{"id":847,"date":"2016-02-28T04:50:51","date_gmt":"2016-02-28T04:50:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/28\/abayobozi-bahiga-ibyo-batazahigura-ngo-babone-amajwi-baranenzwe\/"},"modified":"2016-02-28T04:50:51","modified_gmt":"2016-02-28T04:50:51","slug":"abayobozi-bahiga-ibyo-batazahigura-ngo-babone-amajwi-baranenzwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847","title":{"rendered":"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe"},"content":{"rendered":"<p>Mu karere ka Ngoma, bamwe mu baturage bagaturiye mu mirenge itandukanye banenze bamwe mu bayobozi biyamamaza bakavuga ibyo bazakora maze bikarangira nta kigezwho na kimwe nk\u2019aho baba batumwe kubeshya.<br \/>\nUmwe mu batuye mu murenge wa wa Rurenge, akagari k\u2019Akagarama gatuwe n\u2019abasaga ibihumbi 6000, ati nyamara abagatuye ntibagira amazi meza, amashayanyarazi, amashuri n\u2019ikigo nderabuzima, muri uyu murenge umwe mu bakandinda mu kwiyamamaza yemereye abaturage ko azabazanira amazi meza, ibintu abaturage bafashe nk\u2019\u201cigipindi\u201d yabateraga, kugira ngo yibonere amajwi kuko ngo bamaze imyaka minshi bageza iki kibazo ku murenge wabo n\u2019akarere bikananirana, bakibaza ukuntu umuntu umwe yagikemura.<br \/>\nYagize ati:\u201cIyo biyamamaza bavuga byinshi, hari nubwo bavuga ibyo batazabasha kuko hari n\u2019uwavuze ati njyewe nzabazanira amazi rwose ku giti cye, aho niho twaboneye ko atubeshya.<br \/>\nIbintu binanirwa umurenge wose, umuntu umwe ni we wabibasha\u2026icyo gihe twaramubwiye tuti uratubeshye, icyakora aba barikutubwira ko bazadukorera ubuvugizi byo turabyemera kuko haje uruhare rwa leta n\u2019uruhare rw\u2019abaturage twafatanya wenda amazi akaboneka.\u201d<br \/>\nMu gihe cyo kwiyamamaza abakandida benshi bagiye basezeranya abaturage ko bazabakorera ubuvugizi bakegerezwa ibikorwaremezo, ahanini hashingiye ku kuba mu karere ka Ngoma iki kibazo gihuriweho n\u2019imirenge yose.<br \/>\nAbaturage bo mu kagari ka Cyasemakamba, mu murenge wa Kibungo, bo ubwo ababakandinda biyamamazaga kuwa 16 Gashyantare bashaka kujya muri njyanama y\u2019akarere, bagaragaje ko bagira ikibazo cy\u2019uko mu bihe byo kwiyamamaza muri aka karere, abiyamamaza babasezeranya byinshi nyamara manda zabo zikarangira bidakozwe.<br \/>\nAbaturage bagaragaje icyifuzo cy\u2019uko inzego zibishinzwe zajya zikurikirana niba uwiyamamaje agatorwa ashyira mu ngiro ibyo yabasezeranyije, kuko ngo imigabo n\u2019imigambi y\u2019umukandida agaragaza yiyamamaza ari byo bashingiraho bamutora.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\nLeki@bwiza.com,src:imvaho<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu karere ka Ngoma, bamwe mu baturage bagaturiye mu mirenge itandukanye banenze bamwe mu bayobozi biyamamaza bakavuga ibyo bazakora maze bikarangira nta kigezwho na kimwe nk\u2019aho baba batumwe kubeshya. Umwe mu batuye mu murenge wa wa Rurenge, akagari k\u2019Akagarama gatuwe n\u2019abasaga ibihumbi 6000, ati nyamara abagatuye ntibagira amazi meza, amashayanyarazi, amashuri n\u2019ikigo nderabuzima, muri uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-847","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=847\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu karere ka Ngoma, bamwe mu baturage bagaturiye mu mirenge itandukanye banenze bamwe mu bayobozi biyamamaza bakavuga ibyo bazakora maze bikarangira nta kigezwho na kimwe nk\u2019aho baba batumwe kubeshya. Umwe mu batuye mu murenge wa wa Rurenge, akagari k\u2019Akagarama gatuwe n\u2019abasaga ibihumbi 6000, ati nyamara abagatuye ntibagira amazi meza, amashayanyarazi, amashuri n\u2019ikigo nderabuzima, muri uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=847\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-28T04:50:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe\",\"datePublished\":\"2016-02-28T04:50:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847\"},\"wordCount\":289,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847\",\"name\":\"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-02-28T04:50:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=847#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe - BWIZA","og_description":"Mu karere ka Ngoma, bamwe mu baturage bagaturiye mu mirenge itandukanye banenze bamwe mu bayobozi biyamamaza bakavuga ibyo bazakora maze bikarangira nta kigezwho na kimwe nk\u2019aho baba batumwe kubeshya. Umwe mu batuye mu murenge wa wa Rurenge, akagari k\u2019Akagarama gatuwe n\u2019abasaga ibihumbi 6000, ati nyamara abagatuye ntibagira amazi meza, amashayanyarazi, amashuri n\u2019ikigo nderabuzima, muri uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-28T04:50:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe","datePublished":"2016-02-28T04:50:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847"},"wordCount":289,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=847#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847","name":"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-02-28T04:50:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=847"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=847#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/847","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=847"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/847\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=847"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=847"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=847"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}