{"id":8205,"date":"2017-11-21T11:48:36","date_gmt":"2017-11-21T11:48:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/21\/tumenye-inkomoko-yo-gusuhuzanya-no-gushimirana-abantu-bahana-ibiganza\/"},"modified":"2017-11-21T11:48:36","modified_gmt":"2017-11-21T11:48:36","slug":"tumenye-inkomoko-yo-gusuhuzanya-no-gushimirana-abantu-bahana-ibiganza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205","title":{"rendered":"Tumenye inkomoko  yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana  ibiganza"},"content":{"rendered":"<p>Mu buzima bwa Muntu habamo ibintu byinshi bitera kwibaza imvano n&#8217;inkomoko yabyo,ni muri urwo rwego ikinyamakuru Bwiza.com cyabateguriye inkuru zizajya zibamenyesha aho ibintu bitandukanye biboneka mu mico rusange ya muntu bikomoka ,muri gahunda ifite inyito ya  <strong>\u201cTumenye impamvu yabyo\u201d<\/strong>  .<\/p>\n<p>Ibi kandi bisa n&#8217;ibituma buri wese abaho mu buryo bwuzuye amatsiko yo kumenya inkomoko y\u2019iki cyangwa kiriya haba mu mvugo tuvuga , mu bikorwa dukora hamwe n\u2019utumenyetso turanga ubuzima n\u2019imibereho bya muntu mu kubaho kwe, buri munsi ku wundi ,kandi kenshi ugasanga amahanga atandukanye ahiruye ku kintu kimwe ,mu buryo butambutse kure mico n\u2019imigirire ya sosiyete runaka.<\/p>\n<p>Noneho aho ikoranabuhanga rya digitali ryadukiye ntibigitangaje kubona umuntu akwicira ijisho akoresheje udushushanyo tuboneka kuri za mudasobwa na sumatifoni ,utu tumenyerewe kwizina rya emoji cyangwa emoticons mu ndimi z&#8217;ibwotamasimbi .<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Muri iyi nkuru yibanda ku guhana ibiganza abantu basuhuzanya cyangwa bashimirana ,turabavira imuzingo aho byaturutse , mu muhanda tugenda ,mu bukwe dukimbagira ,ikiganza mu kindi ,mu mihango yo gushyingura nabwo twihanagura amarira duhana ikiganza ,yemwe hari naho  Kiliziya abasenga bahana amahoro ikiganza kukindi rugacamatana  mtiwareba \u2026!<\/p>\n<p>Uyu muco utagira ikizinga wo guhana ikiganza uhuriweho n&#8217;imbaga y&#8217;abatuye isi batari bake, ngo waba waratangiriye mu Burengerazuba bw&#8217;isi nkuko tubikesha urubuga Metronews dukesha iyi nkuru .<\/p>\n<p>Ahagana mu kinyejana cya 5 mbere y&#8217;ivuka rya Yesu Kristu mu bice by&#8217;Uburayi ngo hadutse ubujura bukaze kandi bwakoreshaga intwaro,ikizere n\u2019urukundo mu bantu biba ingume,hamwe uwabonaga mugenzi we yahitaga amubonamo umujura ,ndetse yareba nabi akaba yavudutse ,agakuramo ake karenge nk\u2019ukiza amagara !<\/p>\n<p>Ibi rero byaje gutuma rubanda rubura ituze n&#8217;umutekano kurwego rutari rwarigeze kubaho ,bitera abaturage kujya bitwaza intwaro muntoki mu rwego rwo kwirwanaho mu gihe byaba ngombwa,ndetse n&#8217;abajura bakitwaza izindi byumvikane ko iyo umwe yikangaga undi ,rwahitaga ruhana inkoyoyo , nuko wahura n&#8217;umuntu ukabona aracungana n&#8217;undi kujisho bishishanya.<\/p>\n<p>Vuba aha kandi mu myaka yakurikiye ivuka rya Yesu Kristu [ Moyen-\u00e0\u201age ] ingeso nkiyi y&#8217;urugomo rukaze yadutse mu batwara amafarashi muli utwo duce twavuzwe haruguru ,maze umuntu  uhuye n\u2019undi cyangwa babisikanye ku mafarashi ,akamucumita inkota akamugarika aho akikomereza ,muri make iki cyari igihe cy\u2019umwiryane utarigeze kubaho mu buzima bw\u2019abari batuye isi y\u2019icyo gihe .<\/p>\n<p>Kimwe mu bintu byateye abaturage gutekereza ku kintu cyose cyagarura ikizere cy&#8217;amahoro no kutishashanya, byaje kurangira habayeho guhashya ubwo bugizi bwa nabi ,hakorwa ubukangurambaga ,bwakanguriraga buri muntu  kujya ahura n\u2019undi , aho gufora umuheto ,kubangurirana inkota n\u2019izindi ntwaro, akamuha ikiganza cy&#8217;iburyo .<\/p>\n<p>Bityo ,ahari intwaro hakajya uguhana ibiganza ,no kuzunguzanya amaboko [ shaking hands ] , mu gikorwa cyaherekezwaga no kumwenyura kwa hato na hato [ smiling ] ,mu rwego rwo kwongera kurema ikizere mu bantu bari barahindutse nk\u2019inyamaswa ,kubera kwishishanya .<\/p>\n<p>Nubwo iki kimenyetso hari aho batakivugaho rumwe ariko, bamwe bakanavuga ko ari imvano yo gukwirakwiza indwara zandurira mu mwanda w&#8217;intoki zidakarabye [ Maladies des mains sale ] , na n&#8217;ubu abantu benshi bemeza ko uyu muco ukoreshwa n&#8217;abakomeye n&#8217;aboroheje utapfa kuwuca mu bantu  ngo bikunde ,kuko n\u2019ubwo hari abashatse kuwusimbuza gupeperana n\u2019ibindi ,ariko ntibyabakundiye ko hagira ikiwusimbura burundu.