{"id":8097,"date":"2017-11-13T21:50:41","date_gmt":"2017-11-13T21:50:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/13\/opinion-amayeri-y-u-bufaransa-mu-kwigarurira-agace-u-rwanda-ruherereyemo-igice\/"},"modified":"2025-02-12T15:24:21","modified_gmt":"2025-02-12T13:24:21","slug":"opinion-amayeri-y-u-bufaransa-mu-kwigarurira-agace-u-rwanda-ruherereyemo-igice","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097","title":{"rendered":"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu  kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I"},"content":{"rendered":"<p>Perezida Francois Mitterand yapfanye agahinda ko kubona uwo yitaga umwana we [Habyarimana Juv\u00e9nal] ahanurwa mu ndege ariko n\u2019 imfubyi yasize zikamburwa igihugu.<\/p>\n<p>Ibyo byatumye uyu mukambwe, Mitterand asiga apanze urugamba rwa politiki rukomeye ku buryo imfubyi za Habyarimana zazongera kwigarurira igihugu zambuwe nk\u2019 uko Mitterand yavugaga ko FPR\/Inkontanyi yabaciye mu rihumye\u2026<\/p>\n<p> <strong>U Bufaransa bwakoresheje Tanzania<\/strong> <\/p>\n<p>Perezida Juvenal Habyalimana akiriho ndetse akimara no gutabaruka, perezida Mitterand  yahisemo kwegerana na Ali Hassan Mwinyi wa Tanzania kuko ntabwo yumvikanaga na  Yoweri Museveni wa Uganda kuko yamufataga nk\u2019 inshuti magara y\u2019 Inkontanyi.<\/p>\n<p>Mu nyandiko zitandukanye za Perezida Mitterand ubwo yategekaga u Bufaransa hagati ya 1981 na 1995,  yagiye atunga agatoki Museveni avuga ko afite intego yo gusenya ikitwa repubulika muri Afurika akimika ingoma ya cyami.<\/p>\n<p>Ariko ku rundi ruhande, Mitterand agashinja Museveni kuba ari icyitso cya Comon Wealth mu karere ndetse ko anafite umugambi wo kwimika ururimi rw\u2019 Icyongereza, Igifaransa kigahambirizwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Byumvikane ko FPR\/Inkontanyi ikimara gufata igihugu muri 1994, Mitterand  yari ahangayikishijwe n\u2019 inyungu z\u2019 u Bufaransa zari mu karere dore ko ariho zagezurwaga.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro,  abanyapolitiki b\u2019 u Bufaransa batangiye kwibanda kuri Tanzania bavugaga ko bifuza kugirana ubutwererane n\u2019 ubucuruzi n\u2019 iki gihugu gikize ku mabuye y\u2019 agaciro.<\/p>\n<p>Alli Hassan Mwinyi yarifashe kuko ntiyashatse kumvira Abafaransa batifurizaga u Rwanda amahoro kuko n\u2019 ubushuti bwabo bwari burangiriye ku miryango y\u2019 abari bagize AKAZU.<\/p>\n<p>Abarepubulikano Jacques Chirac na Nicolas Sarkozy bagisimbura Mitterand ku butegetsi ntibigeze bakurikiza inyurabwenge ye kuko batari bahuje umuryango wa politiki ahubwo Francois Hollande niwe washatse gukomeza umurongo wa Mitterand ariko ntiyabishobora kuko n\u2019 ingoma ye yaranzwe n\u2019 intege nke.<\/p>\n<p>Ibitekerezo bya Hollande nk\u2019 uko yabirazwe na Mitterand,  niwe wasabye ko amadosiye yose agaragaza uruhare rw\u2019 u Bufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi yateshwa agaciro.<\/p>\n<p>Francois Hollande yakoze iyo bwabaga ahuza Perezida Pierre Nkurunziza w\u2019i Burundi na Jakaya Kikwete wa Tanzania abumvisha ko u Rwanda ari umwanzi wabo.<\/p>\n<p>Ibi ntibyaje kubyara umusaruro kuko Hollande na Kikwete baje guhuza neza manda zabo zigeze ku musozo ku buryo imigambi yabaye amasigaracyicaro.<\/p>\n<p> <strong>U  Bufaransa mu Burundi<\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo Perezida  Pierre Nkurunziza yajyaga ku butegetsi mu Burundi biciye mu nzira ya Demokarasi, yari afitanye umubano mwiza n\u2019 u Rwanda ndetse no mu muhango w\u2019 irahira rye,  Perezida Paul Kagame w\u2019 u Rwanda ni we mukuru w\u2019 igihugu wenyine wagiye kumushyigikira.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019 imyaka myinshi ibi bihugu bibanye neza, umwuka mubi uje, u Bufaransa bwabaye ubwa mbere mu gushyigikira ko  abarwanyi ba FDLR yarwaniraga mu Burasirazuba bwa Congo-Kinshasa bafatanya n\u2019 igisirikare cya Leta y\u2019 u Burundi mu gutera u Rwanda.