{"id":8532,"date":"2017-12-17T10:40:09","date_gmt":"2017-12-17T10:40:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/17\/hari-rusunitsi-zikura-abantu-mu-cyaro-na-rukuruzi-zibazana-mu-mujyi-harimo-n\/"},"modified":"2025-02-12T14:57:16","modified_gmt":"2025-02-12T12:57:16","slug":"hari-rusunitsi-zikura-abantu-mu-cyaro-na-rukuruzi-zibazana-mu-mujyi-harimo-n","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532","title":{"rendered":"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuhanga, umuhanzi utarahanzweho akaba n\u2019umunyapolitike itogota mu rutirigongo nk\u2019uko abyivugira, Barafinda Sekikubo Fred; kuri uyu wa gatandatu yagiranye ikiganiro na Radio Ubuntu butangaje, maze agaragaza ko mu cyaro hari ibibazo byinshi bisunika abantu bagana umujyi, aho hari za rukuruzi. Barafinda avuga ko n\u2019abayobozi benshi bakomoka mu cyaro ariko bagera I Kigali ntibarote gusubiza amaso inyuma aho bavuye.<\/em> <\/strong><br \/>\nUmuyobozi asiga abatera abana inda bigendegembya, agakururwa no kuza i Kigali kubyina \u201cnda ndambara\u201d,<br \/>\nUndi asiga abana barataye ishuri ku bwinshi, aho gufata ingamba ziribasubizamo agakururwa no kuza I Kigali kubyina \u201cnda ndambara\u201d,<br \/>\nUrasiga abana barangwa n\u2019imirire mibi baruta ubwinshi abarya neza, wowe ugakururwa no kuza I Kigali kubyina \u201cnda ndambara\u201d,<br \/>\nAkarere kawe kamunzwe na ruswa, rwiyemezamirimo arambura abaturage akajyana akayabo  adakoze imirimo mwamuhaye, mugakururwa no kuza I Kigali kubyina \u201cnda ndambara\u201d,<br \/>\nAbaturage washinzwe barasiragizwa bishyuza ingurane z\u2019ibyabo byangijwe, abarezi bafata amata yagenewe abana bakayagurishwa cyangwa bakayinywera, ibyo ukubisiga ugakururwa no kuza I Kigali kubyina \u201cnda ndambara\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbaturage bawe bari mu cyiciro cya gatatu cy\u2019ubudehe, abana babo ntibahabwa inkunga bakwiye, ababyeyi ntibahabwa ubufasha mu butabera, warangiza ugakururwa no kuza I Kigali kubyina \u201cnda ndambara\u201d,<br \/>\nAmacakubiri n\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside biravuga mu karere, imanza gacaca zananiranye kuzirangiza, abasigajwe inyuma n\u2019amateka wabakatiye akarwa kabo, maze ugakururwa no kuza I Kigali kubyina \u201cnda ndambara\u201d,<br \/>\nWatowe n\u2019abaturage ngo ubabere umuvugizi, wagera aho bagutumye ukigira kuri wotsapu cyangwa ugakata igitotsi aho mu nteko, ukibagirwa kuvugira abagutumye, ugashimishwa no kubyina \u201cnda ndambara yandera ubwoba\u201d? Ese izi zose uhunga wamaze kuzitsinda?<br \/>\nIzi ni zimwe muri za rusunitsi Barafinda avuga, zirimo n\u2019ubushomeri mu cyaro, ubuhinzi bwataye agaciro budatunga ababukora bugakiza ba Serushago.<br \/>\nKubwa Barafinda, ngo abana baterwa inda bakiri bato, ubwo bakaba baciye ukubiri n\u2019ishuri, abandi bugarijwe n\u2019ibibazo bikomoka ku bupfubyi. Ati, \u201c Hari uwataye ishuri kubera inda yatewe, umuryango ukamuterererana, uwayimuteye agacika. Aba nibo baza I Kigali bakora mu ngo no mu tubari ngo babesheho abana babo, ubundi bakaba indaya, ubonye igishoro gike akaba umuzunguzayi\u201d.<br \/>\nIkindi Barafinda akomozaho, ni amarondo yo mu cyaro adahemba, ndetse n\u2019inkoni z\u2019abayobozi(Nyakariro\/Rwamagana, Nyagisozi\/Nyanza, Rusayo\/Rusizi, Kamonyi); hagakubitiraho n\u2019amashuri ahenze. Ndlr, nubwo bavuga ko kwiga ari ubuntu, ngo amashuri yisumbuye uriha make ni ibihumbi 12, kandi ntibyoroshye kuyabona.<br \/>\n <strong>Barafinda yerekana na rukuruzi zizana abantu mu mujyi<\/strong><br \/>\nRukuruzi: Amashuri meza, inzego za Leta zirunze hamwe, ibikorwa remezo, kaminuza nyinshi , akazi(ubuyede, ubunyonzi, ikimotari, n\u2019irondo ry\u2019umwuga).  Ati \u201cAbikorera bose bari mu mujyi, amabanki n\u2019ibigo by\u2019ubwishingizi byose byibereye i Kigali\u201d.