<\/p>\n<p>Gusa Metronews dukesha iyi nkuru  isoza ivuga ko nubwo bimeze gutyo ariko , uburyo bwo gusuhuzanya abantu bahana ibiganza  budahurirwaho n&#8217;abatuye isi bose , kuko nko muli Asia hari aho bapfukama nko guha icyubahiro uwo ushuhuje , yewe no mu bihugu bimwe na bimwe bya Afrika nka Uganda naho usanga abantu bapfukama mbere y\u2019uko umuto asuhuza umukuru ,nyamara ikiganza mu kindi bigakurikiraho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Hari kandi n\u2019abasuhuzanya bonkana indimi bigatinda , nk&#8217;ikimenyetso cy\u2019uko muli bombi mu basuhuzanya ntawufite imikoshi y&#8217;abapfumu,mbega bigasa no kugaragaza ukwera kwa bombi,mu rwego rwo kugaragarizanya ikizere buri umwe afitiye undi.<\/p>\n<p>Nk\u2019ahitwa Tibet ho , nig ace gaherereye hafi n\u2019Ubushinwa , utonse ururimi rwuwo musuhuzanya ntiryarema yavuga ko umwanduje ibigirwamana by&#8217;iwanyu .<\/p>\n<p>Twizere ariko ko uyu muco wo muri Tibet ariko hatari abahita bawigana ,bari gusoma iyi nkuru ,kukobaravuga ngo \u201cAgahugu umuco ,akandi uwako muco\u201d !  Ubwo nibidukundira ubutaha ,tuzarebera hamwe imvo n\u2019imvano y\u2019umuco wo \u201cGusomana\u201d ,mu buryo bwose bikorwamo n\u2019ikiremwa muntu.<\/p>\n<p>Ni ahubutaha muri &#8221; <strong>Tumenye impamvu yabyo &#8220;<\/strong>  itaha !<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Eugene David Marshall \/ Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu buzima bwa Muntu habamo ibintu byinshi bitera kwibaza imvano n&#8217;inkomoko yabyo,ni muri urwo rwego ikinyamakuru Bwiza.com cyabateguriye inkuru zizajya zibamenyesha aho ibintu bitandukanye biboneka mu mico rusange ya muntu bikomoka ,muri gahunda ifite inyito ya \u201cTumenye impamvu yabyo\u201d . Ibi kandi bisa n&#8217;ibituma buri wese abaho mu buryo bwuzuye amatsiko yo kumenya inkomoko y\u2019iki [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-8205","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu buzima bwa Muntu habamo ibintu byinshi bitera kwibaza imvano n&#8217;inkomoko yabyo,ni muri urwo rwego ikinyamakuru Bwiza.com cyabateguriye inkuru zizajya zibamenyesha aho ibintu bitandukanye biboneka mu mico rusange ya muntu bikomoka ,muri gahunda ifite inyito ya \u201cTumenye impamvu yabyo\u201d . Ibi kandi bisa n&#8217;ibituma buri wese abaho mu buryo bwuzuye amatsiko yo kumenya inkomoko y\u2019iki [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-21T11:48:36+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza\",\"datePublished\":\"2017-11-21T11:48:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205\"},\"wordCount\":700,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205\",\"name\":\"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-21T11:48:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8205#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza - BWIZA","og_description":"Mu buzima bwa Muntu habamo ibintu byinshi bitera kwibaza imvano n&#8217;inkomoko yabyo,ni muri urwo rwego ikinyamakuru Bwiza.com cyabateguriye inkuru zizajya zibamenyesha aho ibintu bitandukanye biboneka mu mico rusange ya muntu bikomoka ,muri gahunda ifite inyito ya \u201cTumenye impamvu yabyo\u201d . Ibi kandi bisa n&#8217;ibituma buri wese abaho mu buryo bwuzuye amatsiko yo kumenya inkomoko y\u2019iki [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-21T11:48:36+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza","datePublished":"2017-11-21T11:48:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205"},"wordCount":700,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8205#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205","name":"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-21T11:48:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8205"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8205#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Tumenye inkomoko yo gusuhuzanya no gushimirana, abantu bahana ibiganza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8205","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8205"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8205\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8205"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8205"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8205"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}