{"id":8243,"date":"2017-11-23T23:16:47","date_gmt":"2017-11-23T23:16:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/23\/umusore-tuzabana-twasezeranye-mu-murenge-arashaka-cyane-ko-dusambana-njye\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:18","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:18","slug":"umusore-tuzabana-twasezeranye-mu-murenge-arashaka-cyane-ko-dusambana-njye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243","title":{"rendered":"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI?"},"content":{"rendered":"<p> <em>Mu kwezi gushize nibwo njye n\u2019umusore tuzabana twasezeranye mu murenge ariko kuva uwo munsi amereye nabi ngo arashaka ko turyamana, ngo nabaye uwe, ariko kubera ukuntu nabyirutse ndi umukiristo nirinda icyaha cy\u2019ubusambanyi narabyanze.<\/em><br \/>\nNdamubwira ngo narindire tuzabikore twabanye dore ko amezi agera muri 3 asigaye atari na menshi, dufite ubukwe mu kwa kabiri, ibi ntabikozwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMungire inama kuko rwose bimeze nabi, yanze kuva ku izima kandi na njye ntabwo bindimo na gake, sinifuza kumera nkabo njya mbona bashyingirwa baciragura, inda zigeze iriya.<br \/>\nNifuza guhesha agaciro umubyeyi wanjye, dore ko nagira umwe gusa, mungire inama, nkore iki? namukorera iki ngo ibi bitekerezo bimuvemo.<br \/>\nMu gihe ntegereje inama zanyu, muri rusange n\u2019abasomyi ba bwiza.com ndabashimiye, inama zanyu ni ubukombe.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu kwezi gushize nibwo njye n\u2019umusore tuzabana twasezeranye mu murenge ariko kuva uwo munsi amereye nabi ngo arashaka ko turyamana, ngo nabaye uwe, ariko kubera ukuntu nabyirutse ndi umukiristo nirinda icyaha cy\u2019ubusambanyi narabyanze. Ndamubwira ngo narindire tuzabikore twabanye dore ko amezi agera muri 3 asigaye atari na menshi, dufite ubukwe mu kwa kabiri, ibi ntabikozwa. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-8243","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu kwezi gushize nibwo njye n\u2019umusore tuzabana twasezeranye mu murenge ariko kuva uwo munsi amereye nabi ngo arashaka ko turyamana, ngo nabaye uwe, ariko kubera ukuntu nabyirutse ndi umukiristo nirinda icyaha cy\u2019ubusambanyi narabyanze. Ndamubwira ngo narindire tuzabikore twabanye dore ko amezi agera muri 3 asigaye atari na menshi, dufite ubukwe mu kwa kabiri, ibi ntabikozwa. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-23T23:16:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI?\",\"datePublished\":\"2017-11-23T23:16:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243\"},\"wordCount\":154,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243\",\"name\":\"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-23T23:16:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8243#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI? - BWIZA","og_description":"Mu kwezi gushize nibwo njye n\u2019umusore tuzabana twasezeranye mu murenge ariko kuva uwo munsi amereye nabi ngo arashaka ko turyamana, ngo nabaye uwe, ariko kubera ukuntu nabyirutse ndi umukiristo nirinda icyaha cy\u2019ubusambanyi narabyanze. Ndamubwira ngo narindire tuzabikore twabanye dore ko amezi agera muri 3 asigaye atari na menshi, dufite ubukwe mu kwa kabiri, ibi ntabikozwa. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-23T23:16:47+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:18+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI?","datePublished":"2017-11-23T23:16:47+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243"},"wordCount":154,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8243#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243","name":"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-23T23:16:47+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8243"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8243#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8243","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8243"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8243\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8243"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8243"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8243"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}