{"id":8514,"date":"2017-12-15T13:24:14","date_gmt":"2017-12-15T13:24:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/15\/namufashe-aryamanye-n-039-undi-musore-mbona-ntacyo-bimubwiye-kandi-dukundana\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:17","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:17","slug":"namufashe-aryamanye-n-039-undi-musore-mbona-ntacyo-bimubwiye-kandi-dukundana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514","title":{"rendered":"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Umukunzi wacu yatwandikiye yifuza ko twamufasha kumugira inama nyuma y\u2019ibibazo yahuye nabyo mu rukundo ndetse ahamya adashidikanya ko inama zanyu zizagira icyo zimufasha.<\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAragira ati&#8221;Nitwa Kalisa (amazina yahinduwe). Nakundanye n\u2019umukobwa witwa isingizwe claire wiyitaga Evilyne hashize imyaka 2 dukundana tukajya tuganira bisanzwe , biza gukomera ndetse nza kumusaba urukundo nawe ntiyatinda aranyemerera ahubwo ambwira ko nari naramutindiye ko nawe yari yarankunze.&#8221;<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYajyaga akunda kumbwira amabanga ye kuva mubwana yaje no kumbwira ko kumyaka 14 umuhungu wa mbere aribwo yamwambuye ubusugi ndetse ambwira ko uwo muhungu atazamuva mu mutwe kuko yumva amukunze bidasanzwe gusa amahirwe make uwo muhungu aba ku mugabane w\u2019Amerika kandi ngo ntibakundanaga yabikorewe kubw\u2019irari ry\u2019umubiri.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyuma yarakuze biba ngombwa ko atangira ibyo gukundana akundana n\u2019umuhungu wa mbere ndetse baza no kuryamana ntibyaba ngombwa ko bakomezanya baratandukana gusa ntiyambwiye impamvu nyirizina yabiteye gusa nkumuntu numvaga ko gutandukana hagati y\u2019abakundana ari ibisanzwe.<br \/>\nUyu mukobwa yarasanzwe akora akazi ko gukora ibyapa (ibi byo kwandika ukoresheje amarangi) akajya mu ntara zitandukanye. Byumvikane ko ahora agenda bitewe naho afite ikiraka kandi akabayo Kugeza akazi karangiye akimukira ahandi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIyo yabaga yagiye mu ntara ubwo kuvugana nawe byaraganukaga bikagera hafi ya ntabyo akampamagara cyane mugihe wenda akeneye nk\u2019amafaranga yo kumwunganira mukintu runaka namara kuyamuha bikaba birngiriye aho nyuma akajya ambwira ko ahuze aza kumvugisha nkamwandikira mubaza niba yahugutse ntansubize namuhamagara nyuma y\u2019akazi akankupa hakaba nubwo hashize amezi 3 tutabonana amaso kumaso nkabantu dukunana ndetse twamerenyije no kubana<br \/>\nIcyanteye kumwibazaho ni ukuntu yazaga gukorera muri Kigali akabimpisha akabimbwira agiye, namubanza impamvu akambwira ko iyo tubonana byari kubangamira akazi ko azashaka umwanya akaza, ubwo bikaba birangiriye aho .<br \/>\nUbwo kongera kuvugana byabaga bigoranye naho ayifatiye akambwira ko ahuze kandi nkumva asa nk\u2019uri mu miziki kandi akazi ke ntaho kagomba guhurira n\u2019imiziki, bikantera kwibaza byinshi.<br \/>\nVuba aha nibwo yambwiye ko akeneye telefone ya smart (izi zigezweho) ko hari igihe akenera whatsapp wenda ari nka design bashaka kumwoherereza akabura uko ayibona. Mubajije niba yabuze ayo kuyigura ambwira ko yibutse ko namwemereye telefone rero byaba byiza ivuye mu maboko yanjye.<br \/>\nSinatinze narayimuhaye kuko byo nari nayimwemereye gusa icyabaye umusemburo wa byose, ubwo duheruka guhura vuba aha nafashe telefone ye nsangamo chat ziteye agahinda n\u2019isoni kuko zari zuzuye ubusambanyi gusa. Mbimubajije ati &#8220;ibyo ni ibisanzwe ikibi nuko naba naraguciye inyuma kandi urabizi ndagukunda nkukagire ikibazo&#8221;<br \/>\nYansambye imbabazi ambwira ko atazongera niba bimbabaje nuko ndamubabarira ndataha gusa kuva namuha iyo telefone irimo whatsapp nabwa butumwa bugufi(message) twoherezanyaga yarabuhagaritse burundu bisa nk\u2019aho whatsapp yamugize umucakara wayo<br \/>\nNyuma twongeye gupanga guhura, ngera aho twari guhurira (mu rugo aho aba ari iyo ari i Kigali) mbere y\u2019amasaha twavuganye nsanga mu nzu ari kumwe n\u2019umugabo bari gusomana mbega ibi bikaze (ibizwi nk\u2019ibikorwa n\u2019abashakanye), mbimubajije arambwira ati yaraje kumbaza iby\u2019akazi hari ikiraka yari yandangiye.<br \/>\nAmaze kumuherekeza gato yahise agaruka ambaza impamvu naje mbere yigihe twari twavuganye, musubiza ko wenda ari Imana yabikoze kugirango ikunyereke. Ubwo nari nicaye nibaza ibimbayeho ako kanya byanyobeye.