{"id":829,"date":"2016-02-27T07:39:23","date_gmt":"2016-02-27T07:39:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/27\/abapolisikazi-basabwe-kuba-intangarugero-ndetse-bakitanga-uko-bikwiye\/"},"modified":"2025-02-12T22:19:19","modified_gmt":"2025-02-12T20:19:19","slug":"abapolisikazi-basabwe-kuba-intangarugero-ndetse-bakitanga-uko-bikwiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829","title":{"rendered":"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Gashyantare 2016, i Kigali hateraniye ihuriro ngarukamwaka ry\u2019abapolisikazi bagera kuri 700, rikaba ririmo kwibanda ku guha ubushobozi abapolisikazi  ndetse no guteza imbere ubumenyi bwabo mu nzego zose aho basabwe kitanga mu kazi kabo ndetse bakaba intangarugero mu kurungera abahohotewe.<br \/>\nPolisi y\u2019u Rwanda ikaba yaratangiye gukoresha amahuriro nk&#8217;aya  mu myaka 6 ishize, rikaba muri rusange riba rigamije guha abapolisikazi umwanya wo kungurana   ibitekerezo n\u2019ubunararibonye ndetse no guhererwa  hamwe impanuro n\u2019ubuyobozi bwa Polisi y\u2019u Rwanda, n\u2019ubw\u2019Igihugu uri rusange.<br \/>\nMu muhango wo gufungura iri huriro, Minisitiri w\u2019Umutekano mu gihugu, Sheikh Musa Fazil Harerimana, akaba n\u2019umushyitsi mukuru muri uyu muhango, yasabye abapolisikazi kuba intangarugero na ba ambasaderi b\u2019abanyarwandakazi mu murimo bakora ngo nabo bitabire kwinjira mu murimo wo gucunga umutekano.<br \/>\nSheikh Harerimana yagize ati:\u201dMugomba kuba bandebereho mu murimo mukora, nimwe muri mu mwanya mwiza wo gufasha no gutabara abahohotewe, baba abana n\u2019abagore, murasabwa kwitanga rero ngo izo nshingano zose zigerweho kuko nazo ari ishingiro ry\u2019iterambere ry\u2019Igihugu cyacu.\u201d<br \/>\nYarangije ashimira abafatanyabikorwa ba Polisi kuri gahunda nyinshi ziteza imbere abagore bakomeje gufatanya na Polisi y\u2019u Rwanda na Leta muri rusange ngo ihame ry\u2019uburinganire ryubahirizwe, anasaba ko iri huriro ryazanaba iryo gucyahana aho biri ngombwa hagati y\u2019abapolisikazi.<br \/>\nAganira n\u2019itangazamakuru, Minisitiri w\u2019Uburinganire no guteza imbere umuryango nawe wari muri iri huriro, yashimye uruhare rw\u2019ihuriro   ry\u2019abapolisikazi kuva ryatangira kubaho,  mu guteza imbere ihame ry\u2019uburinganire. Yashimye kandi umusanzu w\u2019abapolisikazi mu gushaka amahoro haba mu miryango yabo, mu kazi ndetse no hanze y\u2019u Rwanda.<br \/>\nUmuyobozi mukuru wa Polisi y\u2019u Rwanda, IGP Emmanuel K. Gasana mu ijambo  yagejeje ku nteko y\u2019abapolisikazi , yashimye imyitwarire myiza  bagaragaza mu kazi kabo kandi abashishikariza guhora bongera ubumenyi  nk\u2019uko bakomeje kugaragara mu kazi gatandukanye ubundi kari karahariwe abagabo. Urugero ni nk\u2019aho abapolisikazi bakanika bakanatwara indege cyangwa imodoka z\u2019ubwoko bwose, ibifaru, ubwubatsi n\u2019ibindi, anabasaba gukomeza kurangwa n\u2019indangagaciro za gipolisi n\u2019iz\u2019ubunyarwanda.<br \/>\nIGP Gasana kandi yijeje ko urwego ayoboye ruzakomeza kwita kuri gahunda  ziteza imbere abapolisikazi no guteza imbere ihame ry\u2019uburinganire.<br \/>\nBwana Steven Rodriguez, wari uhagarariye One UN mu Rwanda, ikaba n\u2019umwe mu bafatanyabikorwa ba Polisi y\u2019u Rwanda,  yashimye  Polisi y\u2019u Rwanda uburyo iteza imbere ihame ry\u2019uburinganire ibicishije mu kigo Isange One Stop Center ndetse n\u2019uburyo gahunda ya kominiti polisingi iteye imbere.<br \/>\nIhuriro ry\u2019abapolisikazi ni urubuga bahuriramo kandi baboneramo umwanya wo kurebera hamwe ibyo bagezeho  nk\u2019abapolisikazi, bagafatiramo ingamba zo kubisigasira n\u2019izo guteza imbere imikorere ngo haterwe intambwe yisumbuye kuyo bariho, rikaba mubyo ryiyemeje, harimo gufata iya mbere mu kurwanya ibyaha by\u2019ihohotera rikorerwa abana, irishingiye ku gitsina, icuruzwa ry\u2019abantu, ikoreshwa ry\u2019ibiyobyabwenge, ruswa n\u2019ibindi mu muryango nyarwanda.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Gashyantare 2016, i Kigali hateraniye ihuriro ngarukamwaka ry\u2019abapolisikazi bagera kuri 700, rikaba ririmo kwibanda ku guha ubushobozi abapolisikazi ndetse no guteza imbere ubumenyi bwabo mu nzego zose aho basabwe kitanga mu kazi kabo ndetse bakaba intangarugero mu kurungera abahohotewe. Polisi y\u2019u Rwanda ikaba yaratangiye gukoresha amahuriro nk&#8217;aya mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-829","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=829\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Gashyantare 2016, i Kigali hateraniye ihuriro ngarukamwaka ry\u2019abapolisikazi bagera kuri 700, rikaba ririmo kwibanda ku guha ubushobozi abapolisikazi ndetse no guteza imbere ubumenyi bwabo mu nzego zose aho basabwe kitanga mu kazi kabo ndetse bakaba intangarugero mu kurungera abahohotewe. Polisi y\u2019u Rwanda ikaba yaratangiye gukoresha amahuriro nk&#8217;aya mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=829\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-27T07:39:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T20:19:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye\",\"datePublished\":\"2016-02-27T07:39:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:19:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829\"},\"wordCount\":478,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829\",\"name\":\"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-02-27T07:39:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:19:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=829#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Gashyantare 2016, i Kigali hateraniye ihuriro ngarukamwaka ry\u2019abapolisikazi bagera kuri 700, rikaba ririmo kwibanda ku guha ubushobozi abapolisikazi ndetse no guteza imbere ubumenyi bwabo mu nzego zose aho basabwe kitanga mu kazi kabo ndetse bakaba intangarugero mu kurungera abahohotewe. Polisi y\u2019u Rwanda ikaba yaratangiye gukoresha amahuriro nk&#8217;aya mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-27T07:39:23+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T20:19:19+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye","datePublished":"2016-02-27T07:39:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:19:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829"},"wordCount":478,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=829#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829","name":"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-02-27T07:39:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:19:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=829"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=829#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/829","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=829"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/829\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=829"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=829"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=829"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}