{"id":8480,"date":"2017-12-12T11:45:18","date_gmt":"2017-12-12T11:45:18","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/12\/sosiyeti-sivile-iranenga-uburyo-leta-yateguyemo-gahunda-yo-kwimura-abaturage\/"},"modified":"2025-02-12T15:01:17","modified_gmt":"2025-02-12T13:01:17","slug":"sosiyeti-sivile-iranenga-uburyo-leta-yateguyemo-gahunda-yo-kwimura-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480","title":{"rendered":"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Inyigo yakozwe n\u2019 ikigo cy\u2019 ubushakashatsi, <\/em> <\/strong>  <strong> <em>IRDP kibarizwa muri<\/em> <\/strong>  <strong> <em> sosiyeti sivile mu Rwanda, yerekana ko Leta itigeze iha  abaturage umwanya uhagije  kugirango ibateguze uburyo bagiye kwimurwa ndetse banahabwe ingurane ikwiriye mu duce yateganyirije ibikorwa remezo ku nyungu rusange z\u2019 igihugu.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi bikubiye mu nyigo iherutse gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gishize yerekana ko abaturage benshi bavuga ko mu kubimura nta biganiro bagiye bagirana na Leta ahubwo ngo bategekwaga kwemera ingurane batagiye mu mibare y\u2019 imitungo itimukanwa iri mu masambu yabo.<\/p>\n<p>Mu myaka 10 ishize, ibihumbi by\u2019 abantu ndetse n\u2019 inyubako z\u2019 ubucuruzi muri Kigali no mu nkengero zaragurishijwe ubwo Leta yashakaga kwagura ibikorwa remezo birimo imihanda, ibibuga by\u2019 indege , imishinga itanga ingufu zituruka ku mashanyarazi ndetse hagamijwe no gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy\u2019 Umujyi wa Kigali.<\/p>\n<p> <strong>Nta biganiro Leta yagiranye n\u2019 abaturage mu kubimura<\/strong>  <strong> <\/strong> <\/p>\n<p>Bamwe mu baturage bakomeza kwinubira  ko ibibanza byabo byagiye bipimwa batabimenyeshejwe ndetse bataganiriye n\u2019 abahagarariye Leta bashinzwe kubimura. <\/p>\n<p>Higiro Theogene utuye mu Karere ka Kicukiro ahateganyijwe kuzubakwa ikibuga cy\u2019 umupira w\u2019 amaguru i Gahanga, agira ati \u00ab  Twagiye dutungurwa ubwo twatahaga mu ngo zacu tuvuye mu mirimo tukahasanga imbibi nshyashya (bornes) nta muntu waduteguje&#8221;.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo, ikibuga cy\u2019 umupira cy\u2019 i Gahanga cyagombaga gutangira kubakwa muri 2012 ariko magingo aya nta gikorwa gifatika cyari cyahakorerwa mu gihe abaturage bimuwe kera. <\/p>\n<p>Ubushakashatsi bwakozwe na IRDP ya sosiyeti sivile bwibanze ahanini ku baturage ba nyiri ubwite bw\u2019 ubutaka bwafashwe ahagomba kubakwa Palais des congr\u00e8s i  Kigali,  banaganira n\u2019 abandi baturage batanze ubutaka ahagomba kubakwa \u2018Bisate Lodge\u2019 mu karere ka Musanze ndetse n\u2019 abaturage bavanywe ku butaka buherereye mu  Bugesera ahagenewe ikibuga cy\u2019 indege. <\/p>\n<p>Raporo y\u2019 ubu bushakashatsi yerekana ko 27,6% y\u2019 abaturage babajijwe nibo bemera ko bahawe amakuru y\u2019 buryo bagiye kwimurwa mbere  naho abagera kuri 3% bavuga ko bimuwe nta makuru nta n\u2019 integuza. <strong> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Abaturage batinye gutakaza byose<\/strong> <\/p>\n<p> Ahanini abaturage bavuga ko imitungo yabo yagiye ifatwa  na Leta mu buryo butari bwiza babona ko igiye kuhashinga ibikorwa remezo rusange bahitagamo kwicecekera kugirango badatakaza byose.<\/p>\n<p>  Abaturage bavuze ko byakomereye kugirango bahakane kandi babwirwa ko nta mahitamo bafite ngo kuko inyigo zabaga zakozwe zanarangiye ahubwo bagombaga guhita batanga umwanya kugirango imirimo itangire. <\/p>\n<p>Jeanne d&#8217;Arc Mukandemezo, utuye mu Murenge wa Rilima wimuwe mu mitungo ye ahagiye kubakwa ikibuga cy\u2019 indege yavuze ko nta mahitamo yari afite kuko n\u2019 ubundi bamugeneye ingurane nta biganiro. <\/p>\n<p>Si ibyo gusa kuko , byagiye bigaragara ko amasezerano hagati y\u2019 abimuwe na Leta atari asobanutse neza ndetse hari na banyiri ubutaka bimuwe batarahabwa kopi z\u2019 amasezereno. <\/p>\n<p>Umuyobozi mukuru wa Institut de recherche et de dialogue pour la paix (IRDP) yakoze ubu bushakshatsi, Eric Ndushabandi asanga abaturage benshi bimuwe batahawe amakuru ku buryo ubutaka bwabo buzapimwa ndetse n\u2019 ibizakurikizwa mu guhabwa ingurane.<\/p>\n<p> Mu kiganiro na the EA dukesha iyi nkuru, yagize ati &#8220;Abaturage benshi basinye amasezerano batasobanukiwe neza ibiciro by\u2019 ubutaka ku isoko nk\u2019 uko biteganywa n\u2019 itegeko&#8221;. <\/p>\n<p>Umuyoboz Mukuru muri Minisiteri ifite mu nshingano zayo imiturire, Yves Bernard Ingabire yanenze uburyo butasobanutse abashinzwe kwimura abaturage bagiye bahanahana nabo amakuru. <\/p>\n<p>Ati \u00ab  Hari ugutanga nabi amakuru ndetse no kuyatanga igihe kitari cyo, nibaza ko habayemo kurenganya abaturage ku ruhande rw\u2019 inzego zishinzwe kwimura no gutanga ingurane \u00bb.  <\/p>\n<p>Nk\u2019uko bisobanurwa neza mu itegeko N\u00b0 32\/2015 ryo kuwa 11\/06\/2015, Itegeko ryerekeye kwimura abantu ku mpamvu z\u2019inyungu rusange, mu ngingo yaryo ya 36, bisobanurwa neza ko indishyi ikwiye yemejwe yishyurwa mu gihe kitarenze iminsi ijana na makumyabiri (120) uhereye igihe iyo ndishyi ikwiye yemerejwe n\u2019Inama Njyanama ku rwego rw\u2019Akarere, ku rwego rw\u2019Umujyi wa Kigali cyangwa Minisiteri bireba.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Iyo igihe kivugwa mu gika cya mbere cy&#8217;iyi ngingo kirenze, iyimurwa riba ritaye agaciro keretse uwimurwa n\u2019uwimura babyumvikanyeho. <\/p>\n<p>Iyi raporo yanenze cyane abari bashinzwe kwimura abaturage mu mitungo yabo kuba batarubahirije iminsi 120 yo kuba bamaze kubagezaho ingurane. <\/p>\n<p>Amategeko atenganya ko iyo iyi minsi 120 irenze batarahabwa ingurane, urwego rubishinzwe rugomba kongeraho amafaranga y\u2019 indishyi ariko ibyo byose ntibyigeze byubahirizwa. <\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>  <strong>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inyigo yakozwe n\u2019 ikigo cy\u2019 ubushakashatsi, IRDP kibarizwa muri sosiyeti sivile mu Rwanda, yerekana ko Leta itigeze iha abaturage umwanya uhagije kugirango ibateguze uburyo bagiye kwimurwa ndetse banahabwe ingurane ikwiriye mu duce yateganyirije ibikorwa remezo ku nyungu rusange z\u2019 igihugu. Ibi bikubiye mu nyigo iherutse gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gishize yerekana ko abaturage benshi bavuga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8480","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inyigo yakozwe n\u2019 ikigo cy\u2019 ubushakashatsi, IRDP kibarizwa muri sosiyeti sivile mu Rwanda, yerekana ko Leta itigeze iha abaturage umwanya uhagije kugirango ibateguze uburyo bagiye kwimurwa ndetse banahabwe ingurane ikwiriye mu duce yateganyirije ibikorwa remezo ku nyungu rusange z\u2019 igihugu. Ibi bikubiye mu nyigo iherutse gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gishize yerekana ko abaturage benshi bavuga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-12T11:45:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:01:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage\",\"datePublished\":\"2017-12-12T11:45:18+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:01:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480\"},\"wordCount\":666,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480\",\"name\":\"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-12T11:45:18+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:01:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8480#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage - BWIZA","og_description":"Inyigo yakozwe n\u2019 ikigo cy\u2019 ubushakashatsi, IRDP kibarizwa muri sosiyeti sivile mu Rwanda, yerekana ko Leta itigeze iha abaturage umwanya uhagije kugirango ibateguze uburyo bagiye kwimurwa ndetse banahabwe ingurane ikwiriye mu duce yateganyirije ibikorwa remezo ku nyungu rusange z\u2019 igihugu. Ibi bikubiye mu nyigo iherutse gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gishize yerekana ko abaturage benshi bavuga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-12T11:45:18+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:01:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage","datePublished":"2017-12-12T11:45:18+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:01:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480"},"wordCount":666,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8480#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480","name":"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-12T11:45:18+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:01:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8480"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8480#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8480","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8480"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8480\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8480"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8480"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8480"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}