kubafata we [ Kayonga] ahitamo kwishyira mu maboko ya Monusco.<\/p>\n<p> <strong> K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong><br \/>\nGaston Rwaka\/Bwiza.com  <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urukiko rwibanze rwa gisirikare rwavuze ko ntabubasha rufite bwo kuburanisha urubanza rwa Col. Abbas Kayonga na Lt. Col Rutabara Rushema Makangila wayobora polisi irinda abayobozi. Ubwo aba baregwa basaga 30 bitabaga ku nshuro ya 3, uru rukiko rwatangaje ko kuba Kayonga na Rushema bafite amapeti ari hejura ya Major ntabubasha bafite bwo kubaburanisha batangiriye mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8060","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urukiko rwibanze rwa gisirikare rwavuze ko ntabubasha rufite bwo kuburanisha urubanza rwa Col. Abbas Kayonga na Lt. Col Rutabara Rushema Makangila wayobora polisi irinda abayobozi. Ubwo aba baregwa basaga 30 bitabaga ku nshuro ya 3, uru rukiko rwatangaje ko kuba Kayonga na Rushema bafite amapeti ari hejura ya Major ntabubasha bafite bwo kubaburanisha batangiriye mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-10T12:26:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:24:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se\",\"datePublished\":\"2017-11-10T12:26:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060\"},\"wordCount\":675,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060\",\"name\":\"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-10T12:26:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8060#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se - BWIZA","og_description":"Urukiko rwibanze rwa gisirikare rwavuze ko ntabubasha rufite bwo kuburanisha urubanza rwa Col. Abbas Kayonga na Lt. Col Rutabara Rushema Makangila wayobora polisi irinda abayobozi. Ubwo aba baregwa basaga 30 bitabaga ku nshuro ya 3, uru rukiko rwatangaje ko kuba Kayonga na Rushema bafite amapeti ari hejura ya Major ntabubasha bafite bwo kubaburanisha batangiriye mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-10T12:26:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:24:47+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se","datePublished":"2017-11-10T12:26:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060"},"wordCount":675,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8060#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060","name":"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-10T12:26:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8060"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8060#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8060","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8060"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8060\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8060"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8060"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8060"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}