{"id":8458,"date":"2017-12-11T11:13:36","date_gmt":"2017-12-11T11:13:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/11\/rusizi-rwiyemezamirimo-yagiye-atishyuye-abaturage-akarere-kabita-indangare\/"},"modified":"2025-02-12T15:01:27","modified_gmt":"2025-02-12T13:01:27","slug":"rusizi-rwiyemezamirimo-yagiye-atishyuye-abaturage-akarere-kabita-indangare","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458","title":{"rendered":"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi, buravuga ko abaturage bafitiwe umwenda na Rwiyemezamirimo wabakoresheje mu muhanda Nkungu-Cyamudongo, ho mu murenge wa Nkungu bazishyurwa ari uko Rwiyemezamirimo yamaze  kumurikira  akarere uyu muhanda n\u2019ibindi bikorwa bijyanye nawo, <\/em>  <em>ariko iki gihe ntikizwi, cyane ko ngo uyu Rwiyemezamirimo  yataye ibyo bikorwa atabirangije, kandi  akaba atari kuboneka.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Vincent de Paul Nsengiyumva, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Nkungu, avuga ko mu mwaka wa 2013-2014 aribwo  ibikorwa byo gukora uyu muhanda byatangiye abaturage bahabwamo akazi.<\/p>\n<p>Aba baturage bari bagabanijemo amatsinda abiri, bagakoreshwa n\u2019ababahagarariye,[ bazwi nk\u2019abakapita] babiri bahuriye kuri Rwiyemezamirimo umwe, wari waratsindiye isoko ryo gukora uwo muhanda.<\/p>\n<p>Itsinda rimwe ryabashije guhembwa hasigara irindi , arinaryo uwari uriyoboye yatorokanye na Rwiyemezamirimo wari wahawe iryo soko , bakagenda ntibagaruke mu bikorwa byawo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Gitifu Nsengiyumva ati \u201cItsinda rimwe ryarahembwe nta mwenda bafitiwe, iryo tsinda rindi niryo ritahembwe byatewe n&#8217;uko uwo mukapita wabo wabakoresheje n\u2019uwo Rwiyemezamirimo bagiye ntibagaruka, amakuru ahari rero kugeza ubu, Rwiyemezamirimo ntiyagarutse ngo akurikirane umuhanda, abe ari naho ahera yasabwa ko yakwishyura abo baturage atishyuye, binagaragara ko atamuritse ibikorwa ngo abirangize n\u2019amasezerano nk\u2019uwahawe akazi\u201d.<\/p>\n<p>Nyirinkindi Dominick, umukuru w\u2019umudugudu wa Kigurwe, akagari ka Ryamuhirwa, ho mu murenge wa Nkungu uvuga mu izina ry\u2019abaturage bakoze muri uyu muhanda ntibahembwe, ko byabagizeho ingaruka dore ko nko kubona ubwisungane mu kwivuza bitaboroheye, ndetse bakagira n\u2019ikibazo cyo kubona ibyo kurya kuko batahembwe, kandi aho hantu ariho babyukiraga ntibabone uko bajya guca inshuro ahandi.<\/p>\n<p>Uyu mukuru w\u2019umudugudu asaba ko abaturage bakwishyurwa, Rwiyemezamirimo agakurikiranwa nk\u2019uwataye akazi, nubwo aho aherereye hatazwi.<\/p>\n<p> <strong>Abaturage basigaye batishyuwe, akarere karabita indangare<\/strong> <\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi buvuga ko, kuba hari itsinda ry\u2019abaturage ritishyuwe, nabo babigizemo uburangare ,  dore ko  ngo babatumyeho kenshi ngo bagaragaze umwenda baberewemo na Rwiyemezamirimo ariko ntibaze, nkuko bigarukwaho na Frederick Harelimana, umuyobozi w\u2019aka karere.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cbarashaka amafaranga yabo ariko abaturage bafite ikosa, ibyo ngibyo ubanze ubyumve kuko niba haratanzwe itangazo rikanyuzwa mu nsengero, rikanyuzwa hehe, ubuyobozi buhamagarira abantu bose bakoreye Rwiyemezamirimo ko baza bakigaragaza, ngo bishyurwe abo baturage ntibigaragaze kimwe n\u2019abandi ahubwo bakaza kuza nyuma abandi baturage bamaze kwishyurizwa, ni ukuvuga rero uburyo busigaye ni uko tubishyuriza tumaze gukora handover y\u2019umuhanda cyangwa Rwiyemezamirimo akabishyura mbere\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza  avuga ko uyu mukapita wakoresheje abaturage, yari yazanywe na Rwiyemezamirimo, bahita banajyana batarangije ibikorwa<\/p>\n<p> <strong>Nta gihe kizwi abaturage bazishyurirwaho<\/strong> <\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;akarere avuga ko iki kibazo [cy\u2019abaturage batishyuwe] bari kugikurikirana cyane ko ngo bamaze kwandikira uyu Rwiyemezamirimo, bamusaba kugaruka ngo abagaragarize ibyo bikorwa, ari nabwo ngo bategereje ko aba baturage bazahembwa, n&#8217;ubwo nta gihe kizwi<\/p>\n<p>Ati \u201cuyu munsi rero icyo dusaba abaturage ni ukwihangana, tukabishyuriza Rwiyemezamirimo binyuze mu mategeko uko abiteganya\u201d<\/p>\n<p> <strong>Umunyamakuru:<\/strong>  \u201cRwiyemezamirimo umunsi yaba atabonetse nabo ntabwo bazishyurwa?