{"id":8280,"date":"2017-11-26T12:41:30","date_gmt":"2017-11-26T12:41:30","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/26\/isesengura-kampala-na-paris-imijyi-ipangirwamo-urugamba-rwo-gutera-u-rwanda\/"},"modified":"2017-11-26T12:41:30","modified_gmt":"2017-11-26T12:41:30","slug":"isesengura-kampala-na-paris-imijyi-ipangirwamo-urugamba-rwo-gutera-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280","title":{"rendered":"Isesengura : Kampala na Paris,  imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Kuvuga ko imigambi yo gutera u Rwanda ikunze gupangirwa i Kampala muri Uganda ndetse n\u2019 i Paris mu Bufaransa, byashimangiwe ahanini n\u2019 umunyamakuru kandi umusesenguzi mu bya politiki, Albert Rudatsimburwa ubwo yari mu kiganiro \u00ab Mu bivugwa mu makuru \u00bb kuri Contact TV.<\/p>\n<p>Kuva jenoside yakorewe Abatutsi yaba muri 1994, benshi mu byakoze bahise bajya kwihisha mu Bufaransa ndetse banafatwa nk\u2019 amata y\u2019 abashyitsi muri icyo gihugu kuko bari bashyigikiwe na Leta ya Francois Mitterand wari inshuti magara ya Perezida Juvenal Habyarimana.<\/p>\n<p>Iyo ngingo ubwayo irahagije kugirango abanzi ba Leta y\u2019 u Rwanda babona uruvugiro ndetse n\u2019 uburyo bapanga imigambi yabo cyane cyane mu rwego rwa politiki.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-82777\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png\" alt=\"\" width=\"864\" height=\"482\" \/><\/a><\/p>\n<p>Albert Rudatsimburwa yagarutse ahanini ku nkuru yatangajwe na Chimpreports yavugaga ko hagati y\u2019 u Rwanda ya Uganda hari intambara y\u2019 ubutita \u00ab Cold War \u00bb.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p> <strong>Kuba intambara itavugwa hagati y\u2019 u Rwanda na Uganda ntacyo bikiza<\/strong> <\/p>\n<p>Rudatsimburwa yakomeje kuvuga ko ku ruhande rwe, nta ntambara y\u2019 ubutita ihari hagati y\u2019 ibihugu byombi ngo kuko ntabwo impande zombi zirabikomozaho.<\/p>\n<p>Ati \u00ab  Yego biravugwa mu magambo ariko ntabwo bikozwa n\u2019 imitwe y\u2019 intoki , hari n\u2019 igihe politiki ishobora kuba imyidagaduro(Entertainment) kuko Abayobora Uganda n\u2019 u Rwanda baraziranye kuva kera barakoranye cyane \u00bb.<\/p>\n<p>Abakurikiranira hafi politiki yo mu Karere muri rusange ndetse n\u2019 amateka ya politiki yagiye iranga ibihugu byombi basanga ahubwo ibihugu byombi bikwiriye kwicarana bigacoca ibibazo bihari.<\/p>\n<p>Byumvikane ko kuba bitavugwa ko hari umwuka mubi w\u2019 intambara hagati y\u2019 u Rwanda na Uganda bidakuraho ko yabaho cyane ko abayobora ibihugu byombi bahisemo kwinumira.<\/p>\n<p> <strong>Ingabo z\u2019 u Bufaransa mu gutoza UPDF kurwanira mu misozi<\/strong> <\/p>\n<p>Kuva mu Ukwakira 2015 nibwo Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yafunguye ku mugaragaro Ikigo ingabo z\u2019 u Bufaransa zitorezamo ingabo za Uganda intambara yo mu misozi miremire.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/FRANCAIS.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-82778\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/FRANCAIS.jpg\" alt=\"\" width=\"945\" height=\"760\" \/><\/a><\/p>\n<p>Na nyuma yaho kuwa 17 Kamena 2017, Ambasaderi w\u2019 u Bufaransa muri Uganda, Sophie Makame yajyanye na Perezida  Museveni mu gace ka  Rwenzori mu rwego rwo gusura icyiciro cya 3 cy\u2019 ingabo zateganyirijwe kurwanira mu misozi ifite ubukonje bukabije.<\/p>\n<p>Izi ngabo z\u2019 Abafaransa zitoza ingabo za UPDF zaturutse muri Djibouti ku cyicaro cyabo gikuru muri Afurika kiyobowe na Gen.Philippe Montocchio.<\/p>\n<p> <strong>Si ubwa mbere Abafaransa bahanganye n\u2019 Inkotanyi<\/strong> <\/p>\n<p>Kuva ingabo z\u2019 u Bufaransa zatabara ingabo za Habyarimana hagati ya 1990 na 1994 ntizigere ku ntego zari zihaye zo gufasha FAR mu gusubiza Inkontanyi i Bugande hajemo urwango karande.<\/p>\n<p>U Bufaransa nk\u2019 igihugu cy\u2019 igihangange kandi kizwiho gukora intwaro zikomeye cyari cyijeje ingabo za Habyarimana ko kizirukana Inkontanyi mu minsi ibarirwa ku ntoki ariko si uko byagenze kuko izi ngabo za RPF zihagazeho dore ko zari ziyobowe n\u2019 inararibonye ku ntambara.<\/p>\n<p>Kuba benshi mu bayobozi bakuru bari bagize umutwe w\u2019 ingabo za RPF\/Inkontanyi bari bararwanye mu ntambara zo kwibihora mu karere cyane cyane muri Mozambique, Uganda ndetse na Uganda byatumye Abafaransa bananirwa.<\/p>\n<p> <strong>U Rwanda rupfa iki na Uganda?<\/strong> <\/p>\n<p>Amateka agaragaza ko benshi mu basirikare bakuru ba  RPA  bahoze ari ingabo za NRA ya Kaguta Museveni ubwo yari mu ishyamba aharanira guhirika ubutegetsi bwa Obotte Na Idi Ami Dada.