{"id":8513,"date":"2017-12-15T12:00:12","date_gmt":"2017-12-15T12:00:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/15\/uburengerazuba-ikoranabuhanga-riborohereza-kubona-serivisi-n-amakuru\/"},"modified":"2025-02-12T14:57:30","modified_gmt":"2025-02-12T12:57:30","slug":"uburengerazuba-ikoranabuhanga-riborohereza-kubona-serivisi-n-amakuru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513","title":{"rendered":"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu na Nyabihu mu ntara y\u2019Iburengerazuba rwishimiye uburyo gukeresha ikoranabuhanga birufasha kubona serivisi zihuse n\u2019amakuru atandukanye. Izo serivisi ni nko gusaba ibyangombwa  binyuze k\u2019urubuga Irembo, kumenyekanisha imisoro n\u2019amahoro hamwe no gusaba akazi. Hiyongeraho no kumenya amakuru atandukanye yo mu Rwanda no mu mahanga.binyuze kuri murandasi (internet). <\/em> <\/strong><br \/>\nUwiringiyimana Elysee utuye mu Mujyi wa Rubavu avuga ko asura kenshi inzu itanga serivisi z\u2019ikoranabuhanga na Murandasi (Cyber Cafe) kugira ngo asabe ibyongombwa bitangwa n\u2019ibigo bya Leta, gusaba akazi binyuze ku mbuga z\u2019amamaza imyanya y\u2019imirimo itandukanye ndetse anasome amakuru atandukanye yaba ayo mu Rwanda cyangwa hanze yarwo.<br \/>\nUbwo yari yasuye iyo nzu yagize ati: \u201cNaje hano kuri cybercaf\u00e9 kugira ngo ndebe ko nakuzuza ifishi isaba akazi binyuze k\u2019urubuga www.JobinRwanda.com rwamamaza imyanya y\u2019umurimo mu bigo bitandukanye. Internet rero idufasha kumenya amakuru atandukanye yaba ay\u2019akazi, ayo mu Rwanda ndetse nayo mu mahanga hamwe no gusaba ibyangombwa n\u2019akazi.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUwiringiyimana avuga ko kubera murandasi, bimworohera kuba yasaba akazi mu bigo bya leta byose harimo n\u2019uturere, iby\u2019abikorera ndetse n\u2019imiryango itegamiye kuri leta kuko haba hari ifishi isangwa ku mbuga zamamaza akazi abagashaka buzuza bakayohereza bitabasabye kujya aho abatanga akazi bakorera. Uretse gusaba akazi, ngo aherutse no gusaba icyangombwa kigaragaza ko atanfunzwe abikoreye k\u2019urubuga Irembo.<br \/>\nNaho Uwizeyimana Esperance ukorera ubucuruzi mu murengewajenda,akagari ka Kabatezi, umudugudu wa Kibuyearasobanura ibyiza abona muri service z\u2019Irembo<br \/>\n\u201cmuri make irembo ni ingirakamaro kuri jye ndetse no kumuryango wanjye , binyorohera kwishyura imisoroya RRA (Rwanda revenue autorithy), iyo amatariki yamfashe nikoza mu rugo ngafata ibyangombwa, nkajya aha hirya gatoya nkishyura\u201d.<br \/>\n <strong>Umwanya ni amafaranga<\/strong><br \/>\nUwiringiyimana akomeza avuga ko kuba izi serivisi zarashyizwe kuri murandasi byatumye Urubyiruko rwo muri Rubavu hamwe n\u2019abakuze bagabanya amafaranga batangaga mu ngendo bajya gushaka ibyangombwa bitangwa n\u2019inzego za Leta hamwe no gutanga amabarwa asaba akazi.  Ibi ngo byabafashije kudatakaza n\u2019igihe iyo bajyaga ku bigo bya Leta bashaka serivisi cyangwa mu bindi bigo gusaba akazi.<br \/>\nUwiringiyimana avuga ko iyo umuntu asabye serivisi cyangwa akazi abinyujije kuri murandasi anahabwa igisubuzo byihuse binyuze kuri murandasi bityo akamenya niba icyo yasabaga azakibona cyangwa atazakibona bityo akamenya icyo gukora.<br \/>\nKubera murandasi yageze mu mujyi wa Rubavu, bamwe mu Rubyiruko batangiye gutanga serivisi ziyikorewaho. Urugero ni Ndagijimana Erneste wafunguye sosiyete ifasha abandi kuba bagera kuri serivisi zitangwa hifashishijwe murandasi n\u2019izindi serivisi z\u2019ikoranabuganga.<br \/>\nKuva yatangira sosiyete Satellite of Technology muri 2015, Uwiringiyimana avuga ko ariyo imutunze. Muri serivisi sosiyete Satellite of Technology itanga harimo gucuruza murandasi, gufasha abantu gusaba ibyangombwa bitangwa n\u2019inzego za leta, gufasha abantu bashaka serivisi zitangwa n\u2019ikigo cy\u2019igihugu cyiterambere (RDB) nko gufungura sosiyete, gufasha abasoreshwa kumenyekanisha umusoro, hamwe na serivisi zijyanye no gucapa no gukora kopi z\u2019inyandiko zitandukanye.