{"id":8169,"date":"2017-11-18T11:14:20","date_gmt":"2017-11-18T11:14:20","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/18\/abakora-ubucuruzi-buciriritse-bashinjwa-na-komisiyo-y-uburenganzira-bwa-muntu\/"},"modified":"2017-11-18T11:14:20","modified_gmt":"2017-11-18T11:14:20","slug":"abakora-ubucuruzi-buciriritse-bashinjwa-na-komisiyo-y-uburenganzira-bwa-muntu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169","title":{"rendered":"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu, iratunga agatoki bamwe mu  bacuruzi baciriritse kugira uruhare mu ihohoterwa rikorerwa abana.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Iyi Komisiyo iravuga ko magingo aya, ikibazo cy\u2019ihohoterwa rikorerwa abana cyane cyane irishingiye ku gitsina, riri gufata intera ndende, nkuko bigaragazwa n\u2019ubushakashatsi bwakozwe n\u2019iyi Komisiyo.<\/p>\n<p>Komiseri muri iyi Komisiyo, Makombe Jean Marie Vianney,  ati \u201c Mu bushakashatsi bwakozwe muri 2015, twasohoye raporo y\u2019umwaka wa 2015-2016 bigaragaramo, ariko na raporo y\u2019uyu mwaka twagejeje ku nteko ishinga amategeko ku itariki ya 30 z\u2019ukwezi kwa cumi, naho hagaragara ikibazo cyo gusambanya abana, ibyo bintu rero twasanze biremereye\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza agira ati \u201c Ariko hari n\u2019ubushakashatsi Minisiteri y\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango iherutse gukora muri iyi minsi, ku buryo yasanze muri uyu mwaka ushize, abana ibihumbi 17 baratwaye inda; ariko kandi twumvise n\u2019ejo ko hari umwana wo muri Kamonyi wabyaye yararimo akora ibizami bya Leta, ikizamini cya nyuma yagikoze yabyaye uwo munsi, bagomba kukimushyira aho yari ari mu bitaro, byumvikane rero ko ni ikibazo gikomeye cyane, abana ibihumbi 17 mu mwaka umwe gusa, abo ni abamenyekanye ni benshi, kandi ikibazo kiragaragara ko kigenda gifata umurego.\u201d<\/p>\n<p> <strong>Ikibazo gifite imizi mu ngeri zitandukanye, n\u2019abacuruzi baratungwa agatoki!<\/strong> <\/p>\n<p>Uyu muyobozi akomeza asobanura ko ubukana bw\u2019iki kibazo, bufite imizi mu bintu bitandukanye, harimo n&#8217;uko abacuruzi bato bato, babigiramo uruhare, aho ngo bamwe muri bo bashukisha abana amafaranga, bakabakoresha imibonano mpuzabitsina<\/p>\n<p>Komiseri ati \u201c amashuri yisumbuye ari mu mirenge, ari muri za santere z\u2019ubucuruzi hafi aho, iyo bagiye gutaha[abana] banyura ahongaho, banyura ku maduka bakaba baguramo utuntu, cyangwa se hari n\u2019abandi bantu bashobora kubashuka bakaza kubagurira utuntu muri ya maduka, baba abacuruzi nabo barimo kuko abenshi nibo baba banafite amafaranga, ashobora no kumujyana ahantu mu runywero, akamugurira utuntu cyangwa aho barira akamugurira ibiryo cyangwa se ibintu byokeje mu rwego rwo kumwikururira kugira ngo amwiyegereze\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p> <strong>Abacuruzi babivugaho iki?<\/strong> <\/p>\n<p>Umucuruzi mu mujyi wa Ruhango,<br \/>\nNgendahayo Francois,<br \/>\nakaba n\u2019umuyobozi w\u2019isoko ryaho rya Kijyambere, avuga ko ikibazo cy\u2019abacuruzi bashuka abana gihari, akabisobanura muri ubu buryo<br \/>\n\u201c babashukisha udufaranga babafatiranye n\u2019ibibazo,cyane cyane ko abenshi baba bava mu miryango ikennye nkuko twabibonye, abandi babashukisha kubagurira utuntu tw\u2019uduhendabana, twa bombo, amandazi, bakabafatiraho bakabahohotera\u201d.<\/p>\n<p> <strong>Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa muntu mu gikorwa cyo guhugura aba bacuruzi<\/strong> <\/p>\n<p>Tariki ya 16 Ugushyingo, uyu mwaka wa 2017, nibwo iyi Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu yahuguye abacuruzi baciriritse bo mu karere ka Ruhango, ku kumenya no kurengera uburenganzira bw\u2019umwana. Ibi ngo bizatuma abacuruzi barushaho kwamagana abashora abana mu busambanyi<\/p>\n<p>Komiseri ati \u201cNubundi umwana abujijwe kujya mu marestora, mu tubari atari kumwe n\u2019ababyeyi be, ibyo byose bano babyeyi twaganiriye nk\u2019abacuruzi niyo baba batari banashaka ariko bagomba kubihugukirwa kugira ngo babyamagane, badufashe kubyamagana kandi badufashe kugaragaza abantu bashora abana mu busambanyi\u201d.