{"id":8183,"date":"2017-11-19T12:10:16","date_gmt":"2017-11-19T12:10:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/19\/nyamagabe-meya-afunzwe-nyuma-y-abavandimwe-be-batatu-bakurikiranyweho-ibyaha\/"},"modified":"2025-02-12T15:04:08","modified_gmt":"2025-02-12T13:04:08","slug":"nyamagabe-meya-afunzwe-nyuma-y-abavandimwe-be-batatu-bakurikiranyweho-ibyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183","title":{"rendered":"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <\/strong>  <strong> <em>Amakuru y\u2019itabwa muri yombi rya Meya wa Nyamagabe, Mugisha Philbert ubu ntagishidikanywaho, kuko yemejwe n\u2019umuvugizi wa Polisi, ACP Badege Theos. Mugisha afashwe asanga mukuru we Muhirwa Obed, mubyara we Nkundimana Noheri, yemwe ngo hari n\u2019undi mwene wabo Kanyeshyamba Faustin ufungiye impapuro mpimbano.<\/em> <\/strong><br \/>\nKu ifatwa rya Mugisha, ACP Badege Theos agira ati \u201cNi byo koko Meya Mugisha ari mu maboko ya polisi aho akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo kunyereza umutungo wa Leta, gutanga amasoko mu buryo bunyuranije n\u2019amategeko n\u2019ibindi.<br \/>\nAfunganywe n\u2019abandi batanu ku bufatanyacyaha muri ibyo bikorwa. Iperereza ry\u2019ibanze rirakomeje.\u201d Perezida w\u2019akanama gashinzwe amasoko Nkurunziza Jean Damascene, na Higiro Jean Baptiste ushinzwe amasoko bashobora kuba batorotse, kuko nabo ari abafatanyacyaha.<br \/>\nMukuru wa Mugisha wahoze akora mu by\u2019ubutaka, Muhirwa Obed yafashwe mu mpera za Nzeri uyu mwaka, hamwe n\u2019umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Cyanika, Chrysostome Ndorimana.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBakekwaho icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta, mu gihe bimuraga abantu ahavugwaga ko hagiye gucukurwa amabuye y\u2019agaciro, Leta igatanga amafaranga y\u2019ingurane izi ko hari hatuye abantu kandi ari amasambu gusa.<br \/>\nUyu Muhirwa mbere yo gutabwa muri yombi ntabwo yari agikora mu by\u2019ubutaka yari yarahinduriwe imirimo, mu rwego rwo gusibanganya ibimenyetso.<br \/>\nNkundimana Noheri, mwene nyirarume wa Mugisha we amaze iminsi afungiye gucunga nabi gahunda ya girinka, icyaha yahamijwe agakatirwa imyaka irindwi. Yongeye guhamywa n\u2019urukiko icyaha cyo kwangiza ibya rubanda nkana, aho yarangizaga imanza gacaca, akazirangiriza abataraziburanye, cyangwa  agafata ubwishyu akabika. Ni urubanza yaburanye ahanishwa igifungo cy\u2019indi myaka irindwi, anahamwa no gukoresha inyandiko mpimbano nabwo bamukatira indi itandatu, ubwo iba ibaye makumyabiri.<br \/>\nUmufatanyacyaha we, Nkurunziza Emmanuel we yahamwe no gukoresha inyandiko mpimbano, ahanishwa igifungo cy\u2019imyaka itandatu, ariko barajuriye.<br \/>\n <em>Uyu Nkundimana ni mwene Nkeramihigo, musaza wa Nyirankundimana Jemimah, nyina wa Meya Mugisha, mwene Munderere. Uyu muganga Jemimah, abanyagikongoro bamuzi avura ku Kigeme akiri umukobwa. Ubu batuye mu Gasrenda ahagana k\u2019Uwinkomo.<\/em><br \/>\nNkundimana Noheri, we n\u2019uwitwa Kayiranga bararuye umwana w\u2019umukobwa  w\u2019imyaka 16 bamushuka, bamurarana mu kabari k\u2019uwitwa Nzamurambaho, birangira ataye ishuri acika iwabo.<br \/>\nNyamara umubyeyi we yabitanzemo ikibazo basuwe n\u2019abadepite tariki ya 23 Nyakanga 2016, Gitifu w\u2019umurenge wa Gasaka(Bayiringire Jean ) aba ariwe utanga ibisobanuro, avuga ko azi ikibazo, ngo \u201cuwo mugore n\u2019umwana we bapfa abagabo\u201d  <em>Ndlr, umwana abajyamo na nyina abashaka. <\/em>  <em>Magingo aya uyu mubyeyi agendana ipfunwe kubera ikimwaro abandi bamubonamo, nk\u2019uharikiranijwe n\u2019umwana yibyariye.<\/em><br \/>\nUwari gitifu w\u2019akagari  ka Nzega mu Murenge wa Gasaka witwa Ingabire Jean chrysostome(nawe ngo ni mubyara w\u2019uriya  Noheri ufunzwe), yateye inda umwana wo mu nkambi y\u2019impunzi z\u2019Abanyekongo ya Kigeme, ngo ubuyobozi bw\u2019akarere ntacyo bwakoze ngo ashyikirizwe ubutabera, kugeza atorotse, akava mu gihugu.<br \/>\n <strong>Amasoko atangwa nabi<\/strong><br \/>\nMuri aka karere, havugwamo isoko ryatsindiwe n\u2019umugore akaryamburwa ku maherere rihabwa undi. Atangiye gahunda yo kugana inkiko, bahitamo kumuha iryo kubaka inzu y\u2019ubukererugendo mu Kunyu, mu murenge wa Uwinkingi. Uyu mugore nawe akimara kubona avansi, arayatwara yanga kurikora, akarere gatinya kumurega ngo atagarura ibyo kumwambura isoko rya mbere.<br \/>\nUmugenzuzi Mukuru w\u2019Imari ya Leta Obadiah Biraro, yagaragaje ibibazo mu mitangire y\u2019amasoko ya Leta mu karere ka Nyamagabe.<br \/>\nMuri ayo masoko harimo iryo gushyira amatara ku muhanda mu Mujyi wa Nyamagabe, aho ngo rwiyemezamirimo waritsindiye yishyuwe Miliyoni 100 zirenze ku mafaranga yari yaragenewe isoko.<br \/>\nAho kwishyura Miliyoni 97 hishyuwe Miliyoni 197, ikintu abadepite bagize PAC bavuze ko gikwiye gukurikiranwa, naho ubuyobozi bw\u2019akarere ngo ni \u2018ikibazo cy\u2019imibare (arthimetic error)\u2019.