<br \/>\nUwiringiyimana avuga ko Urubyiruko hamwe n\u2019abantu bakuze mu Mujyi wa Rubavu bitabiriye gukoresha ikoranabuhanga nubwo bamwe bataramenya neza kurikoresha. Avuga ko nibura mu nshuti ze 10, izigera kuri indwi zifite telephone zigendanwa kandi zifite ubushobozi bwo kujya kuri murandasi (internet) ngo kandi nutayifite nawe usanga ayifitiye inyota. Ibi ngo bigaragaza inyota Urubyiruko rwa Rubavu rufitiye ikoranabuhanga.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Safi Emmanuel<\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu na Nyabihu mu ntara y\u2019Iburengerazuba rwishimiye uburyo gukeresha ikoranabuhanga birufasha kubona serivisi zihuse n\u2019amakuru atandukanye. Izo serivisi ni nko gusaba ibyangombwa binyuze k\u2019urubuga Irembo, kumenyekanisha imisoro n\u2019amahoro hamwe no gusaba akazi. Hiyongeraho no kumenya amakuru atandukanye yo mu Rwanda no mu mahanga.binyuze kuri murandasi (internet). Uwiringiyimana Elysee utuye mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8513","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu na Nyabihu mu ntara y\u2019Iburengerazuba rwishimiye uburyo gukeresha ikoranabuhanga birufasha kubona serivisi zihuse n\u2019amakuru atandukanye. Izo serivisi ni nko gusaba ibyangombwa binyuze k\u2019urubuga Irembo, kumenyekanisha imisoro n\u2019amahoro hamwe no gusaba akazi. Hiyongeraho no kumenya amakuru atandukanye yo mu Rwanda no mu mahanga.binyuze kuri murandasi (internet). Uwiringiyimana Elysee utuye mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-15T12:00:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:57:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru\",\"datePublished\":\"2017-12-15T12:00:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:57:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513\"},\"wordCount\":535,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513\",\"name\":\"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-15T12:00:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:57:30+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8513#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru - BWIZA","og_description":"Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu na Nyabihu mu ntara y\u2019Iburengerazuba rwishimiye uburyo gukeresha ikoranabuhanga birufasha kubona serivisi zihuse n\u2019amakuru atandukanye. Izo serivisi ni nko gusaba ibyangombwa binyuze k\u2019urubuga Irembo, kumenyekanisha imisoro n\u2019amahoro hamwe no gusaba akazi. Hiyongeraho no kumenya amakuru atandukanye yo mu Rwanda no mu mahanga.binyuze kuri murandasi (internet). Uwiringiyimana Elysee utuye mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-15T12:00:12+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:57:30+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru","datePublished":"2017-12-15T12:00:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:57:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513"},"wordCount":535,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8513#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513","name":"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-15T12:00:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:57:30+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8513"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8513#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n\u2019amakuru"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8513","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8513"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8513\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8513"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8513"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8513"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}