<br \/>\nUyu munyapolitiki utarahiriwe no kwakirirwa dosiye muri komisiyo y\u2019amatora ubwo yifuzaga kwiyamamariza kuyobora U Rwanda, anavuga abantu bamwe muri iki gihe batagaragaza amafranga batunze. \u201cAbantu bamwe ntibakibitsa amafranga mu mabanki, batinya ko bagenzurwa bakazwa aho bayakuye\u201d, kuri we ngo iyi nayo ni imbogamizi ku bukungu bw\u2019igihugu.<br \/>\nUmuti wa Barafinda ni ukohereza ibikorwa remezo mu byaro , kubaka yo za kaminuza, abategetsi bakibuka ko ariho nabo bavuye bakajya kubakayo imiturirwa bagatanga akazi. Hari n\u2019umuturage umwunganira avuga ko hakwiye \u201ckugabanywa imishahara y\u2019abayobozi hakagurwa imashini zuhira imyaka, bityo umuhinzi akajya ahora asarura igihe cyose\u201d.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nBwiza.com<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanga, umuhanzi utarahanzweho akaba n\u2019umunyapolitike itogota mu rutirigongo nk\u2019uko abyivugira, Barafinda Sekikubo Fred; kuri uyu wa gatandatu yagiranye ikiganiro na Radio Ubuntu butangaje, maze agaragaza ko mu cyaro hari ibibazo byinshi bisunika abantu bagana umujyi, aho hari za rukuruzi. Barafinda avuga ko n\u2019abayobozi benshi bakomoka mu cyaro ariko bagera I Kigali ntibarote gusubiza amaso inyuma [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8532","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanga, umuhanzi utarahanzweho akaba n\u2019umunyapolitike itogota mu rutirigongo nk\u2019uko abyivugira, Barafinda Sekikubo Fred; kuri uyu wa gatandatu yagiranye ikiganiro na Radio Ubuntu butangaje, maze agaragaza ko mu cyaro hari ibibazo byinshi bisunika abantu bagana umujyi, aho hari za rukuruzi. Barafinda avuga ko n\u2019abayobozi benshi bakomoka mu cyaro ariko bagera I Kigali ntibarote gusubiza amaso inyuma [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-17T10:40:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:57:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda\",\"datePublished\":\"2017-12-17T10:40:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:57:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532\"},\"wordCount\":537,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532\",\"name\":\"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-17T10:40:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:57:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8532#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda - BWIZA","og_description":"Umuhanga, umuhanzi utarahanzweho akaba n\u2019umunyapolitike itogota mu rutirigongo nk\u2019uko abyivugira, Barafinda Sekikubo Fred; kuri uyu wa gatandatu yagiranye ikiganiro na Radio Ubuntu butangaje, maze agaragaza ko mu cyaro hari ibibazo byinshi bisunika abantu bagana umujyi, aho hari za rukuruzi. Barafinda avuga ko n\u2019abayobozi benshi bakomoka mu cyaro ariko bagera I Kigali ntibarote gusubiza amaso inyuma [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-17T10:40:09+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:57:16+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda","datePublished":"2017-12-17T10:40:09+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:57:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532"},"wordCount":537,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8532#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532","name":"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-17T10:40:09+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:57:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8532"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8532#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hari rusunitsi zikura abantu mu cyaro, na rukuruzi zibazana mu mujyi, harimo n\u2019abayobozi- Barafinda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8532","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8532"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8532\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8532"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8532"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8532"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}