{"id":8123,"date":"2017-11-15T12:52:15","date_gmt":"2017-11-15T12:52:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/15\/nyamasheke-ku-myaka-52-uwimana-gemima-urangije-kaminuza-araburira-abakiri-bato\/"},"modified":"2017-11-15T12:52:15","modified_gmt":"2017-11-15T12:52:15","slug":"nyamasheke-ku-myaka-52-uwimana-gemima-urangije-kaminuza-araburira-abakiri-bato","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123","title":{"rendered":"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Uwimana Gemima utuye mu kagari ka Kibogora, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, arangije icyiciro cya mbere cya kaminuza, akavuga ko ababara cyane iyo abonye abakiri bato bakinisha ishuri.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo yari amaze gufata impamyabumenyi ye y\u2019ikiciro cya kabiri (A0) cya kaminuza mu bijyanye no kwigisha icyongereza n\u2019 igifaranga, yatangaje ko yishimiye kuba agiye mu mubare w\u2019abize kaminuza, agatanga n\u2019impanuro ku bato.<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;ndasaba buri wese ukiri muto kudakinisha kwiga kuko ari rwo rufunguzo rw\u2019ubuzima bwiza. Kubaho nta kintu na kimwe wize muri iki gihe biragorana cyane kuko n\u2019abo ubyaye utabasha kubakurikirana neza\u201d.<\/p>\n<p>Uwimana Gemima arakomeza avuga ko ubu agiye kunoza birenze akazi yari asanzwe akora, akishimira ubuyobozi bwiza buha amahirwe buri wese yo kwiga.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;ndashimira cyane Perezida Kagame washyizeho ko buri wese agomba kwiga nta vangura natwe abakecuru bikaduha imbaraga zo kwiga.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi amaze imyaka 30 ari umwarimu mu mashuri abanza, umugabo we yarangije kwiga muri kaminuza mu 2013, na we arishimira ko nawe yiyongereye mu mubare wabayize.<\/p>\n<p>Ati \u201cIyo aba ari nka kera kaminuza ntiyari kuza hafi yanjye nkazarinda mva ku isi ntayikandagiyemo, ariko ku myaka 52 na njye nambaye umwambaro w\u2019abarangije kaminuza, ntagituma ntakwishima nkanamushimira cyane.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Abantu benshi ngo bamucaga intege bamubwira  ko agiye gupfusha amafaranga ubusa, ariko ngo yabimye amatwi ariga ubu akaba ayirangije ari na we wa mbere mu banyeshuri 18 biganaga mu ishami yigagamo barimo n\u2019abato, afite n\u2019izindi nzozi zo kuziga icyiciro cya 3 cya kaminuza.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu, Ntaganira Josu\u00e9 Michel na we avuga ko ubukungu bwa mbere ari ishuri kandi Leta ikaba yemerera uwo ari we wese kurigana.<\/p>\n<p>Ati \u2019\u2019kaminuza yarabegereye kugira ngo bige, nibabyaze umusaruro aya mahirwe, bakore ibyo banonosoye neza, bitume  banakurikirana neza abana babo, kuko uzi akamaro k\u2019ishuri ari na we uryoherezamo umwana we atarinze gusunikwa&#8221;.<\/p>\n<p>Avuga ko buri muyobozi uhereye kuri Perezida wa Repubulika, ashyigikiye uburezi buha buri muntu amahirwe yo kwiga, hatitawe ku myaka afite.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Bahuwiyongera Sylvestre\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwimana Gemima utuye mu kagari ka Kibogora, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, arangije icyiciro cya mbere cya kaminuza, akavuga ko ababara cyane iyo abonye abakiri bato bakinisha ishuri. Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo yari amaze gufata impamyabumenyi ye y\u2019ikiciro cya kabiri (A0) cya kaminuza mu bijyanye no kwigisha icyongereza n\u2019 igifaranga, yatangaje ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-8123","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwimana Gemima utuye mu kagari ka Kibogora, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, arangije icyiciro cya mbere cya kaminuza, akavuga ko ababara cyane iyo abonye abakiri bato bakinisha ishuri. Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo yari amaze gufata impamyabumenyi ye y\u2019ikiciro cya kabiri (A0) cya kaminuza mu bijyanye no kwigisha icyongereza n\u2019 igifaranga, yatangaje ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-15T12:52:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato\",\"datePublished\":\"2017-11-15T12:52:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123\"},\"wordCount\":358,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123\",\"name\":\"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-15T12:52:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8123#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato - BWIZA","og_description":"Uwimana Gemima utuye mu kagari ka Kibogora, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, arangije icyiciro cya mbere cya kaminuza, akavuga ko ababara cyane iyo abonye abakiri bato bakinisha ishuri. Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo yari amaze gufata impamyabumenyi ye y\u2019ikiciro cya kabiri (A0) cya kaminuza mu bijyanye no kwigisha icyongereza n\u2019 igifaranga, yatangaje ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-15T12:52:15+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato","datePublished":"2017-11-15T12:52:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123"},"wordCount":358,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8123#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123","name":"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-15T12:52:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8123"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8123#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Ku myaka 52, Uwimana Gemima urangije kaminuza araburira abakiri bato"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8123","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8123"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8123\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8123"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8123"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8123"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}