{"id":8405,"date":"2017-12-06T09:25:25","date_gmt":"2017-12-06T09:25:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/06\/israel-abanyafurika-bimwe-ubuhungiro-baratangira-kugezwa-mu-rwanda-vuba\/"},"modified":"2017-12-06T09:25:25","modified_gmt":"2017-12-06T09:25:25","slug":"israel-abanyafurika-bimwe-ubuhungiro-baratangira-kugezwa-mu-rwanda-vuba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405","title":{"rendered":"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba"},"content":{"rendered":"<p>Ibiro by\u2019Umushinjacyaha wa leta ya Israel kuri uyu wa kabiri, itariki 05 Ugushyingo, byatangarije Urukiko Rukuru rw\u2019Ubutabera ko igikorwa cyo kwimura abaturage bo mu bihugu bya Afurika, bamaze igihe bashaka ubuhungiro muri iki gihugu, bimurirwa mu Rwanda no muri Uganda, kigiye gutangira vuba.<\/p>\n<p>Guverinoma ya Israel ikaba iteganya gusubiza muri Afurika abashakaga ubuhungiro muri iki gihugu bakomoka muri Eritrea no muri Sudani mu byumweru bikeya biri imbere nk\u2019uko Shosh Shmueli wo mu biro by\u2019umushinjacyaha wa leta yabitangarije Urukiko Rukuru rw\u2019Ubutabera mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uyu mugabo akaba yatangaje ko guverinoma y\u2019igihugu cye yiteguye gushyira mu bikorwa amasezerano yashyizweho umukono, avuga amasezerano yashyizweho umukono n\u2019ibihugu by\u2019u Rwanda na Uganda ariko atavuze amazina. Perezida w\u2019urukiko, Esther hayut abajije igihe ibyo bizakorerwa, yamusubije mu magambo macye ati: \u201c <em>Vuba cyane<\/em> \u201d, ariko yongeraho ko atazi neza itariki.<\/p>\n<p>Undi yahise amubaza ati: \u201c <em>vuba gute<\/em> ?\u201d, maze Shmueli ati: \u201c <em>Ibyumweru<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Haaretz cyo muri Israel iravuga ko kumva iki kibazo mu rukiko byari mu rwego rw\u2019ubusabe bwatanzwe n\u2019amatsinda y\u2019abaharanira uburenganzira bwa muntu bwamagana itegeko risaba abashaka ubuhungiro muri Israel gutanga 20% by\u2019ibyo binjiza bigashyirwa kuri konti bagomba kuzemererwa gukoraho igihe bavuye muri Israel gusa. Iki kikaba kikiri kugwaho n\u2019akanama k\u2019abacamanza 7 bakuriwe na Hayut.<\/p>\n<p>Abamagana iri tegeko, ryatangiye gukurikizwa mu mezi arindwi ashize, bavuga ko rishora impunzi nyinshi mu bukene n\u2019akababaro kandi rikaba rihonyora uburenganzira bw\u2019ibanze bwa muntu. Guverinoma ya Israel yo ikaba yamagana ibi bivugwa ivuga ko ari bumwe mu buryo bwo gushishikariza abanya-Eritrea na Sudani uva muri Israel.<\/p>\n<p>Iyi nkuru irakomeza ishimangira ko iki cyemezo cyo gusubiza muri Afurika impunzi zishaka ubuhungiro muri Israel kireba Abanya-Eritrea n\u2019Abanya-Sudani gusa (hatarimo abo muri Darfur) binjiye muri Israel mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko kandi batemerwa na guverinoma nk\u2019abashaka ubuhungiro cyangwa abo ubusabe bwabo bw\u2019ubuhungiro bwanzwe. Abakiri mu nzira zo gushaka ibyangombwa by\u2019ubuhunzi bo bashobora kudasubizwa muri Afurika.<\/p>\n<p>Muri gahunda leta ya Israel ifite, harimo gufunga ikigo cya Holot giherereye Negev cyafungirwagamo aba bashaka ubuhungiro. Gufungwa kwacyo ariko ngo kuzajyana n\u2019umubare munini w\u2019abazasubizwa muri Afurika. Ikigamijwe ngo kikaba ari uguha abasaba ubuhungiro amahitamo yo kuva muri Israel ku bushake bakajya mu Rwanda cyangwa muri Uganda, cyangwa se bagafungwa igihe kitazwi.<\/p>\n<p>Mu byumweru bibiri bishize nibwo ngo Minisitiri w\u2019Intebe wa Israel yumvikanye n\u2019u Rwanda ku mpinduka ku masezerano ibihugu byombi byari byagiranye. Izo mpinduka zikaba zivuga ko u Rwanda rushobora kwakira abashakaga ubuhungiro birukanwe, n\u2019iyo byaba bitari mu bushake bwabo mu gihe mu masezerano ya mbere u Rwanda rutemeraga kwakira abazirukanwa ku ngufu.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibiro by\u2019Umushinjacyaha wa leta ya Israel kuri uyu wa kabiri, itariki 05 Ugushyingo, byatangarije Urukiko Rukuru rw\u2019Ubutabera ko igikorwa cyo kwimura abaturage bo mu bihugu bya Afurika, bamaze igihe bashaka ubuhungiro muri iki gihugu, bimurirwa mu Rwanda no muri Uganda, kigiye gutangira vuba. Guverinoma ya Israel ikaba iteganya gusubiza muri Afurika abashakaga ubuhungiro muri iki [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-8405","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ibiro by\u2019Umushinjacyaha wa leta ya Israel kuri uyu wa kabiri, itariki 05 Ugushyingo, byatangarije Urukiko Rukuru rw\u2019Ubutabera ko igikorwa cyo kwimura abaturage bo mu bihugu bya Afurika, bamaze igihe bashaka ubuhungiro muri iki gihugu, bimurirwa mu Rwanda no muri Uganda, kigiye gutangira vuba. Guverinoma ya Israel ikaba iteganya gusubiza muri Afurika abashakaga ubuhungiro muri iki [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-06T09:25:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba\",\"datePublished\":\"2017-12-06T09:25:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405\"},\"wordCount\":460,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405\",\"name\":\"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-06T09:25:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8405#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba - BWIZA","og_description":"Ibiro by\u2019Umushinjacyaha wa leta ya Israel kuri uyu wa kabiri, itariki 05 Ugushyingo, byatangarije Urukiko Rukuru rw\u2019Ubutabera ko igikorwa cyo kwimura abaturage bo mu bihugu bya Afurika, bamaze igihe bashaka ubuhungiro muri iki gihugu, bimurirwa mu Rwanda no muri Uganda, kigiye gutangira vuba. Guverinoma ya Israel ikaba iteganya gusubiza muri Afurika abashakaga ubuhungiro muri iki [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-06T09:25:25+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba","datePublished":"2017-12-06T09:25:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405"},"wordCount":460,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8405#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405","name":"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-06T09:25:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8405"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8405#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8405","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8405"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8405\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8405"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8405"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8405"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}