<\/p>\n<p>Uwavuga ko Museveni yafashije Inkontanyi gufata u Rwanda ntabwo yaba agiye kure y\u2019 ukuri ariko nabwo nawe atirengagije ko Abanyarwanda bagize uruhare rukomeye mu kumushyira ku butegetsi.<\/p>\n<p> <strong>Inzika hagati ya UPDF na RDF ikomoka i Kisangani<\/strong> <\/p>\n<p>Mbere y\u2019 uko ingabo z\u2019 u Rwanda zirwana n\u2019 ingabo za Uganda i Kisangani mu kiganiro cyatambutse kuri radiyo na televiziyo by\u2019igihugu, rwaragaragazaga impungenge z&#8217;uko igihugu cya Uganda ngo gishaka gufasha abarwanya Leta y&#8217;u Rwanda baturutse aho muri Congo.<\/p>\n<p>Icyo gihe  hari hashize ukwezi kumwe gusa  u Rwanda na none rubonye  indege y\u2019intasi y\u2019 igisirikare cya Uganda yaherukaga kuvogera ikirere cyarwo.<\/p>\n<p>Muri icyo gihe , u Rwanda rwahise rwihanangiriza igihugu cya Uganda ruvuga ko nirwongera kubona iyo ndege ruzayirasa.<\/p>\n<p>Iyo ndege ngo yaragaragajwe na radar ku buryo n\u2019 Amashusho yayo ngo yahawe abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, barimo n\u2019ambasaderi wa Uganda  ariko ikinyamakuru cya Leta ya Uganda, The New Vision, cyarayibeshyuje.<\/p>\n<p>Byaje kurangira  ingabo za Uganda zirwanira n\u2019iz\u2019u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ituri I Kisangani.<\/p>\n<p>Byaje kurangira UPDF ikwiriye imishwaro bamwe urugamba rubarenze batangira kwiyahura mu ruzi rwa Fleuve Congo banga kwicwa n\u2019 ingabo z\u2019 u Rwanda.<\/p>\n<p>Uko bimeze kose ntawakwemeza ko ingabo za Uganda zibagiwe icyo zaboneye i Kisangani bitewe nibyo bakorewe nabo bitaga abana batoje ibya gisirikare.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Itangishatse Theo &#038; Suleiman Hakiza\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuvuga ko imigambi yo gutera u Rwanda ikunze gupangirwa i Kampala muri Uganda ndetse n\u2019 i Paris mu Bufaransa, byashimangiwe ahanini n\u2019 umunyamakuru kandi umusesenguzi mu bya politiki, Albert Rudatsimburwa ubwo yari mu kiganiro \u00ab Mu bivugwa mu makuru \u00bb kuri Contact TV. Kuva jenoside yakorewe Abatutsi yaba muri 1994, benshi mu byakoze bahise bajya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-8280","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuvuga ko imigambi yo gutera u Rwanda ikunze gupangirwa i Kampala muri Uganda ndetse n\u2019 i Paris mu Bufaransa, byashimangiwe ahanini n\u2019 umunyamakuru kandi umusesenguzi mu bya politiki, Albert Rudatsimburwa ubwo yari mu kiganiro \u00ab Mu bivugwa mu makuru \u00bb kuri Contact TV. Kuva jenoside yakorewe Abatutsi yaba muri 1994, benshi mu byakoze bahise bajya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-26T12:41:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda\",\"datePublished\":\"2017-11-26T12:41:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280\"},\"wordCount\":730,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280\",\"name\":\"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png\",\"datePublished\":\"2017-11-26T12:41:30+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/11\\\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8280#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda - BWIZA","og_description":"Kuvuga ko imigambi yo gutera u Rwanda ikunze gupangirwa i Kampala muri Uganda ndetse n\u2019 i Paris mu Bufaransa, byashimangiwe ahanini n\u2019 umunyamakuru kandi umusesenguzi mu bya politiki, Albert Rudatsimburwa ubwo yari mu kiganiro \u00ab Mu bivugwa mu makuru \u00bb kuri Contact TV. Kuva jenoside yakorewe Abatutsi yaba muri 1994, benshi mu byakoze bahise bajya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-26T12:41:30+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda","datePublished":"2017-11-26T12:41:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280"},"wordCount":730,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280","name":"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png","datePublished":"2017-11-26T12:41:30+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8280"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/11\/vlcsnap-2017-11-26-12h29m59s577.png"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8280#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8280","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8280"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8280\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8280"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8280"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8280"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}