{"id":8533,"date":"2017-12-17T11:12:19","date_gmt":"2017-12-17T11:12:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/17\/rubavu-hifashishwa-imikino-mu-kurwanya-ibiyobyabwenge-na-sida-mu-rubyiruko-84148\/"},"modified":"2017-12-17T11:12:19","modified_gmt":"2017-12-17T11:12:19","slug":"rubavu-hifashishwa-imikino-mu-kurwanya-ibiyobyabwenge-na-sida-mu-rubyiruko-84148","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533","title":{"rendered":"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko"},"content":{"rendered":"<p>Bamwe mu rubyiruko rwahoze mu biyobyabwenge bakaza kwitabira imikino, bavuga siporo ariyo yatumye babireka, basubira mu mashuri n\u2019imirimo inyuranye kandi baniteza imbere.<\/p>\n<p>Duhimbazimana Elissa w\u2019imyaka 18 ubu ukina umupira w\u2019amaguru mu kigo cya Vision Jeunesse Nouvelle kiri mu mujyi wa Rubavu. Avuga ko mbere yanywaga ibiyobyabwenge ariko nyuma y\u2019aho yaziye muri icyo kigo, yabiretse ubu akaba yarasubiye ku ishuri akaba amaze no kugura inkoko 15 mu gihe mbere amafaranga yabonaga yayaguraga urumogi.<\/p>\n<p>Duhimbazimana akomeza avuga uburyo abatoza bagize uruhare kugira ngo areke kunywa urumogi ati \u201cabatoza banjye baranganirije banyereka inzira yo kuva mu biyobyabwenge ngakurikira umukino uko nazaga gukina n\u2019abandi niko twahuzaga tukaba inshuti\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uyu mukinnyi avuga ko ubu ari umunyeshuri wiga mu mwaka wa kabiri w\u2019amashuri yisumbuye, umwaka utaha akaba yiteguye kuzakora ikizamini cy\u2019abarangije icyiciro rusange (Tronc Commun) byose abikesha gukina umupira w\u2019amaguru ati \u201ciyo nza gukomeza kunywa inzoga n\u2019urumogi nta bwo nari gusubira mu ishuri ubu aho kugura ibiyobyabwenge amafaranga nabonye maze kuyaguramo inkoko 15\u201d.<\/p>\n<p>Duhimbazimana avuga ko nk\u2019umuntu ukina ku mwanya wa 11 afite intego yo kugera ku rwego rwo hejuru gukina bikaba umwuga umutunga mu bihe byose.<\/p>\n<p>Tuyiringire Aeron umutoza w\u2019ikipe y\u2019umupira w\u2019amaguru mu kigo cya Vision Jeunesse Nouvelle yavuze ko ibanga yakoresheje kugira ngo abana banywaga ibiyobyabwenge babireke ari ukubaganiriza akabereka ububi bwabyo.<\/p>\n<p>Bamwe mu bana banywaga ibiyobyabwenge, Vision Jeunesse Nouvelle yatoje ubu bafite amakipe bakinamo muri Rubavu barimo: Nyandwi Eric ukina mu ikipe itozwa na Vigureux, Duhimbazimana Elissa ukina mu ishuri ry\u2019umupira w\u2019amaguru rya College Inyemeramihigo, Ziada ukinira mu ikipe y\u2019ishuri ry\u2019umupira w\u2019amaguru rya College Inyemeramihigo n\u2019abandi. <\/p>\n<p>Kabayiza Paulin umuyobozi wungirije wa Vision Jeunesse Nouvelle yabwiye abanyamakuru ko iki kigo cyashinzwe muri 2002 na Frere Gabriel Rozzo gifite intego yo kwita ku rubyiruko kuko icyo gihe rwari rwugarijwe n\u2019ibiyobyabwenge.<\/p>\n<p>Imwe mu mikino yifashishwa mu kwita kuri uru rubyiruko ni: Karate, Taekondo, Beach Handball, Table Tennis, imikino ngororangingo (Athletisme), umupira w\u2019amaguru n\u2019indi.<\/p>\n<p>Ibi bikorwa bya siporo byunganirwa n\u2019itorero ribyina imbyino za Kinyarwanda, amatsinda abyina imbyino za kizungu (dance moderne) na Orchestre).<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019iki kigo ntibwemeza ko abana bareka ibiyobyabwenge 100%, \u201cintego yo kurwanya ibiyobyabwenge yagezweho nubwo atari ijana ku ijana babivuyemo baza mu matsinda nk\u2019abandi, ubu bari mu matsinda barizigamira byabaganutse ku rwego rwo hejuru\u201d.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n<a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Safi Emmanuel<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu rubyiruko rwahoze mu biyobyabwenge bakaza kwitabira imikino, bavuga siporo ariyo yatumye babireka, basubira mu mashuri n\u2019imirimo inyuranye kandi baniteza imbere. Duhimbazimana Elissa w\u2019imyaka 18 ubu ukina umupira w\u2019amaguru mu kigo cya Vision Jeunesse Nouvelle kiri mu mujyi wa Rubavu. Avuga ko mbere yanywaga ibiyobyabwenge ariko nyuma y\u2019aho yaziye muri icyo kigo, yabiretse ubu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[4],"tags":[],"class_list":["post-8533","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imikino-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu rubyiruko rwahoze mu biyobyabwenge bakaza kwitabira imikino, bavuga siporo ariyo yatumye babireka, basubira mu mashuri n\u2019imirimo inyuranye kandi baniteza imbere. Duhimbazimana Elissa w\u2019imyaka 18 ubu ukina umupira w\u2019amaguru mu kigo cya Vision Jeunesse Nouvelle kiri mu mujyi wa Rubavu. Avuga ko mbere yanywaga ibiyobyabwenge ariko nyuma y\u2019aho yaziye muri icyo kigo, yabiretse ubu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-17T11:12:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko\",\"datePublished\":\"2017-12-17T11:12:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533\"},\"wordCount\":407,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Imikino\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533\",\"name\":\"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-17T11:12:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8533#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko - BWIZA","og_description":"Bamwe mu rubyiruko rwahoze mu biyobyabwenge bakaza kwitabira imikino, bavuga siporo ariyo yatumye babireka, basubira mu mashuri n\u2019imirimo inyuranye kandi baniteza imbere. Duhimbazimana Elissa w\u2019imyaka 18 ubu ukina umupira w\u2019amaguru mu kigo cya Vision Jeunesse Nouvelle kiri mu mujyi wa Rubavu. Avuga ko mbere yanywaga ibiyobyabwenge ariko nyuma y\u2019aho yaziye muri icyo kigo, yabiretse ubu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-17T11:12:19+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko","datePublished":"2017-12-17T11:12:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533"},"wordCount":407,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Imikino"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8533#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533","name":"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-17T11:12:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8533"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8533#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8533","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8533"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8533\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8533"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8533"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8533"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}