\u201d<\/p>\n<p> <strong>Meya: <\/strong> \u201cRwiyemezamirimo azabura ate se kandi agomba kutumurikira imirimo, ubu twaramwandikiye tumusaba kugira ngo atwereke imirimo yadukoreye, ubwo rero dutegereje ko aza hanyuma abaturage bakishyurwa\u201d<\/p>\n<p> <strong>Umunyamakuru:<\/strong>  \u201cMwamwandikiye ryari, murateganya koyaboneka ryari?\u201d<\/p>\n<p> <strong>Meya:<\/strong>  \u201c Ntabwo nonaha namenya amatariki twandikiyeho Rwiyemezamirimo, icyo nzi ni uko dosiye iri muri process kandi ikibazo tukizi, tuzirikana ko kigomba gukemuka\u201d.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Nkungu, buvuga ko abaturage bafitiwe umwenda w\u2019 ibihumbi 600 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda, n&#8217;ubwo nta mibare bugaragaza y\u2019abaturage bagomba kwishyurwa.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-83788 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg\" alt=\"\" width=\"806\" height=\"834\" \/><\/a><\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>N.Jean Claude\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi, buravuga ko abaturage bafitiwe umwenda na Rwiyemezamirimo wabakoresheje mu muhanda Nkungu-Cyamudongo, ho mu murenge wa Nkungu bazishyurwa ari uko Rwiyemezamirimo yamaze kumurikira akarere uyu muhanda n\u2019ibindi bikorwa bijyanye nawo, ariko iki gihe ntikizwi, cyane ko ngo uyu Rwiyemezamirimo yataye ibyo bikorwa atabirangije, kandi akaba atari kuboneka. Vincent de Paul Nsengiyumva, Umunyamabanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8458","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi, buravuga ko abaturage bafitiwe umwenda na Rwiyemezamirimo wabakoresheje mu muhanda Nkungu-Cyamudongo, ho mu murenge wa Nkungu bazishyurwa ari uko Rwiyemezamirimo yamaze kumurikira akarere uyu muhanda n\u2019ibindi bikorwa bijyanye nawo, ariko iki gihe ntikizwi, cyane ko ngo uyu Rwiyemezamirimo yataye ibyo bikorwa atabirangije, kandi akaba atari kuboneka. Vincent de Paul Nsengiyumva, Umunyamabanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-11T11:13:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:01:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare\",\"datePublished\":\"2017-12-11T11:13:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:01:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458\"},\"wordCount\":552,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/kk.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458\",\"name\":\"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/kk.jpg\",\"datePublished\":\"2017-12-11T11:13:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:01:27+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/kk.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/kk.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8458#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi, buravuga ko abaturage bafitiwe umwenda na Rwiyemezamirimo wabakoresheje mu muhanda Nkungu-Cyamudongo, ho mu murenge wa Nkungu bazishyurwa ari uko Rwiyemezamirimo yamaze kumurikira akarere uyu muhanda n\u2019ibindi bikorwa bijyanye nawo, ariko iki gihe ntikizwi, cyane ko ngo uyu Rwiyemezamirimo yataye ibyo bikorwa atabirangije, kandi akaba atari kuboneka. Vincent de Paul Nsengiyumva, Umunyamabanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-11T11:13:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:01:27+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare","datePublished":"2017-12-11T11:13:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:01:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458"},"wordCount":552,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458","name":"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg","datePublished":"2017-12-11T11:13:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:01:27+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8458"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/kk.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8458#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8458","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8458"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8458\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8458"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8458"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8458"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}