{"id":8489,"date":"2017-12-13T10:57:33","date_gmt":"2017-12-13T10:57:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/13\/nyamasheke-acuruza-afite-ubumuga-bwo-kutabona-akinjiza-asaga-ibihumbi-100-ku\/"},"modified":"2025-02-12T15:01:13","modified_gmt":"2025-02-12T13:01:13","slug":"nyamasheke-acuruza-afite-ubumuga-bwo-kutabona-akinjiza-asaga-ibihumbi-100-ku","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489","title":{"rendered":"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Irambona David w\u2019imyaka 28, utuye mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, akomeje gutangaza benshi, aracuruza akunguka ku buryo ku kwezi yinjiza asaga ibihumbi 100 kandi afite ubumuga bwo kutabona.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Uyu musore acuruza serivisi z\u2019amafaranga, arabitsa akanabikuza kuri mobile money, tigo cash, airtel money, akanacuruza mituyu n\u2019ibindi bimwinjiriza amafaranga akora atabona.<\/p>\n<p>Aganira na Bwiza.com, uyu musore uvuga ko yapfushije ababyeyi bombi na bene nyina 3 afite imyaka 10, ntabwo bari bifashije ku buryo nta n\u2019inzu bamusizemo kandi asigaranye barumuna be 3, yasanze agomba kurenga ubu bumuga agatunga barumuna be atangira kwirwanaho.<\/p>\n<p>Avuga ko bibana ariko asanga ari ngombwa ko yiga amashuri abanza, afashwa n\u2019abagiraneza arayiga ayarangije aba aho we na barumuna be nta mibereho bafite inzara ibamereye nabi.<\/p>\n<p>Avuga ko uko abafite ubumuga bagendaga bahabwa agaciro na Leta y\u2019ubumwe, haje kubaho amahugurwa ku karere ka Nyamasheke, arayitabira, amafaranga 5000 ya tike bamuhaye ahitamo kugenda n\u2019amaguru yiyemeza kuyabyaza umusaruro ,ubwo hari muri 2014.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Yahise arangura mituyu atangira gucuruza aho agicururiza na n\u2019ubu imbere y\u2019ibiro by\u2019akarere ka Nyamasheke, mu kagari ka Ninzi, akavuga ko yabitewe n\u2019uko yumvaga hari intego ashaka kugeraho yo kwiteza imbere, gukura barumuna be mu bukene n\u2019imibereho mibi ,no kwereka abandi ko ubumuga bwo kutabona atari ishyano cyangwa imibereho mibi y\u2019iteka,ko ahubwo n\u2019ababufite bashoboye.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cicya mbere nabanje gukora ni ukwiga aho imibare ya telefoni iherereye, ndangije nshyiramo ijwi rimfasha kumenya ko umubare nkanze wakunze, n\u2019ibindi bisigaye bigenda biza ndakora, ku buryo ubu ntashobora kwinjiza amafaranga ari munsi ya 100.000 mu kwezi kandi hari n\u2019ababona birirwa bavuga ngo ni abashomeri bicaye gusa.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Abajijwe uko amenya amafaranga y\u2019amiganano, yasubije agira  ati \u2019 amafaranga yose ndayazi ndetse na negereye banki imwe muri aka karere inyumvisha uko aba ameze, ndayafata ndayumva ku buryo mpura na byo mu kazi kanjye ka buri munsi, uyazanye nkamubwira ko nta yo kumugarurira mfite, akayasubizayo ,kandi amafaranga yose ndayazi,sinshobora kwibeshya.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Avuga ko yanarangije andi masomo ajyanye n\u2019ububoshyi bw\u2019imipira yo kwambara, amasharupe, n\u2019imyambaro y\u2019abana,gukoresha mudasobwa,gucuranga piyano n\u2019ibindi ku buryo afashijwe yarushaho gutera imbere.<\/p>\n<p>Kangendo Emerance, umwe mu baguzi bari imbere ye,  agira ati\u2019\u2019 biranshimishije cyane kuba ataraheranywe n\u2019ibibazo by\u2019ubumuga bwo kutabona, akaba yinjiza n\u2019ayo ababona banize benshi batinjiza. Nari nje kumugurira ngo ndebe uko abigenza n\u2019uko amenya inoti akanagarura ariko arabikoze ndumirwa nsaga tugomba kumwigiraho byinshi.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akarere ka Nyamasheke ,Kayumba Ephrem yabwiye Bwiza.com ko uyu ari we wenyine ukora iyi mirimo muri aka karere,bigatanga isomo ko n\u2019ufite ubumuga bwo kutabona ashobora kuba umukire adasabirije.<\/p>\n<p>Ati \u2019\u2019yatangije make akarere karamufasha ayabyaza umusaruro ufatika kandi hari abayahabwa bakayapfusha ubusa. Tuzakomeza kumushyigikira cyane, ahubwo amenyekanye ku rwego rw\u2019igihugu byatanga isomo no ku bandi bumva babaho basabiriza gusa bafite n\u2019ababashorera. Biratanga isomo rikomeye cyane kuri twese.\u2019\u2019<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Muri Nyamasheke abafite ubumuga bunyuranye baragenda bagera kuri byinshi bigaragara, aho hari abakora ibikorwa  by\u2019ubukorikori,ubucuruzi n\u2019ibindi byinshi bavuga ko bakesha agaciro  bahawe  na Leta y\u2019ubumwe.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Bahuwiyongera Sylvestre\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Irambona David w\u2019imyaka 28, utuye mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, akomeje gutangaza benshi, aracuruza akunguka ku buryo ku kwezi yinjiza asaga ibihumbi 100 kandi afite ubumuga bwo kutabona. Uyu musore acuruza serivisi z\u2019amafaranga, arabitsa akanabikuza kuri mobile money, tigo cash, airtel money, akanacuruza mituyu n\u2019ibindi bimwinjiriza amafaranga akora atabona. Aganira na Bwiza.com, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8489","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Irambona David w\u2019imyaka 28, utuye mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, akomeje gutangaza benshi, aracuruza akunguka ku buryo ku kwezi yinjiza asaga ibihumbi 100 kandi afite ubumuga bwo kutabona. Uyu musore acuruza serivisi z\u2019amafaranga, arabitsa akanabikuza kuri mobile money, tigo cash, airtel money, akanacuruza mituyu n\u2019ibindi bimwinjiriza amafaranga akora atabona. Aganira na Bwiza.com, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-13T10:57:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:01:13+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi\",\"datePublished\":\"2017-12-13T10:57:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:01:13+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489\"},\"wordCount\":529,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489\",\"name\":\"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-13T10:57:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:01:13+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8489#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi - BWIZA","og_description":"Irambona David w\u2019imyaka 28, utuye mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, akomeje gutangaza benshi, aracuruza akunguka ku buryo ku kwezi yinjiza asaga ibihumbi 100 kandi afite ubumuga bwo kutabona. Uyu musore acuruza serivisi z\u2019amafaranga, arabitsa akanabikuza kuri mobile money, tigo cash, airtel money, akanacuruza mituyu n\u2019ibindi bimwinjiriza amafaranga akora atabona. Aganira na Bwiza.com, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-13T10:57:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:01:13+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi","datePublished":"2017-12-13T10:57:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:01:13+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489"},"wordCount":529,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8489#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489","name":"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-13T10:57:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:01:13+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8489"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8489#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8489","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8489"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8489\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8489"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8489"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8489"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}