<\/p>\n<p>Usibye guhugura abacuruzi, iyi Komisiyo iherutse no guhugura abarimu ndetse n\u2019ababyeyi muri buri karere, yahuguye kandi abatwara amagare[bazwi nk\u2019abanyonzi], abamotari[aribo batwara moto], hamwe n\u2019 abashoferi  batwara imodoka; nk\u2019ibyiciro bifite aho bihurira n\u2019abana cyane, kugira ngo barusheho kumenya uburenganzira bw\u2019umwana, kandi babwubahirize.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ubusanzwe ingingo ya 190 y\u2019igitabo cy\u2019amategeko ahana y\u2019u Rwanda, ivuga ko icyaha cyo  \u2018gusambanya umwana\u2019 ari imibonano mpuzabitsina yose ishingiye ku bitsina ikorewe umwana uko yaba ikozwe kose n\u2019icyaba cyakoreshejwe cyose.<\/p>\n<p>Naho ingingo ya 191 y\u2019icyo gitabo, ivuga ko umuntu wese usambanyije umwana, ahanishwa igifungo cya burundu y\u2019umwihariko.<br \/>\n<figure id=\"attachment_82209\" aria-describedby=\"caption-attachment-82209\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-82209 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg\" alt=\"\" width=\"640\" height=\"480\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-82209\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Abakora ubucuruzi buciriritse bahuguwe<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\n <strong> K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<b class=\"gmail_sendername\">N.J. Claude \/Bwiza.com<\/b><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu, iratunga agatoki bamwe mu bacuruzi baciriritse kugira uruhare mu ihohoterwa rikorerwa abana. Iyi Komisiyo iravuga ko magingo aya, ikibazo cy\u2019ihohoterwa rikorerwa abana cyane cyane irishingiye ku gitsina, riri gufata intera ndende, nkuko bigaragazwa n\u2019ubushakashatsi bwakozwe n\u2019iyi Komisiyo. Komiseri muri iyi Komisiyo, Makombe Jean Marie Vianney, ati \u201c Mu bushakashatsi bwakozwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-8169","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu, iratunga agatoki bamwe mu bacuruzi baciriritse kugira uruhare mu ihohoterwa rikorerwa abana. Iyi Komisiyo iravuga ko magingo aya, ikibazo cy\u2019ihohoterwa rikorerwa abana cyane cyane irishingiye ku gitsina, riri gufata intera ndende, nkuko bigaragazwa n\u2019ubushakashatsi bwakozwe n\u2019iyi Komisiyo. Komiseri muri iyi Komisiyo, Makombe Jean Marie Vianney, ati \u201c Mu bushakashatsi bwakozwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-18T11:14:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana\",\"datePublished\":\"2017-11-18T11:14:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169\"},\"wordCount\":597,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg\",\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169\",\"name\":\"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-11-18T11:14:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8169#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana - BWIZA","og_description":"Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu, iratunga agatoki bamwe mu bacuruzi baciriritse kugira uruhare mu ihohoterwa rikorerwa abana. Iyi Komisiyo iravuga ko magingo aya, ikibazo cy\u2019ihohoterwa rikorerwa abana cyane cyane irishingiye ku gitsina, riri gufata intera ndende, nkuko bigaragazwa n\u2019ubushakashatsi bwakozwe n\u2019iyi Komisiyo. Komiseri muri iyi Komisiyo, Makombe Jean Marie Vianney, ati \u201c Mu bushakashatsi bwakozwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-18T11:14:20+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana","datePublished":"2017-11-18T11:14:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169"},"wordCount":597,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg","articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169","name":"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg","datePublished":"2017-11-18T11:14:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8169"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/bamwe-mu-bitabiriye-amahugurwa1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8169#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y\u2019uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8169","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8169"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8169\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8169"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8169"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8169"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}