{"id":824,"date":"2016-02-26T14:05:58","date_gmt":"2016-02-26T14:05:58","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/26\/umubare-munini-wabari-mu-isi-basenga-imana-nyamara-ntibazi-ngo-ibahe\/"},"modified":"2025-02-25T14:30:01","modified_gmt":"2025-02-25T12:30:01","slug":"umubare-munini-wabari-mu-isi-basenga-imana-nyamara-ntibazi-ngo-ibahe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824","title":{"rendered":"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe?"},"content":{"rendered":"<p>Abantu benshi bavuga ko basenga Imana imwe ugasanga bayisenga muburyo bunyuranye, muri iyi nyandiko turifuza kuvuga kuri Ndiho, Imana ivugwa muri Bibiriya.<br \/>\nnubwo abantu bayikunda bakemera ko ishobora byose ntakiyinanira. Itabara uyitabaje wese. N\u2019 Imana yumva kandi ireba, Imana iruta ibindi byiyita Imana (ibigirwa Mana).<br \/>\nIyo uganiriye na bamwe mu bayoboke b\u2019amatorero cyangwa amadini ukababaza aho Imana iba baguha ibisubizo binyuranye. Hakaba n\u2019igihe ugiye mu masengesho bamwe bita amateraniro, ukumva hari usenze ngo \u201cMana uri mu Ijuru manuka uze turagutumiye ubane natwe, Manura Umwuka wera umuducunshumureho\u201d.<br \/>\n <strong>Reka turebere hamwe aho Imana iba.<\/strong> <\/p>\n<ol>\n<li>Icyo abanye dini babivugaho<\/li>\n<\/ol>\n<ul>\n<li>Imana iba mu ijuru<\/li>\n<li>Imana iba mu mutima<\/li>\n<li>Imana yirirwa ahandi igataha i Rwanda<\/li>\n<\/ul>\n<p>Ariko ibyo bahuriraho usanga aruko Imana iba mu Ijuru. Iyo ukurikiye usanga na bamwe mu bayobozi b\u2019amadini cyanga amatorero badahuza kuri iki kibazo. Byaba byiza rero turebeye hamwe icyo Bibiriya ibivugaho, kugirango tugire igisubizo kimwe duhuriyeho.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li>Icyo Bibiriya ibivugaho<\/li>\n<\/ol>\n<p>Uwiteka aravuga ati \u201cIjuru ni intebe yanjye Isi nayo ni intebe y\u2019ibirenge byanjye\u201d Yesaya 66:1. Aha rero birumvikana ko, Imana ifite ubushobozi bwo kuba yicaye mu Ijuru ibirenge byayo biri mu Isi, bityo ukaba utasenga ngo ngwino ubane natwe Mana wumve gusenga kwacu, ubwo se wowe ahantu ibirenge bwawe biri bakubwiye ngo ngwino ubane natwe ntiwakumirwa? Haricyo se utakumva bavuga kandi ariho ibirenge byawe biri.<br \/>\nNazamuka nkajya mu Ijuru uriyo, nasasa uburiri bwanjye ikuzimu uriyo, nakwenda amababa y\u2019umuseke ngatura ku mpera y\u2019inyanja, aho naho ukuboko kwawe kwahanshorerera, ukuboko kwawe kw\u2019iburyo kwahamfatira  Zaburi 139:8-10.  Bibiriya iratwereka ko Imana ishobora kubera hose icyarimwe.<\/p>\n<ol start=\"3\">\n<li> <strong>Icyo Gatigisimu ibivugaho<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Gatigisimu n\u2019igitabo Kiriziya gatorika ikoresha yigisha iyoboka Mana. Icyo gitabo kigisha gikoresheje ibibazo, noneho kigatanga n\u2019igisubizo kuri buri kibazo. Ku kibazo \u201cMungu abahe?\u201d: Mungu aba hose yumva byose kandi azi byose.<br \/>\nNkuko tumaze kubyumva, Bibiriya igaragaza ko Imana ibasha kubera hose icyarimwe igahuza na Gatigisimu, nta nahamwe Imana itagera, kandi nta nakimwe twayihisha. Iyo uvuze ngo iba mu Ijuru, cyangwa ukayihamagara ngo nize, cyangwa se ngo n\u2019isuke Umwuka wera, kandi Yesu yaravuze ati ngiye kuboherereza umufasha, ariwo Mwuka wera, umuntu yakwibaza Imana ubwira iyariyo. Ntabwo ari Imana ya Isiraheri yaba ari iyindi.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Victor Kayigana @bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi bavuga ko basenga Imana imwe ugasanga bayisenga muburyo bunyuranye, muri iyi nyandiko turifuza kuvuga kuri Ndiho, Imana ivugwa muri Bibiriya. nubwo abantu bayikunda bakemera ko ishobora byose ntakiyinanira. Itabara uyitabaje wese. N\u2019 Imana yumva kandi ireba, Imana iruta ibindi byiyita Imana (ibigirwa Mana). Iyo uganiriye na bamwe mu bayoboke b\u2019amatorero cyangwa amadini ukababaza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-824","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=824\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi bavuga ko basenga Imana imwe ugasanga bayisenga muburyo bunyuranye, muri iyi nyandiko turifuza kuvuga kuri Ndiho, Imana ivugwa muri Bibiriya. nubwo abantu bayikunda bakemera ko ishobora byose ntakiyinanira. Itabara uyitabaje wese. N\u2019 Imana yumva kandi ireba, Imana iruta ibindi byiyita Imana (ibigirwa Mana). Iyo uganiriye na bamwe mu bayoboke b\u2019amatorero cyangwa amadini ukababaza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=824\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-26T14:05:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:30:01+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe?\",\"datePublished\":\"2016-02-26T14:05:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824\"},\"wordCount\":382,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824\",\"name\":\"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-02-26T14:05:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:30:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=824#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe? - BWIZA","og_description":"Abantu benshi bavuga ko basenga Imana imwe ugasanga bayisenga muburyo bunyuranye, muri iyi nyandiko turifuza kuvuga kuri Ndiho, Imana ivugwa muri Bibiriya. nubwo abantu bayikunda bakemera ko ishobora byose ntakiyinanira. Itabara uyitabaje wese. N\u2019 Imana yumva kandi ireba, Imana iruta ibindi byiyita Imana (ibigirwa Mana). Iyo uganiriye na bamwe mu bayoboke b\u2019amatorero cyangwa amadini ukababaza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-26T14:05:58+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:30:01+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe?","datePublished":"2016-02-26T14:05:58+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824"},"wordCount":382,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=824#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824","name":"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-02-26T14:05:58+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:30:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=824"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=824#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/824","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=824"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/824\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=824"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=824"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=824"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}