{"id":8278,"date":"2017-11-26T11:31:51","date_gmt":"2017-11-26T11:31:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/26\/kicukiro-urubyiruko-rwavuye-iwawa-ruranenga-ubuyobozi-bw-akarere-bwarukoresheje\/"},"modified":"2025-02-12T15:03:04","modified_gmt":"2025-02-12T13:03:04","slug":"kicukiro-urubyiruko-rwavuye-iwawa-ruranenga-ubuyobozi-bw-akarere-bwarukoresheje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278","title":{"rendered":"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje"},"content":{"rendered":"<p>Akarere ka Kicukiro kari kagize igitekerezo cyo gufasha urubyiruko rwavuye ku Kirwa cya Iwawa kugirango rubashe kwihangira umurimo  ariko rurakanenga kuba kararukoresheje imirimo y\u2019ubuhinzi, katarugaburira, nta bwishingizi by\u2019umwihariko n\u2019ibyo bejeje ntihagire icyo birumarira.<\/p>\n<p>Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo abasore bagera muri 50 batangiye ibiganiro njyanama n\u2019akarere, muri Gicurasi nibwo batangiye guhinga, beza imboga muri Nzeri, basaruye 60% ariko ubu bakaba bibaza aho umusaruro wabo wagiye.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ku ikubitiro, hatangiye itsinda ry\u2019 ubuhinzi n\u2019 ubworozi muri Gicurasi 2017 ubwo Akarere kari kamaze kuganira n\u2019 uru rubyiruko rwari rumaze kwibumbira muri koperetive yitwa \u00ab Kora Uterimbere \u00bb,  rwahawe igishanga gifite ubuso bungana na hegitari 2 giherereye i  Nyandungu aho bakunze kwita \u00ab Ku Mushumba Mwiza \u00bb mu Murenge wa Nyarugunga.<\/p>\n<p>Muri iki gihe , Akarere kahise kagenera uru rubyiruko ibikoresho by\u2019ibanze by\u2019 ubuhinzi birimo inkweto zabugenewe(bottes), amasuka, ibitiyo, imashini yo kuhira , amafumbire, imbuto ndetse banabaha imodoka ibajyana ku kazi ikanabacyura imuhira ariko kirengagiza ko bakeneye kurya no kuvuzwa.<\/p>\n<p> <strong>Urubyiruko ruranenga Akarere<\/strong> <\/p>\n<p>Ibi byangombwa by\u2019 ibanze, bimaze kuboneka urubyiruko rwatangiye gukorana umurava kuko rwifuzaga kwivana mu bwigunge n\u2019 ubukene.<\/p>\n<p>Ruvuga ko ikibazo gikomeye cyavutse nyuma yo kubona ko mu byo akarere kabagenera haburamo amafunguro dore ko guhinga bisaba imbaraga mu gihe Akarere ko katabyitagaho cyane.<\/p>\n<p>Umwe muri bo agira ati \u00ab muri twe hari abadafite imiryango, hari n\u2019abayifite ariko ikennye cyane, twarahinganaga tugataha saa munani tutanariye, namwe muri abantu murumva bwacya ukagaruka \u00bb.<\/p>\n<p>Bakomeza bavuga ko nta ruhare ruhagije bahawe mu gufata ibyemezo kuri uyu mushinga bari batangiye, bazi ko uzabateza imbere, ugezemo hagati uracumbagira.<\/p>\n<p>Ati \u00ab ryaba ari izina rya koperative, ubuyobozi, ibikoresho,\u2026 byose nibo badutekererezaga, baratekerezaga bakanatugenera, mbese nta saha ihamye yo gutangira no gutaha twagiraga, hari n\u2019igihe imodoka y\u2019akarere yazaga igasanga twasinziriye kuko twabaga dushonje, abandi bitahiye n\u2019amaguru \u00bb.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko imodoka yabavanaga ku karere, ikabageza ku murima, ikaza no kubacyura, ariko bakanenga akarere kuba karabakoresheje mu kavuyo.<\/p>\n<p>Ati \u00ab ubundi twagomba kuba tugeze mu murima bitarenze saa moya, ariko hari igihe twagendaga saa tatu izuba ryavuye, hakaba n\u2019igihe imodoka yaburaga tukitahira, mbese byari akavuyo, ni nako katumye umusaruro twari twiteze urushaho kubura, natwe ducika intege, turarindagira turatatana \u00bb.<\/p>\n<p>Ikindi banenga akarere, ni uko batangira ibiganiro by\u2019umushinga muri Gashyantare, bari bemeranyijwe ko hazajya hakorwa inama nyuma y\u2019amezi 3, ariko kuva icyo gihe kugeza ubu nta nama yongeye kuba.<\/p>\n<p> <strong>Ubuyobozi bw\u2019 Akarere bubivugaho iki ?<\/strong> <\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019 Urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nshimiyimana Jean Pierre, yatangarije Bwiza.com ko ibyo bakoze kwari ugushyigikira uru rubyiruko, kuko ari rwo rwagombaga kubigiramo inyungu ya mbere.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab Ntitwigeze duteganya kugaburira uru rubyiruko,  ariko na none uko iminsi igenda twabonaga bacika intege ndetse n\u2019 umubare ugenda ugabanuka .<\/p>\n<p>Mu ntangiriro abahingaga bari 27 ariko uko bwacyaga bagenda bagabanuka ndetse n\u2019 abasigaye hagahingamo imbarwa duhitamo gushaka abandi bantu bajya babafasha guhinga ndetse no gutera \u00bb.