<\/p>\n<p> <strong>Kubura u Rwanda byatumye u Bufaransa burwara<\/strong> <\/p>\n<p>Nyuma yo gutakaza u Rwanda  ku rutonde rw\u2019 ibihugu byagenderaga ku matwara n\u2019 amategeko y\u2019 u Bufaransa, iki gihugu cyakomeje gishakisha inzira zose zishoboka kugirango gisubirane ijambo mu Karere k\u2019 Ibiyaga Bigari.<\/p>\n<p>Mu gihe Francois Miterrand yari afitanye imikorere myiza na Leta ya Juvenal Habyarimana , u Bufaransa bwari bufite amahirwe menshi yo kuba bwagenzura inyungu zabwo ziri mu Biyaga Bigairi.<\/p>\n<p>Iyi nkuru tuzayikomeza mu gice cya II<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong> K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Suleiman Hakiza\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Francois Mitterand yapfanye agahinda ko kubona uwo yitaga umwana we [Habyarimana Juv\u00e9nal] ahanurwa mu ndege ariko n\u2019 imfubyi yasize zikamburwa igihugu. Ibyo byatumye uyu mukambwe, Mitterand asiga apanze urugamba rwa politiki rukomeye ku buryo imfubyi za Habyarimana zazongera kwigarurira igihugu zambuwe nk\u2019 uko Mitterand yavugaga ko FPR\/Inkontanyi yabaciye mu rihumye\u2026 U Bufaransa bwakoresheje Tanzania [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8097","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Francois Mitterand yapfanye agahinda ko kubona uwo yitaga umwana we [Habyarimana Juv\u00e9nal] ahanurwa mu ndege ariko n\u2019 imfubyi yasize zikamburwa igihugu. Ibyo byatumye uyu mukambwe, Mitterand asiga apanze urugamba rwa politiki rukomeye ku buryo imfubyi za Habyarimana zazongera kwigarurira igihugu zambuwe nk\u2019 uko Mitterand yavugaga ko FPR\/Inkontanyi yabaciye mu rihumye\u2026 U Bufaransa bwakoresheje Tanzania [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-13T21:50:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:24:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I\",\"datePublished\":\"2017-11-13T21:50:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097\"},\"wordCount\":523,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097\",\"name\":\"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-13T21:50:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:24:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8097#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I - BWIZA","og_description":"Perezida Francois Mitterand yapfanye agahinda ko kubona uwo yitaga umwana we [Habyarimana Juv\u00e9nal] ahanurwa mu ndege ariko n\u2019 imfubyi yasize zikamburwa igihugu. Ibyo byatumye uyu mukambwe, Mitterand asiga apanze urugamba rwa politiki rukomeye ku buryo imfubyi za Habyarimana zazongera kwigarurira igihugu zambuwe nk\u2019 uko Mitterand yavugaga ko FPR\/Inkontanyi yabaciye mu rihumye\u2026 U Bufaransa bwakoresheje Tanzania [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-13T21:50:41+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:24:21+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I","datePublished":"2017-11-13T21:50:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097"},"wordCount":523,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8097#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097","name":"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-13T21:50:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:24:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8097"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8097#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Opinion: Amayeri y\u2019u Bufaransa mu kwigarurira agace u Rwanda ruherereyemo- Igice cya I"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8097","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8097"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8097\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8097"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8097"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8097"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}