<br \/>\nAko kanya nyamukobwa yongera gusubiramo ya magambo ati &#8220;ibi ni ibisanzwe ikibi nuko naba naguciye inyuma kandi urabizi ndagukunda&#8221; nuko ansaba imbabazi avuga ko atazongera kugirana ubucuti bwa hafi n\u2019undi musore ko yambabaje bihagije kandi atazongera pe.<br \/>\nIbyo byabaye mugihe maranye cyose n\u2019uyu mukobwa nta ncuti ze yigeze anyereka ngo nzimenye nazo zimenye ikintu njye mbona nk\u2019imbogamizi mu rukundo rwacu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyuma yaho yaboneye iyo telefone rero dore ko ari na nziza pe, iyo twahuraga yabaga ahuze kuri telefone kandi ariwe wansabye ngo duhure tuganire nayimwaka ngo nyifunge tubashe kuganira ku rukundo bikamubabaza cyane , akambwira ko mukangisha kuba narayimuguriye akambwira ko niba kuba ahugira kuri whatsapp turi kumwe bimbabaza ngo nzasubirane ibyanjye kandi niwe wayinsabye sinayimuhatiye rwose.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKugeza ubu sinamubabariye nyuma y\u2019ibyo yankoreye ku ncuro ya kabiri . Namubwiye ko ngiye kubitekerezaho nzamuha igisubizo kuva uwo munsi ntarampamagara yewe habe na message isaba imbabazi nk\u2019umuntu wafatiwe mu ikosa nk\u2019iryo.<br \/>\nMungire inama murakoze<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Gentille@bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukunzi wacu yatwandikiye yifuza ko twamufasha kumugira inama nyuma y\u2019ibibazo yahuye nabyo mu rukundo ndetse ahamya adashidikanya ko inama zanyu zizagira icyo zimufasha. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Aragira ati&#8221;Nitwa Kalisa (amazina yahinduwe). Nakundanye n\u2019umukobwa witwa isingizwe claire wiyitaga Evilyne hashize imyaka 2 dukundana tukajya tuganira bisanzwe , biza gukomera ndetse nza kumusaba urukundo nawe ntiyatinda aranyemerera ahubwo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-8514","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukunzi wacu yatwandikiye yifuza ko twamufasha kumugira inama nyuma y\u2019ibibazo yahuye nabyo mu rukundo ndetse ahamya adashidikanya ko inama zanyu zizagira icyo zimufasha. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Aragira ati&#8221;Nitwa Kalisa (amazina yahinduwe). Nakundanye n\u2019umukobwa witwa isingizwe claire wiyitaga Evilyne hashize imyaka 2 dukundana tukajya tuganira bisanzwe , biza gukomera ndetse nza kumusaba urukundo nawe ntiyatinda aranyemerera ahubwo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-15T13:24:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki?\",\"datePublished\":\"2017-12-15T13:24:14+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514\"},\"wordCount\":691,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514\",\"name\":\"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-15T13:24:14+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8514#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki? - BWIZA","og_description":"Umukunzi wacu yatwandikiye yifuza ko twamufasha kumugira inama nyuma y\u2019ibibazo yahuye nabyo mu rukundo ndetse ahamya adashidikanya ko inama zanyu zizagira icyo zimufasha. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Aragira ati&#8221;Nitwa Kalisa (amazina yahinduwe). Nakundanye n\u2019umukobwa witwa isingizwe claire wiyitaga Evilyne hashize imyaka 2 dukundana tukajya tuganira bisanzwe , biza gukomera ndetse nza kumusaba urukundo nawe ntiyatinda aranyemerera ahubwo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-15T13:24:14+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki?","datePublished":"2017-12-15T13:24:14+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514"},"wordCount":691,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8514#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514","name":"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-15T13:24:14+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8514"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8514#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Namufashe aryamanye n&#039;undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8514","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8514"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8514\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8514"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8514"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8514"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}