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko n\u2019ubwo ku ruhande rw\u2019 ubuyobozi batigeze bateganya kugaburira aba bantu kubera butari bubacumbikiye, ngo  bamwe muri rwo bagiye barangwa n\u2019 imyitwarire mibi irimo kunywa urumogi.<\/p>\n<p>Ati \u00ab  Twagiye kubasura tubatunguye turi kumwe na polisi dusanga mu bantu basaga 20, bane ari bo bahari, batubwira ko bagenzi babo bagiye \u00bb.<\/p>\n<p>Akomeza ashimangira ko Akarere karimo kuvugurura gahunda ku buryo uru rubyiruko rugiye gukorerwa ibyo rwifuza kugirango rurusheho gukora neza.<\/p>\n<p>Ati \u00ab Icyo kibazo cy\u2019 amafunguro, mutuweli n\u2019 inzu yo kubamo kugirango rwegere umurimo nibyo bimaze kwigwa hano ku Karere ndetse hakaba hasigaye ko bishyirwa mu ngiro \u00bb.<\/p>\n<p>Mu kiganiro twagiranye na Nshimiyimana yasoje adutangariza ko nubwo Akarere ka Kicukiro kakoresha imbaraga zishoboka zose mu gihe urubyiruko rutagize disipiline no kugira intego mu mikorere yarwo ntacyo rwakwigezaho.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Akarere ka Kicukiro kari kagize igitekerezo cyo gufasha urubyiruko rwavuye ku Kirwa cya Iwawa kugirango rubashe kwihangira umurimo ariko rurakanenga kuba kararukoresheje imirimo y\u2019ubuhinzi, katarugaburira, nta bwishingizi by\u2019umwihariko n\u2019ibyo bejeje ntihagire icyo birumarira. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo abasore bagera muri 50 batangiye ibiganiro njyanama n\u2019akarere, muri Gicurasi nibwo batangiye guhinga, beza imboga muri Nzeri, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8278","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Akarere ka Kicukiro kari kagize igitekerezo cyo gufasha urubyiruko rwavuye ku Kirwa cya Iwawa kugirango rubashe kwihangira umurimo ariko rurakanenga kuba kararukoresheje imirimo y\u2019ubuhinzi, katarugaburira, nta bwishingizi by\u2019umwihariko n\u2019ibyo bejeje ntihagire icyo birumarira. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo abasore bagera muri 50 batangiye ibiganiro njyanama n\u2019akarere, muri Gicurasi nibwo batangiye guhinga, beza imboga muri Nzeri, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-26T11:31:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:03:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje\",\"datePublished\":\"2017-11-26T11:31:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:03:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278\"},\"wordCount\":607,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278\",\"name\":\"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-26T11:31:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:03:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8278#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje - BWIZA","og_description":"Akarere ka Kicukiro kari kagize igitekerezo cyo gufasha urubyiruko rwavuye ku Kirwa cya Iwawa kugirango rubashe kwihangira umurimo ariko rurakanenga kuba kararukoresheje imirimo y\u2019ubuhinzi, katarugaburira, nta bwishingizi by\u2019umwihariko n\u2019ibyo bejeje ntihagire icyo birumarira. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo abasore bagera muri 50 batangiye ibiganiro njyanama n\u2019akarere, muri Gicurasi nibwo batangiye guhinga, beza imboga muri Nzeri, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-26T11:31:51+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:03:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje","datePublished":"2017-11-26T11:31:51+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:03:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278"},"wordCount":607,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8278#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278","name":"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-26T11:31:51+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:03:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8278"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8278#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw\u2019akarere bwarukoresheje rushonje"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8278","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8278"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8278\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8278"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8278"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8278"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}