{"id":849,"date":"2016-02-28T06:48:07","date_gmt":"2016-02-28T06:48:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/28\/ubuhamya-umukobwa-yasomye-urupfu-ahabwa-impano-y-isanduku\/"},"modified":"2016-02-28T06:48:07","modified_gmt":"2016-02-28T06:48:07","slug":"ubuhamya-umukobwa-yasomye-urupfu-ahabwa-impano-y-isanduku","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849","title":{"rendered":"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku"},"content":{"rendered":"<p> <strong>NASOMYE URUPFU<\/strong><br \/>\nYratangiye:Nitwa Aline ntuye I kigali. Mfite imyaka 22. Ndangije amashuri yisumbuye naratsinzwe biba ngombwa ko nsubiramo(candidat libre) mu gihe natahaga mva ku ishuri umusore yanciyeho mu modoka nziza ya jeep ageze imbere asubira inyuma ati nguhe lift sister, sinari kwanga dore ko natahaga kure kandi ibibazo byimibereho byari hatari nayo gutega ntayo nabonaga.<br \/>\nTwarajyanye turibwirana rwose numva ndamwishimiye dore ko yari n\u2019umukire ari na smart yambaye veste. Yazaga kumfata kenshi ku ishuri, nakenera 100,000 agahita yohereza 500,000 nuko,&#8230; ndagenda ndacya, mba umukobwa w\u2019umusirimu benshi batangira kunyirukaho.<br \/>\n <strong>Arakomeza ati: \u201cUMUNSI NTAZIBAGIRWA\u201d<\/strong><br \/>\nKera kabaye arampagara ati cherie ejo wazansuye. Ntazuyaje nti nzaza nka saa cyenda. Umunsi watinze gushira, mba nditeguye ntega akamoto kuko yabaga Nyarutarama ngezeyo mpasanga umusekirite na confidence nyinshi nti nje gusura boss. Umusecurite yankubise amaso nikimero kidasanzwe ati: wambabariye mwana wa mama ukisubirirayo ukareka ibyo ugiyemo ko utabizi, nagasuzuguro kenshi nahise mpamagara cheri, ahita abwira security ngo andeke ninjire. Mbega inzu!! Kuva kuri portaille kugera ku cyumba inzugi zose zari automatique kuko ninjiye ndi kuri phone agenda anyobora mpaka ngeze mu cyumba cye. Mpageze, mbega ibyo nabonye! Ni agahoma munwa.<br \/>\n <strong>Ati: \u201cNASOMYE URUPFU NSOMA N\u2019ICYO NAKWITA UMUZIMU\u201d<\/strong><br \/>\nMpageze ntiyazuyaje yahise akuramo imyenda. Mbega imyenda yambaraga! Amashati 6 namapantaro 5. yamaze kuyikuramo uwo nabonaga ari umusore nsanga angana nurudodo, ninayo mpamvu yahoraga yambaye veste kuko yabaga yambaye amashati menshi.<br \/>\nIyo biba ibyo gusa. Wakwibaza impamvu yambaraga imyenda myinshi, yari yirwariye icyitwa ibibyimba binini kandi byinshi umubiri wose binyenya amazi akanga ko imyenda itoha. Ubwo yahise ambwira ati: ibintu ni 2; either turaryamana (gusambana) cyangwa usome bino bibyimba byanjye kandi ndwaye SIDA. Narebye hirya no hino mbura aho nerekera ndarira.<br \/>\nNasabye, ati umusecurite yakubujije uranga kandi niyo nakureka ntiwabona aho uca usohoka. Yarandetse ndarira nkanyuma yamasaha 2 bwari butangiye kwira mpitamo kwonka ibibyimba.<br \/>\nNonse kimwe cyo murubavu nka 2 munites ndaruka nayo nonse kugeza ubwo angirira impuhwe ati geza aho. Yampaye check ya 5,000,000 ati genda uzaguremo isanduku kuko ubu nawe ubaye nkanjye. Naratashye ndagenda mba ikiragi nyuma mbaho mu marira adashira, nyuma mbibwira murugo bihutira kumpimisha basanga ndi muzima.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25628 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg\" alt=\"fille\" width=\"700\" height=\"394\" \/><\/a><br \/>\nAhwiii, nariruhukije nyuma twagiye kureba aho yari atuye ngo duhuruze police dusanga nta muntu ukihaba. Nazinutswe icyitwa umusore wese n\u2019umugabo aho ava akagera none ndabona ngiye kuba umu kubanyi \u201clesibienne\u201d.<br \/>\nYabikoze benshi muri iyi kigali ariko baryumyeho. Mbagiriye inama bakobwa bagenzi banjye mwitondere abasore babakire bari hanze aha, kandi niba warahuye n\u2019iki kibazo nahuye nacyo wakwihutira kwisuzumisha, birashoboka ko Imana yo mu ijuru yakurinze muri iyo nzira wanyuzemo, ba umugabo umenye uko uhagaze.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Leki@bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>NASOMYE URUPFU Yratangiye:Nitwa Aline ntuye I kigali. Mfite imyaka 22. Ndangije amashuri yisumbuye naratsinzwe biba ngombwa ko nsubiramo(candidat libre) mu gihe natahaga mva ku ishuri umusore yanciyeho mu modoka nziza ya jeep ageze imbere asubira inyuma ati nguhe lift sister, sinari kwanga dore ko natahaga kure kandi ibibazo byimibereho byari hatari nayo gutega ntayo nabonaga. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-849","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=849\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"NASOMYE URUPFU Yratangiye:Nitwa Aline ntuye I kigali. Mfite imyaka 22. Ndangije amashuri yisumbuye naratsinzwe biba ngombwa ko nsubiramo(candidat libre) mu gihe natahaga mva ku ishuri umusore yanciyeho mu modoka nziza ya jeep ageze imbere asubira inyuma ati nguhe lift sister, sinari kwanga dore ko natahaga kure kandi ibibazo byimibereho byari hatari nayo gutega ntayo nabonaga. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=849\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-28T06:48:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku\",\"datePublished\":\"2016-02-28T06:48:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849\"},\"wordCount\":436,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/fille.jpg\",\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849\",\"name\":\"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/fille.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-28T06:48:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/fille.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/fille.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=849#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku - BWIZA","og_description":"NASOMYE URUPFU Yratangiye:Nitwa Aline ntuye I kigali. Mfite imyaka 22. Ndangije amashuri yisumbuye naratsinzwe biba ngombwa ko nsubiramo(candidat libre) mu gihe natahaga mva ku ishuri umusore yanciyeho mu modoka nziza ya jeep ageze imbere asubira inyuma ati nguhe lift sister, sinari kwanga dore ko natahaga kure kandi ibibazo byimibereho byari hatari nayo gutega ntayo nabonaga. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-28T06:48:07+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku","datePublished":"2016-02-28T06:48:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849"},"wordCount":436,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg","articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=849#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849","name":"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg","datePublished":"2016-02-28T06:48:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=849"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/fille.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=849#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y\u2019Isanduku"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/849","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=849"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/849\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=849"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=849"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=849"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}