{"id":8534,"date":"2017-12-17T11:31:24","date_gmt":"2017-12-17T11:31:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/17\/gufuha-ni-indwara-yo-kwikundira-mu-wundi-ariko-irakira\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:17","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:17","slug":"gufuha-ni-indwara-yo-kwikundira-mu-wundi-ariko-irakira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534","title":{"rendered":"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abakunda n\u2019abakundwa, Bwiza.com irabasuhuje ibifuriza kwirinda gufuha cyane, umukunzi muzima ni ubasha kubengukwa n\u2019umubonye, kuko utari bene uwo ntarabona umwihebera.Umugore yabwiye umugabo ati, \u00ab Ariko Kigali isigaye ibamo abakobwa beza gusa gusa \u00bb, umugabo aramusubiza ati, \u00ab None se ko ababi twabarongoye bakarangira ? \u00bb<\/em> <\/strong><br \/>\nNtawe utagira agashiha iyo atemberana n\u2019umukunzi, agatoki ku kandi bishimye, ariko bagera imbere hagacaho undi muntu mugenzi wawe akamukurikiza amaso, byanarimba akamwicira akajisho.<br \/>\nHari abumva isi ibaguye hejuru, ariko bibaho. Nyamara hari n\u2019abagore babenguka abandi, ati \u00ab dore agakobwa keza, mbega umugore wasokoje neza, reba umwana uberewe n\u2019iribaya \u00bb. Umugabo nawe ati, \u00ab Uyu mutiye azi kwiyogoshesha ubwanwa, dore ibituza bye, azi kujyanisha, atera imitoma \u00bb.<br \/>\nUbusanzwe gufuha ni ingeso iterwa no kwikundira muri mugenzi wawe, ukumva wamwiharira wenyine. Gufuha bihinduka rero uburwayi iyo uhorana impungenge z\u2019uko uwo wihebeye yaba akundwa cyangwa akunda undi.<br \/>\nIbi biba ku bagore n\u2019abagabo, kandi birababaza cyane, ariko wabirwanya bigakira.<br \/>\n <strong>Dore inama eshanu zagufasha kugabanya ifuhe(Zitangwa n\u2019umuhanga Asie K.)<\/strong><br \/>\n1.Kora urutonde rw\u2019ibigutera gufuha: Andika ibihe byose byatuma ufuhira incuti yawe, n\u2019impamvu zabyo. Ibi bizagufasha gusesengura impamvu zose, usange zimwe zidafite ishingiro, izindi muzifatire ingamba, haba mu mutwe no mu bikorwa.<br \/>\n2.Ishyire mu mwanya wa mugenzi wawe: Igihe cyose jya ureba ikiguteye gufuha, wibaze niba nawe kikubayeho mugenzi wawe yafuha koko.<br \/>\nNiba ufuhira ko telefoni ye isona nijoro, wibaze nawe baramutse baguhamagaye icyo wakora, niba kandi nawe yababara. Unazirikane ko yaba ahamagawe na Mama we cyangwa incuti ye ihuye n\u2019ibibazo muri iryo joro. Ibaze ku butumwa asoma muryamye kandi akabusubiza. Ibi bizagufasha gushyira mu gaciro kandi bitumen uruhuka muri wowe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n3.Mubiganireho: Ntugatinye kuganira na mugenzi wawe ku marangamutima nk\u2019aya. Mubwire ibigutera kwiyumva nabi byose, bigatuma ufuha. Mubwire ntacyo usize inyuma, kandi umubaze niba yiteguye kugira ibyo ahindura mu myitwarire ye.<br \/>\n4. Jya ugira ibyo ukora mutari kumwe: Temberana n\u2019inzindi ncuti nawe atemberane n\u2019ize, maze nimutaha muhurize hamwe, muganire uko byari bimeze kuri buri ruhande.<br \/>\nHari aho uzatungurwa no kuba mugenzi wawe yariho yivugira ibya Arsenal cyangwa Kiyovu, namwe mwaganiraga kuri modele zo kudodesha igitenge, igitoki kirimo ubunyobwa no kwisukisha; mbese bihabanye kure n\u2019iby\u2019abagabo cyangwa abagore.<br \/>\n5.Igarurire icyizere: Iyo gufuha byarenze(bikazamo kurwana n\u2019uwo ukeka ko akundana n\u2019uwawe, gutukana cyangwa kwihangana bikanga ukigunga), aba ari ikibazo cyo kutigirira icyizere.<br \/>\nAbakobwa n\u2019abagore batangira kwishinja ko batakiri beza, bashaje, batazi ubwenge, batambara ngo baberwe; mbese batagikurura abagabo. Uko babitekereza bakagira ngo n\u2019umugabo niko abibona.<br \/>\nKu bagabo nabo ugasanga araganya ngo ni uko atagira agafaranga gatubutse, afite imodoka ishaje cyangwa akora akazi kabi, nawe agakeka ko umugore ariko abibona. Ibyo ni ukutigirira icyizere.