{"id":8393,"date":"2017-12-05T10:22:57","date_gmt":"2017-12-05T10:22:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/05\/rnc-yikomye-ikinyamakuru-cyatangaje-ko-yatangiye-gukusanya-abazatera-u-rwanda\/"},"modified":"2025-02-12T15:02:04","modified_gmt":"2025-02-12T13:02:04","slug":"rnc-yikomye-ikinyamakuru-cyatangaje-ko-yatangiye-gukusanya-abazatera-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393","title":{"rendered":"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje  ko yatangiye gukusanya abazatera  u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ihuriro RNC rigizwe na bamwe mu bahoze ari abayobozi bakuru muri Leta y\u2019 u Rwanda bakaza guhunga,  ryikomye ikinyamakuru The Standard gikorera i Nairobi nyuma yo gutangaza ko iri huriro<\/em> <\/strong>   <strong> <em>riri mu bikorwa byo gushakisha abarwanyi bazatera u Rwanda.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Imaze kuvugwaho gushakisha urubyiruko rw\u2019 Abanyarwanda ruri mu nkambi z\u2019 impunzi muri Uganda, RNC<br \/>\nibicishije mu itangazo rusange ryagenewe itangazamakuru ku itariki ya 3 Ukuboza 2017, rikaba rinagaragara ku binyamakuru bitandukanye,<br \/>\nnayo yahise ihakana ibyo bikorwa ndetse inavuga ko itabifitemo uruhare.<\/p>\n<p>Muri iri tangazo RNC yasabye Inama Nkuru y\u2019 Ubwanditsi bwa The Standard kwandika indi nkuru ivuguruza iya mbere yavugaga ko iri huriro riri mu bikorwa byo kujyana insoresore mu myitozo ya gisirikare hagamijwe gutera u Rwanda no guhirika Leta iriho.<\/p>\n<p>Iyi nkuru ya The Standard yashimangiraga ko RNC yatangiye gushakisha urubyiruko   mu nkambi z\u2019impunzi muri Uganda, bikaba bikorwa inzego z\u2019ubutasi z\u2019iki gihugu zibizi kandi zibihagarikiye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>The Stadard yakomeje ivuga ko izi nkambi ziri gukurwamo aba bazategurwa guhungabanya umutekano, zibarizwamo abanyarwanda banze gutaha mu rwababyaye, ko abenshi bafite ibyaha bikekaho baba barakoze mu gihe bari mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ibi birimo kuba mu gihe Ishami ry\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR, ryatangaje ko sitati y\u2019ubuhunzi ku Banyarwanda, izaba yarangiranye n\u2019itariki ya 31 Ukuboza 2017.<\/p>\n<p>Iki kinyamakuru  kandi cyatangaje ko gifite amakuru yizewe aturuka ku bazi iby\u2019uwo mugambi, aho ngo mu mpera z\u2019 icyumweru gishize,  abantu bo muri RNC baherekejwe n\u2019abo mu Rwego rw\u2019Ubutasi bwa Gisirikare muri Uganda, Chieftaincy of Military Intelligence, (CMI) bajya mu nkambi ya Nyakivale, bakangurira urubyiruko ku mugaragaro kujya muri uwo mutwe.<\/p>\n<p>The Standard yemeje kandi ko Umunyamakuru wayo  yasuye iyo nkambi y\u2019impunzi zimuhamiriza ko abayobozi biriwe umunsi wose barebamo abakiri bato, bababaza imyirondoro yabo; amazina n\u2019imyaka yabo ndetse babizeza ko bazagaruka.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ibi bikomeje kuvugwa mu gihe ibinyamakuru bitandukanye cyane cyane ibyo muri Uganda bimaze igihe byandika inkuru zivuga ko umubano w\u2019u Rwanda na Uganda udahagaze neza.<\/p>\n<p>Ihuriro RNC rikorera hanze y\u2019u Rwanda, ryashinzwe na bamwe mu bahoze ari abayobozi bakomeye mu Rwanda, barimo Col Karegeya Patrick, Rudasingwa Theogene, Gen Kayumba Nyamwasa ubu unariyoboye ndetse n\u2019abandi batandukanye, iri huriro Leta y\u2019u Rwanda ikaba irifata nk\u2019iryiterabwoba.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Suleiman Hakiza\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ihuriro RNC rigizwe na bamwe mu bahoze ari abayobozi bakuru muri Leta y\u2019 u Rwanda bakaza guhunga, ryikomye ikinyamakuru The Standard gikorera i Nairobi nyuma yo gutangaza ko iri huriro riri mu bikorwa byo gushakisha abarwanyi bazatera u Rwanda. Imaze kuvugwaho gushakisha urubyiruko rw\u2019 Abanyarwanda ruri mu nkambi z\u2019 impunzi muri Uganda, RNC ibicishije mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8393","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ihuriro RNC rigizwe na bamwe mu bahoze ari abayobozi bakuru muri Leta y\u2019 u Rwanda bakaza guhunga, ryikomye ikinyamakuru The Standard gikorera i Nairobi nyuma yo gutangaza ko iri huriro riri mu bikorwa byo gushakisha abarwanyi bazatera u Rwanda. Imaze kuvugwaho gushakisha urubyiruko rw\u2019 Abanyarwanda ruri mu nkambi z\u2019 impunzi muri Uganda, RNC ibicishije mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-05T10:22:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:02:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda\",\"datePublished\":\"2017-12-05T10:22:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:02:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393\"},\"wordCount\":391,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393\",\"name\":\"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-05T10:22:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:02:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8393#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda - BWIZA","og_description":"Ihuriro RNC rigizwe na bamwe mu bahoze ari abayobozi bakuru muri Leta y\u2019 u Rwanda bakaza guhunga, ryikomye ikinyamakuru The Standard gikorera i Nairobi nyuma yo gutangaza ko iri huriro riri mu bikorwa byo gushakisha abarwanyi bazatera u Rwanda. Imaze kuvugwaho gushakisha urubyiruko rw\u2019 Abanyarwanda ruri mu nkambi z\u2019 impunzi muri Uganda, RNC ibicishije mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-05T10:22:57+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:02:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda","datePublished":"2017-12-05T10:22:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:02:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393"},"wordCount":391,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8393#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393","name":"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-05T10:22:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:02:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8393"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8393#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8393","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8393"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8393\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8393"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8393"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8393"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}