<br \/>\nUbusitani bwubatswe muri ako karere \u2018Nyamagabe Smart Area\u2019 bwakozwe kuri hegitari 2,6. Buvugwaho gutwara miliyoni 65, bamwe bavuga ko bwakubakwa n\u2019icya kabiri cy\u2019ayo mafaranga.<br \/>\nIsoko ryo kubukora ryatsindiwe n\u2019uwitwa Minani Protog\u00e8ne waba yaratanze ibitabo bibiri ngo bigaragare ko hari uwo bapiganwaga, we akavuga  ko  <strong>habayeho gupiganirwa isoko n\u2019umuntu bitiranwa<\/strong> .  <em>Ndlr : Abantu babiri bitiranwa amazina yombi bakora bimwe mu karere kamwe !<\/em><br \/>\nAbadepite bavuze ko bitumvikana ukuntu aya mafaranga yakoreshwa ku busitani butarimo amatara ndetse n\u2019amazi yo kubuvomerera.<br \/>\n <strong>Miliyoni icumi zahawe Amagaju zivuye mu kimina cy\u2019abakozi<\/strong> , yishingiwe n\u2019Umunyamabanga w\u2019Akarere, wari mushya mu kazi no mu banyamuryango b\u2019ikigega cy\u2019ubwizigame bw\u2019abakozi b\u2019akarere(Caisse solidaire).<br \/>\n <strong>Inyerezwa rya miliyoni 120 muri SACCO ya Nkomane<\/strong>  mu mwaka wa 2015. Byavuzwe ko hari abayobozi bamenye amakuru ku bijyanye n\u2019inyerezwa ry\u2019ayo mafaranga ntiyatangirwa igihe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbwo aka karere kitabaga PAC uyu mwaka, bivugwa ko Mugisha Philbert yaba yarabanje gutakambira bamwe mu banyamakuru ngo badatangaza ukuri k\u2019uko byagenze mu nteko. Inkuru zasohotse bukeye zavugaga ko aka karere kitwaye neza mu nteko, kakisobanura, kakerekana impapuro zose. Bivuga ko nta kibazo kari gafite mu micungire y\u2019ibya rubanda. None ntibiteye kabiri, niko kabaye aka mbere mu gukurikiranwa.<br \/>\n <strong>K<\/strong>  <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru y\u2019itabwa muri yombi rya Meya wa Nyamagabe, Mugisha Philbert ubu ntagishidikanywaho, kuko yemejwe n\u2019umuvugizi wa Polisi, ACP Badege Theos. Mugisha afashwe asanga mukuru we Muhirwa Obed, mubyara we Nkundimana Noheri, yemwe ngo hari n\u2019undi mwene wabo Kanyeshyamba Faustin ufungiye impapuro mpimbano. Ku ifatwa rya Mugisha, ACP Badege Theos agira ati \u201cNi byo koko Meya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8183","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru y\u2019itabwa muri yombi rya Meya wa Nyamagabe, Mugisha Philbert ubu ntagishidikanywaho, kuko yemejwe n\u2019umuvugizi wa Polisi, ACP Badege Theos. Mugisha afashwe asanga mukuru we Muhirwa Obed, mubyara we Nkundimana Noheri, yemwe ngo hari n\u2019undi mwene wabo Kanyeshyamba Faustin ufungiye impapuro mpimbano. Ku ifatwa rya Mugisha, ACP Badege Theos agira ati \u201cNi byo koko Meya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-19T12:10:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:04:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye\",\"datePublished\":\"2017-11-19T12:10:16+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:04:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183\"},\"wordCount\":785,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183\",\"name\":\"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-19T12:10:16+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:04:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8183#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye - BWIZA","og_description":"Amakuru y\u2019itabwa muri yombi rya Meya wa Nyamagabe, Mugisha Philbert ubu ntagishidikanywaho, kuko yemejwe n\u2019umuvugizi wa Polisi, ACP Badege Theos. Mugisha afashwe asanga mukuru we Muhirwa Obed, mubyara we Nkundimana Noheri, yemwe ngo hari n\u2019undi mwene wabo Kanyeshyamba Faustin ufungiye impapuro mpimbano. Ku ifatwa rya Mugisha, ACP Badege Theos agira ati \u201cNi byo koko Meya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-19T12:10:16+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:04:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye","datePublished":"2017-11-19T12:10:16+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:04:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183"},"wordCount":785,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8183#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183","name":"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-19T12:10:16+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:04:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8183"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8183#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamagabe: Meya afunzwe nyuma y\u2019abavandimwe be Batatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8183","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8183"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8183\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8183"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8183"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8183"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}