<br \/>\nNi ngombwa kwiyubakamo icyizere guhagije, ukibanda ku mbaraga ufite(ubwiza, ubwitonzi, amashuri, amafaranga), kurusha kwibaza ku ntege nke(kuba mugufi, igikara, imyaka myinshi).<br \/>\nIbi kandi birakunda iyo ufashe umwanya wo kwandika ibyo ubona biguhesha imbaraga, wanabibaza mugenzi wawe, uti, \u00ab Unkundira iki ? \u00bb.<br \/>\nIbyo akubwiye nizo mbaraga zawe. Na bagenzi bawe bandi wababaza, uzatungurwa n\u2019ibisubizo bazaguha(uzi kuganira, ukina agapira neza, useka neza, ushyira mu gaciro, uberwa n\u2019ikoti) n\u2019ibindi.<br \/>\nNaho ubundi nta mpamvu yo gufuha, ubuzima ni bugufi<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nKaregeya Jean <a href=\"mailto:Baptiste@Bwiza.com\">Baptiste@Bwiza.com<\/a><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abakunda n\u2019abakundwa, Bwiza.com irabasuhuje ibifuriza kwirinda gufuha cyane, umukunzi muzima ni ubasha kubengukwa n\u2019umubonye, kuko utari bene uwo ntarabona umwihebera.Umugore yabwiye umugabo ati, \u00ab Ariko Kigali isigaye ibamo abakobwa beza gusa gusa \u00bb, umugabo aramusubiza ati, \u00ab None se ko ababi twabarongoye bakarangira ? \u00bb Ntawe utagira agashiha iyo atemberana n\u2019umukunzi, agatoki ku kandi bishimye, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-8534","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abakunda n\u2019abakundwa, Bwiza.com irabasuhuje ibifuriza kwirinda gufuha cyane, umukunzi muzima ni ubasha kubengukwa n\u2019umubonye, kuko utari bene uwo ntarabona umwihebera.Umugore yabwiye umugabo ati, \u00ab Ariko Kigali isigaye ibamo abakobwa beza gusa gusa \u00bb, umugabo aramusubiza ati, \u00ab None se ko ababi twabarongoye bakarangira ? \u00bb Ntawe utagira agashiha iyo atemberana n\u2019umukunzi, agatoki ku kandi bishimye, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-17T11:31:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira\",\"datePublished\":\"2017-12-17T11:31:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534\"},\"wordCount\":540,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534\",\"name\":\"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-17T11:31:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8534#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira - BWIZA","og_description":"Abakunda n\u2019abakundwa, Bwiza.com irabasuhuje ibifuriza kwirinda gufuha cyane, umukunzi muzima ni ubasha kubengukwa n\u2019umubonye, kuko utari bene uwo ntarabona umwihebera.Umugore yabwiye umugabo ati, \u00ab Ariko Kigali isigaye ibamo abakobwa beza gusa gusa \u00bb, umugabo aramusubiza ati, \u00ab None se ko ababi twabarongoye bakarangira ? \u00bb Ntawe utagira agashiha iyo atemberana n\u2019umukunzi, agatoki ku kandi bishimye, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-17T11:31:24+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira","datePublished":"2017-12-17T11:31:24+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534"},"wordCount":540,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8534#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534","name":"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-17T11:31:24+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8534"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8534#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gufuha ni indwara yo kwikundira mu wundi, ariko irakira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8534","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8534"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8534\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8534"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8534"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8534"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}