{"id":8287,"date":"2017-11-27T10:54:44","date_gmt":"2017-11-27T10:54:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/11\/27\/opozisiyo-yakemanze-icyemezo-cya-leta-y-u-rwanda-mu-kwakira-impunzi-za-libiya\/"},"modified":"2025-02-12T15:02:59","modified_gmt":"2025-02-12T13:02:59","slug":"opozisiyo-yakemanze-icyemezo-cya-leta-y-u-rwanda-mu-kwakira-impunzi-za-libiya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287","title":{"rendered":"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nyuma yaho Leta y\u2019 u Rwanda yiyemeje kwakira abirabura bari bafahwe bugwate ndetse bucakara muri Libiya, abayirwanya barimo n&#8217;abavugira mu bihugu by\u2019 amahanga bakomeje  kuvuga ko u Rwanda rudafite ubushobozi bwo kwakira ibyo bihumbi by\u2019 impunzi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ku ruhande rwa opozisiyo ivuga ko itewe  impungenge no kuba u Rwanda ruri mu biganiro na Israel ndetse n&#8217;Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) ngo  ruzakire abirabura baba muri iki gihugu  na Libiya bakabakaba ibihumbi 40.<\/p>\n<p> <strong>Opozisiyo ibibona gute?<\/strong>  <strong> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu itangazo ryagenewe itangazamakuru ryo kuwa 24 Ugushyingo 2017, Perezida wa Democratical Green Party, Dr Frank Habineza yabanjije kwamagana mu ngingo 5 ubugizi bwa nabi buri gukorerwa ikiremwamuntu muri Libiya ariko anahamagarira umuryango mpuzamahanga guhaguruka no kurwanya ubwo bucakara.<\/p>\n<p>Ariko kandi yagize ati &#8220;Nubwo u Rwanda rufite ubushake bwiza bwo gutabara ntirugomba kwishingira  kwakira abantu bose birukanywe hirya no hino  mu gihe rutazi uburyo bahageze\u201d.<\/p>\n<p>Aba batavuga rumwe na Leta y\u2019 u Rwanda kandi bakomeje  gushimangira ko nubwo Leta y\u2019 u Rwanda ifite ubushake bwo kwakira aba birabura nta bushobozi rufite buhagije.<\/p>\n<p>Bahereye ku buso buto bw\u2019 u Rwanda ndetse banashingiye ku bucukike bw\u2019 abantu, aho basanga ku kilometerokare kimwe gusa hatuye abantu 460 bitumvikana uburyo Leta yakwifuza kongeraho abandi bantu.<\/p>\n<p>Abatavuga rumwe n\u2019 ubutegetsi basanga rero Leta y\u2019 u Rwanda ikwiriye kubanza kugirana ibiganiro n\u2019 ibindi b\u2019 ibihugu bya Afurika kugirango izo mpunzi zitaza guhura n\u2019 ingaruka zikomeye zirusha izo zahunze.<\/p>\n<p> <strong>Leta y\u2019 u Rwanda yiyemeje iki?<\/strong> <\/p>\n<p>Ku ruhande rw\u2019 u Rwanda, byemejwe na Minisitiri w\u2019 Ububanyi n\u2019 Amahanga w\u2019 u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yavuze ko u Rwanda n\u2019Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) bari mu biganiro biganisha ku kwakira abimukira bagera ku bihumbi 30.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo kumara abatari bacye impungenge, Mushikiwabo yagize ati\u201d Buri gihugu ubundi kigira ingengo y\u2019imari igenerwa ibikorwa biza bitarateguwe, ariko tuzi ko hari amafaranga ahari dushobora gukusanya kubera ikintu nk\u2019iki. Tuzi ko hari n\u2019Abanyarwanda bashimishwa no gufasha. Ni ikibazo cyo kubitegura gusa.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje atangariza New times ko Ikiguzi bizasaba n\u2019uburyo bizakorwamo ari byo bikiganirwaho, Kuri Libya, avuga ko nubwo u Rwanda rudafite ubutunzi buhambaye, rwiyemeje gutanga ubufasha mu gusubiza iwabo abimukira babyifuza no kwakira abadashaka gusubirayo<\/p>\n<p>Yanongeyeho kandi ko u  Rwanda ngo rutiteguye kwakira abimukira 400, 000 bose, ariko ngo ruzatanga umusanzu ushoboka.<\/p>\n<p>Benshi muri aba birabura bagiye kwimurirwa mu Rwanda bageze muri Isiraheli mu buryo butemewe n\u2019 amategeko hagati ya 2006 na 2012, baturutse mu bihugu bya \u00e0\u2030rythr\u00e9e na Soudan bahuze ibihugu byabo kubere ibibazo by\u2019 ubukungu,&#8230;<\/p>\n<p>Gusa kugeza magingo aya, Leta ya Isiraheli n&#8217;u Rwanda bikaba bikiri mu biganiro, Isiraheli ikaba yemereye u Rwanda ko  yageneye umwirabura umwe  uzoherezwa ku butaka bwarwo amadorali y\u2019 amanyamerika ibihumbi 5 yo kumutunga.<\/p>\n<p>Umubare munini w\u2019 aba bimukira baba muri Isiraheli, wabaga mu nkambi ya Holot, Leta ikaba ishaka kuyifunga, amafaranga yabatangagaho agera kuri miliyoni 68 z&#8217;amadorali ya Amarika ku mwaka, ikazikoresha mu kubimura.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yaho Leta y\u2019 u Rwanda yiyemeje kwakira abirabura bari bafahwe bugwate ndetse bucakara muri Libiya, abayirwanya barimo n&#8217;abavugira mu bihugu by\u2019 amahanga bakomeje kuvuga ko u Rwanda rudafite ubushobozi bwo kwakira ibyo bihumbi by\u2019 impunzi. Ku ruhande rwa opozisiyo ivuga ko itewe impungenge no kuba u Rwanda ruri mu biganiro na Israel ndetse n&#8217;Umuryango [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8287","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma yaho Leta y\u2019 u Rwanda yiyemeje kwakira abirabura bari bafahwe bugwate ndetse bucakara muri Libiya, abayirwanya barimo n&#8217;abavugira mu bihugu by\u2019 amahanga bakomeje kuvuga ko u Rwanda rudafite ubushobozi bwo kwakira ibyo bihumbi by\u2019 impunzi. Ku ruhande rwa opozisiyo ivuga ko itewe impungenge no kuba u Rwanda ruri mu biganiro na Israel ndetse n&#8217;Umuryango [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-11-27T10:54:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:02:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli\",\"datePublished\":\"2017-11-27T10:54:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:02:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287\"},\"wordCount\":494,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287\",\"name\":\"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-11-27T10:54:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:02:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8287#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli - BWIZA","og_description":"Nyuma yaho Leta y\u2019 u Rwanda yiyemeje kwakira abirabura bari bafahwe bugwate ndetse bucakara muri Libiya, abayirwanya barimo n&#8217;abavugira mu bihugu by\u2019 amahanga bakomeje kuvuga ko u Rwanda rudafite ubushobozi bwo kwakira ibyo bihumbi by\u2019 impunzi. Ku ruhande rwa opozisiyo ivuga ko itewe impungenge no kuba u Rwanda ruri mu biganiro na Israel ndetse n&#8217;Umuryango [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-11-27T10:54:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:02:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli","datePublished":"2017-11-27T10:54:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:02:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287"},"wordCount":494,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8287#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287","name":"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-11-27T10:54:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:02:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8287"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8287#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y\u2019 u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8287","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8287"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8287\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8287"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8287"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8287"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}