{"id":8381,"date":"2017-12-04T12:19:41","date_gmt":"2017-12-04T12:19:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/04\/uganda-abanyarwanda-barimo-gutabwa-muri-yombi-bitwa-intasi\/"},"modified":"2025-02-12T15:02:09","modified_gmt":"2025-02-12T13:02:09","slug":"uganda-abanyarwanda-barimo-gutabwa-muri-yombi-bitwa-intasi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381","title":{"rendered":"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe havugwa umwuka mubi wa politiki ndetse n\u2019 intambara y\u2019 ubutita hagati y\u2019 u Rwanda na Uganda, biravugwa ko Abanyarwanda bakomeje gutabwa muri yombi bagafungirwa  mu magereza atandukanye mu gihugu cya Uganda, bamwe bashinjwa kuba intasi z&#8217;u Rwanda.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Aya makuru  yemeza kandi ko aba banyarwanda babarizwa mu magereza makuru yo muri iki gihugu, abenshi bagiyeyo ku bw\u2019 impamvu zo gushakisha imibereho ndetse n\u2019 abandi bajyayo bagiye gusura inshuti n\u2019 abavandimwe babo.<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri Bwiza.com, ni uko Abanyarwanda bagera kuri 350 bafungiye muri Gereza ya Kisoro, 420 bari muri Gereza ya Kabale naho muri Gereza Nkuru y\u2019 i Kampala ahitwa i Ruziri hafungiye abanyarwanda 180.<\/p>\n<p>Benshi muri aba banyarwanda bafungiye muri Uganda bagiyeyo mu buryo burimo ubujiji kuko iyo bambukaga umupaka bageze ku ruhande rwa Uganda ngo bahabwaga uruhushya (jeto) rw\u2019 umunsi umwe mu gihe bifuzaga nk\u2019 amezi abiri cyangwa se atatu bitewe no kutamenya gusoma ntibabimenye.<\/p>\n<p>Ibi byabaye ahanini ku bafite indangamuntu zabo nk\u2019 uko biteganywa n\u2019 itegeko ryo gukoresha indangamuntu imwe ku banyarwanda , abanyakenya ndetse n\u2019 abanya uganda.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Aba banyarwanda bafunze bagiye bafatirwa hafi cyane ku mabariyeri ya Kisoro aho bita i Nyakabande, bariyeri ya Virunga  ndetse n\u2019 abandi bagiraga amahirwe yo kurenga aya  mabariyeri ari mu duce twegeranye n\u2019 imipaka y\u2019 u Rwanda na Uganda bagiye bafatirwa mu mikwabu  i Kampala.<\/p>\n<p>Nyuma yo gufatwa n\u2019 abapolisi, aba banyarwanda bagiye bashyirikizwa inkiko benshi muri bo  barakatirwa igifungo kiri hagari y\u2019  umwaka umwe n\u2019 ibiri.<\/p>\n<p>Ibi byemezwa na Habimana Fautsin w\u2019 imyaka 27 y\u2019 amavuko ukomoka mu Karere ka Rulindo uvuga uburyo yagiye gusura inshuti ye agafatirwa i Kampala.<\/p>\n<p>Mu kiganiro na Bwiza.com kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Ukuboza 2017, Habimana yavuze ko yagiye gusura inshuti ye ituye ahantu hitwa Bombo ageze  muri gare i Kampala atabwa muri yombi.<\/p>\n<p>Ati\u201d Nta cyambabaje nko kubona naravuye ku mupaka nsabye ko bampa amezi 3 nizera ko babinkoreye ariko ngeze mu mujyi wa Kampala nahamaze iminsi ine gusa ubwo nateganyaga gukomeza njya i Bombo nibwo nafashwe ndafungwa banziza ko narengeje iminsi\u201d.<\/p>\n<p>Akomeze avuga ko yaciye mu nzira y\u2019 umusaraba ngo kuko yafungiwe ahantu habi, afatwa nabi ndetse bakajya banamwita ko ari intasi y\u2019 u Rwanda.<\/p>\n<p>Ati\u201d Kugirango mfungurwe ni uko nabonye uburyo mpamagara mu rugo iwacu muri Rulindo, mukuru wanjye yagurishije umurima wanjye bityo aza kundekuza  atanze miyoni 2 z\u2019 amashilingi \u00bb.<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo, Habimana yakomeje avuga ko yari afunganywe n\u2019 abandi banyarwanda benshi bambutse mu buryo bumwe ariko ko harimo n\u2019 abandi batagiraga ibyangombwa.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ati &#8220;Miliyoni 2 z\u2019 amashilingi niyo natanze kugirango ndekurwe ariko abacungagereza n\u2019 abapolisi nabo nabahaye ibihumbi Magana 2 y\u2019 amashilingi kugirango bangeze ku mupaka.<\/p>\n<p>Benshi muri aba banyarwanda bafungiye mu magereza yo muri Uganda n\u2019 abakomoka mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Gakenge , Rulindo ndetse na Gicumbi.<\/p>\n<p>Si abo gusa kuko binavugwa ko harimo n\u2019 abamotari bahisemo kujya gukorera muri Uganda bikarangira batawe muri yombi baryozwa ibyangombwa bibemerera gukorera muri Uganda(Work Permits).<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe havugwa umwuka mubi wa politiki ndetse n\u2019 intambara y\u2019 ubutita hagati y\u2019 u Rwanda na Uganda, biravugwa ko Abanyarwanda bakomeje gutabwa muri yombi bagafungirwa mu magereza atandukanye mu gihugu cya Uganda, bamwe bashinjwa kuba intasi z&#8217;u Rwanda. Aya makuru yemeza kandi ko aba banyarwanda babarizwa mu magereza makuru yo muri iki gihugu, abenshi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8381","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe havugwa umwuka mubi wa politiki ndetse n\u2019 intambara y\u2019 ubutita hagati y\u2019 u Rwanda na Uganda, biravugwa ko Abanyarwanda bakomeje gutabwa muri yombi bagafungirwa mu magereza atandukanye mu gihugu cya Uganda, bamwe bashinjwa kuba intasi z&#8217;u Rwanda. Aya makuru yemeza kandi ko aba banyarwanda babarizwa mu magereza makuru yo muri iki gihugu, abenshi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-04T12:19:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:02:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi\",\"datePublished\":\"2017-12-04T12:19:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:02:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381\"},\"wordCount\":502,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381\",\"name\":\"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-04T12:19:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:02:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8381#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi - BWIZA","og_description":"Mu gihe havugwa umwuka mubi wa politiki ndetse n\u2019 intambara y\u2019 ubutita hagati y\u2019 u Rwanda na Uganda, biravugwa ko Abanyarwanda bakomeje gutabwa muri yombi bagafungirwa mu magereza atandukanye mu gihugu cya Uganda, bamwe bashinjwa kuba intasi z&#8217;u Rwanda. Aya makuru yemeza kandi ko aba banyarwanda babarizwa mu magereza makuru yo muri iki gihugu, abenshi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-04T12:19:41+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:02:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi","datePublished":"2017-12-04T12:19:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:02:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381"},"wordCount":502,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8381#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381","name":"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-04T12:19:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:02:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8381"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8381#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8381","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8381"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8381\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8381"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8381"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8381"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}